APR FC inganyije na KMC FC mu mukino usoza amatsinda ya CECAFA Kagame Cup
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Nzeri 2025, ikipe ya APR FC ihagarariye u…
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Nzeri 2025, ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup, yanganyije igitego 1-1 na KMC FC yo muri Tanzania, mu mukino usoza amatsinda wabereye kuri KMC Stadium. Ni umukino wari utegerejwe n’abafana benshi, kuko wari ufite igisobanuro gikomeye ku mpande zombi. APR FC…
Intare za Atlas zizongera kugaragara muri mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cya 2026. Maroke (Morocco) yabaye igihugu cya mbere muri Afurika cyibonye itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Amerika ya Ruguru umwaka utaha, ibi yabigezeho nyuma yo gutsinda igihugu cya Niger ibitego 5-0 mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu. Iyi ntsinzi yahise ibahesha kuyobora itsinda…
Yampano, umwe mu bahanzi bagezweho mu Rwanda, yahishuye ko afite isezerano ryo kuzaba pasiteri. Icyakora, avuga ko asaba Imana imbaraga cyangwa impinduka mu kazi akora kuko asanga ibyo akora ubu bishobora gutuma abantu bamubona ukundi, ntibamwizere nk’umukozi w’Imana. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru IGIHE, Yampano yagize ati: “Njye mfite isezerano ryo kuzibera pasiteri ariko Imana izampindurire…
Mu gihe u Rwanda rwitegura umuhango ngarukamwaka wo Kwita Izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20, abashyitsi b’icyubahiro batangiye kugera mu gihugu, harimo abamamaye mu mupira w’amaguru ku rwego mpuzamahanga. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 3 Nzeri 2025, umwe mu bashyitsi bageze i Kigali ni Bacary Sagna, Umufaransa wahoze ari myugariro…
Ruben Loftus-Cheek, umukinnyi wo hagati ukinira AC Milan, yongewe mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza igiye kwitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, izabahuza na Andorra ndetse na Serbia. Ibi bibaye nyuma y’imyaka irindwi adahamagarwa, aho yaherukaga gukinira u Bwongereza mu Ugushyingo 2018, atsinda Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Loftus-Cheek w’imyaka 29 y’amavuko yigeze…
Igihe cyo kugura no kugurisha abakinnyi mu mpeshyi kiri kugana ku musozo, kikaba kigomba kurangirana n’itariki ya 1 Nzeri 2025. Amakipe atandukanye yo ku mugabane w’u Burayi ntiyazuyaje ngo ate umwanya mu gushimangira imbaraga zayo binyuze mu kugura abakinnyi b’ibyamamare ndetse no gukora amasezerano arimo ubwenge bwinshi. Ku ikubitiro reka duhere muri (Premier League) y’Abongereza:…
Abakinnyi batandatu bashobora kubura mu mukino wa Manchester United na Burnley ubwo Ruben Amorim araba yitezweho gufata icyemezo kigoye. Amwe mu makuru mashya yerekeye imvune za Manchester United ubwo ikipe y’umutoza Ruben Amorim iraba yitegura gukina na Burnley kuri uyu wa gatandatu. Abakinnyi bagera kuri batandatu bashobora kubura mu mukino wa Manchester United na Burnley…
Mu gihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda iteganyijwe gutangira ku wa 14 Nzeri 2025, AS Kigali ikomeje kwiyubaka, aho yamaze gusinyisha rutahizamu Jesus Ducapel Moloko kugira ngo azayifashe mu mwaka w’imikino wa 2025/26. Uyu mukinnyi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, afite imyaka 27, akina asatira anyuze ku mpande. Uyu yanyuze mu makipe akomeye…
Mu ijoro ryatunguye benshi, Manchester United yatsinzwe na Grimsby Town yo mu kiciro cya kane cy’umupira w’amaguru mu Bwongereza (League Two) muri Carabao Cup, nyuma yo gutsindwa kuri penaliti 12-11. Ni intsinzi yanditswe mu mateka ya Grimsby, ariko inakomeza kubiba icyizere gike mu mitima y’abafana ba United. Uyu mukino watangiye nabi kuri United, aho nyuma…
Mu gihe Uganda iri kwitegura imikino yo gushaka itike y’imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi cya 2026 , yamaze guhamagara abakinnyi izifashisha harimo babiri bakinira APR FC. Abahamagawe ni Ronald Ssekiganda ukina hagati mu kibuga yugarira ndetse na Denis Omedi ukina mu busatirizi. Uganda y’umutoza, Paul Put ifite imikino ibiri yose bazakinira Kampala harimo uwa Mozambique…