Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abdul Rahman Rukundo muri Rayon byi fashe gute kugeza ubu? Cameroon yapfushije umukinnyi wa y’ikiniye igihe kire kire
![](https://daily--box.com/wp-content/uploads/2024/06/rukundo-4-77a41-1.webp)
Orlando Pirates yo mu gihugu cya Africa yepfo yatanze agera ku USD $200,000 kugirango itwara Augustine Okejepha w’imyaka 20 ukomoka mu gihugu cya Nigeria usanzwe ukinira ikipe ya Rivers United gusa yaratinze cyane kuberako yamaze kumvikana na Simba SC.(#Micky Jr)
Landry Nguémo umunya Cameroon wanyuze ma makipe menshi atandukanye yo ku mugabane w’iburayi arimo Bordeaux, Saint-Étienne y’itabye Imana kumyaka 38 y’ishwe n’impanuka y’Imodoka nk’uko byanemejwe n’ishyirahamwe ry’umupira wa maguru mu gihugu cya Cameroon FECAFOOT(BBC SPORTS AFRICA)
Umunya- Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Inonga Baka myugariro w’imyaka 30 agiye gusinya nku mukinnyi mushya w’ikipe ya AS FAR yo mu gihugu cya Morocco nyuma yo kubura igikombe cya shampiyona mu minsi ya nyuma.(#Micky Jr)
Fabrice Ondoa umunya-Cameroon w’imyaka 28 yamaze gusohoka mu ikipe ya kiniraga ya FK RFS yo mu gihugu cya Latvia yerekeza muri Latvia Riga FC uy’u muzamu wakabiri kuri Andre Onana mu ikipe y’igihugu ya Cameroon akaba yarazamukiye mu ishuri ry’Umupira wa magura rya Samuel Eto’o’s Academy. .(#Micky Jr)
Umukinnyi wo hagati ukomoka mu gihugu cy’u Burundi Abdul Rahman Rukundo yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Kamena, aho aje gushyira umukono ku masezerano y’imyaka ibiri akinira ikipe ya Rayon Sports.(#Daily Box)
Abanyeshuri bagera ku 145 bo mu ishuri rya World Mission bazamuwe mu ntera mu mukino wa Taekwondo, ni mu muhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki 27 Kanama 2024, aho iri shuri ribarizwa i Kagugu.(#Igihe)
Ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC yamaze kwemezako yamaze gusinyisha umusore ukomoka mu gihugu cya Ghana Richmond Nii Lamptey amasezerano y’imyaka ibiri Richmond Lamptey yavutse taliki 18 Werurwe 1997; ibisobanuye ko kuri ubu afite imyaka 27 y’amavuko.(#IMFURAYACU JEAN LUC)
Rayon Sports Ntirasinyisha Rukundo Abdllahman “PaPlay” kugeza n’anubu kubera ubushobozi bw’amafaranga , saa15h00’ hateganyijwe inama ihuza ubuyobozi bwa Rayon Sports n’ubuyobozi bwa Amagaju FC aho peresida w’ikipe ya Amagaju avugako bagomba guhabwa amafaranga y’uzuye kandi akokanya atari mu gihe cy’izaza. (#faustinho_simbigarukaho)
Gisubizo Merci ukinira APR VC wahagaritswe umwaka kubera gukubita umutoza we, yagabanyirijwe igihano bityo azasubira mu bikorwa bya volleyball muri Nyakanga 2024, Mu Ugushyingo 2023 ubwo APR VC yahuraga na Police VC mu Irushanwa Nyafurika ‘Zone V Club Championship 2023’ ryabereye muri BK Arena nibwo Gisubizo yakubise umutwe umutoza we wungirije.(#Igihe)
FERWAFA ifatanyije n’abatoza b’Abazamu batandukanye mu byiciro byose batangije gahunda yo gushaka impano z’abanyezamu bato (imyaka hagati ya 11-17) kugira ngo batangire gufashwa gukura ari abazamu beza bahabwa amahugurwa, banashakirwa aho bakomereza gukarishya impano zabo.(#Rwanda FA)