BREAKING NEWS : Kagame Paul yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda n’amajwi 99.18%

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje mu buryo bwa burundu, ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite yabaye hagati ya tariki 14-16 Nyakanga 2024. Amajwi ya burundu agaragaza ko Paul Kagame ari we watorewe kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere aho yagize 99,18%. Frank Habineza yagize 0,50% mu gihe Mpayimana Philippe yagize 0,32% Mu kanya…

Read More

Ntago byumvikana kohereza abaganga benshi kwiga hanze y’igihugu ariko nubundi abarwayi bagakomeza kujya kwivuriza hanze : Perezida Kagame

Nyakubahwa Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahagiye kwagurirwa Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal, mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Iki ni igikorwa kandi cyitabiriwe na Visi Perezida ushinzwe ibijyanye n’Ibikorwa muri Susan Thompson Buffet Foundation, Prof Senait Fisseha, Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’Ubwubatsi Shelter Group Africa, Amine Tannouri n’abandi banyacyubahiro. Mu ijambo rya Perezida…

Read More

UGANDA: igipolisi cyagose ibiro by’ishyaka rya Bobi Wine nyuma yo kurishinja gushaka guteza imyigaragambyo

Igipolisi cy’igihugu cya Uganda cyagose ibiro by’ishyaka rikuru ryemera ko ritavuga rumwe n’ubutegetsi biherereye mu mukuru i Kampala. Umuvugizi w’igipolisi avuga ko iki ari icyemezo cyafashwe mu rwego rwo gucungira hafi imyigaragmbyo yo kwamagana leta iteganijwe ejo ku wa kabiri. Robert Kyagulani, azwi kw’izina rya Bobi Wine ,Mu butumwa yacishije ku rubuga rwa X rwahoze…

Read More

Dore iby’ingenzi wamenya ibi bizamini bya Leta bigiye gutangira ku munsi w’ejo

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’igenzura mu mashuri cyimaze gutangaza ku mugaragaro ko ibizamini bya leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ,imyuga n’ubumenyingiro, inderabarezi ndetse n’ibisoza amashuri y’isumbuye bizatangira ku mugaragaro ku munsi wejo .menya byinshi wibaza kuri ibizamini bya leta. Minisiteri y’uburezi ibicishije mu kigo cyiyishamikiyeho gishinzwe itegurwa ry’ibizamini bya leta ndetse n’igenzura…

Read More

Amakuru Mashya:Joe Biden yaretse kwiyamamaza;Kamara Harris niwe ugiye guhagararira aba Demokarate

Perezida joe Biden wari umaze igihe kinini avuga ko ashaka guhagararira ishyaka rye mu matora y’Umukuru w’igihugu azaba muri uku kwacumi nakumwe,birangiye abivuyemo ahezeza ikaze Kamara Harris ngo ahagararire aba Demokarate muri aya matora. Ibi yabitangaje kuri iki cyumweru ko atakiyamamaje muri aya matora, ibintu abenshi bafashe ko ari ikimenyetso cya Demokarasi kuko hari hashize…

Read More

Usibye Perezida Joe Biden, dore ibindi bikomerezwa bishyigikiye Kamala Harris nk’umukandida w’ishyaka ry’abademokarate

uretse perezida Joe Biden wahise atangaza ko ari nyuma ya Visi-Perezida Kamala Harris ndetse ko ari na we uba amahitamo ye mbere ku umukandida ugomba guhagararira Abademokarate mu matora y’umukuru w’igihugu, ibindi ibikomerezwa bitandukanye byo muri iri ishyaka nabyo batangaje ko biri inyuma ya Harris. Mbere na mbere ,Abaje ku isonga mu kwihutira mu gutangaza…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Ibandi kabuhariwe ryashakishwaga uruhindu na Leta ya Amerika ryararashwe naho Filipo wa mbere wa esipanye abona izuba

uyu munsi tariki 22 Nyakanga ni umunsi wa 204 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 162 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Ku wa Gatandatu tariki 22 Nyakanga /2023, abasirikare bagize umutwe urinda Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi biriwe mu mihanda y’umurwa mukuru, Kinshasa, biyereka abaturage babizeza ko bafite…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Emirates stadium yafunguwe ku mugaragaro naho Federico  Valverde Santiago Dipetta abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1912 Imikino Olempike nyuma yo kuvugururwa hakongerwamo andi moko y’imikino nko guterura ibiremereye n’ibindi yongeye kubera mu mujyi wa Stockholm muri Suwede. 1923 Henri Pelissier wo mu Ubufaransa yegukanye tour de france yabaga ku nshuro yayo ya cumi na karindwi. 1947 Imyaka 77 irashize…

Read More

BREAKING NEWS : Joe Biden yavuye mu byo guhagararira abademokarate mu matora ya perezida w’Amerika ahita yemeza Kamala Harris nk’umusimbura we

Kuri iki cyumweru, Perezida Joe Biden amaze gutangaza ko avuye mu irushanwa ryo guhanganira umwanya wa perezida wa Amerika mu matora agomba kuba mu mpera zo mu mwaka wa 2024 maze yemeza ko Visi Perezida Kamala Harris ari we watowe mu ishyaka ry’abademokarate. Ni nyuma y’ibyumweru byinshi Biden w’imyaka 81 yotswa igitutu n’abatari bake kugira…

Read More