Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abdul Rahman Rukundo muri Rayon byi fashe gute kugeza ubu? Cameroon yapfushije umukinnyi wa y’ikiniye igihe kire kire
Orlando Pirates yo mu gihugu cya Africa yepfo yatanze agera ku USD $200,000 kugirango itwara Augustine Okejepha w’imyaka 20 ukomoka mu gihugu cya Nigeria usanzwe ukinira ikipe ya Rivers United gusa yaratinze cyane kuberako yamaze kumvikana na Simba SC.(#Micky Jr) Landry Nguémo umunya Cameroon wanyuze ma makipe menshi atandukanye yo ku mugabane w’iburayi arimo Bordeaux,…