Twagirumukiza Janvier

Paper Talk[Europe]: Alejandro Garnacho  agiye gutungurana ave muri United, amakipe ari kuvugishwa  kubere murumuna wa Jude  Bellingham!

Chelsea irashaka gutwara umusore w’ikipe ya Newcastle United   Alexander Isak  w’imyaka 24 akaba akomoka mu gihugu cya Sweden gusa ifite urugamba rukomeye rwo kwishyura igiciro kirenga  agera kuri £115m rutahizamu bavanye mu gihugu cya Esipanye . (Mail) Arsenal birasa nk’ibigoye  cyane  ko  yazabona rutahizamu  ukomoka mu gihugu cya Guinea  Serhou Guirassy  wagize  umwaka mwiza cyane w’imikino  mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: APR FC izabatangaho arenga 338k $, Radja Nainggolan agiye kuza gukina muri Africa! FIFA yakubise akanyafu karemereye  ikipe ya Congo Brazaville

Orlando Pirates  yamaze kongerera amasezerano  umukinnyi wayo ukina hagati mu kibuga y’Ugarira Miguel Timm  w’imyaka 32 akaba azaba ari muri iy’ikipe kugera muri 2026  uy’Umusore  n’ubundi  ukomoka mu gihugu  cya Africa yepfo.(# Orlando Pirates ) Al Ahly  yamaze  kurangizanya  n’umusore  w’ikipe ya Al-Duhail SC  yo mu gihugu cya Qatar w’itwa Yousef Aymen w’imyaka 25 akaba…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea iri kurangizanya n’umusore wa Barcelona, amerekezo mashya ya Jadon Sancho

Tottenham Hotspur  y’umutoza  Ange postecoglou  barifuza cyane umusore w’ikipe ya Crystal Palace Eberechi Eze w’imyaka   25- ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza, uy’Umusore w’ibereye mu gihugu cy’Ubudage hamwe n’ikipe y’igihugu  y’Ubwongereza(Talksport) Brighton  nyuma yo gutandukana n’umutaliyani  Roberto de Zerbi  iri kwifuza cyane  umusore w’ikipe ya  Leicester City  w’imyaka  25-Kiernan Dewsbury-Hall ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  akaba akina…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Samuel Eto’o Fils ahanganye na CAF, Rayon Sports yemeje ko iri mu biganiro n’abakinnyi bane! APR FC transfer

Umukimo w’ishiraniro wari guhuza ikipe ya Al Ahly  n’ikipe Zamalek kuri uy’u wa kabiri byarangiye utabaye kuberako Zamalek  ibyifuzo bine  ya gejeje ku ishyirahamwe ry’umupira wa maguru mu gihugu cya Misiri b’itigeze bishyirwa  mu bikorwa  Al Ahly  yahawe amanota atatu imbumbe.(#King Fut) Mamelodi Sundowns  yo mu gihugu cya  Africa yepfo  mu rwego rwo kwitegura umwaka…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United igihe igomba kongerera amasezerano Ten Hag, icyo Arsenal itekereza kukuzana Pedro Neto!

Manchester United  irategura  kwemera gutanga   agera kuri 40m euro (£33.9m)  ku musore w’ikipe ya Bologna  Joshua Zirkzee, 23,  ukomoka mu gihugu cya  Netherlands ndetse  n’a myugariro   w’ikipe ya  Lille  w’imyaka  18-Leny Yoro  ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa. (Sky Sports) Manchester United   iratekereza kwemera gusinyisha  Joshua Zirkzee  igahita igurisha rutahizamu w’imyaka 22 umwongereza  Mason Greenwood. (I Sport) Everton iratekereza ko…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Kaizer Chiefs na APR FC z’iyoboye isoko ry’Africa, Ubuyobozi bwa Polic FC kuri Ojera baravuga iki?

Nyuma  yogusoza amasezeranoye muri Simba SC  Clatous Chama  umunya Zambia w’imyaka 33  ya n’aniwe kumvikana na Simba bigiye gutuma uy’u musore ukina hagati mu kibuga asohoka muri iy’ikipe  imaze imyaka itatu nta gikombe cya shampiyona itwara.(#The Citizens) Kaizer Chiefs  yo mu gihugu cya Africa yepfo n’imwe mu makipe arikwiyubaka  cyane nyuma yo kubona abatoza bashya …

Read More

Paper Talk[Rwanda&Euro]: Rayon na APR FC z’ikwiye kuyigiraho umwiherero bazawukorera mu Barabu, byasabye kwitabaza abasifuzi bo muri Esipanye!

Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania  irateganya gutangira imyitozo y’itegura umwaka utaha w’imikino (pre-season) ku italiki ya 05 nyakanga, 2024 ndetse  mu minsi mike  iy’ikipe imaze imyaka itatu  idatwara igikombe cya shampiyona  iraza gutangaza umutoza mushya wayo.(#African Football) Shampiyona y’igihugu cya Kenya yashyizweho  akadomo  ikipe ya Gor Mahia b’ishimira igikombe cyabo cya 21  mu…

Read More

Paper Talk[Europe]: Rashford haribyo ateganyiriza Ten Hag, umwanzuro wa Xavi Simons kuhazazahe, ikerecyezo cya Raphael Varane

Manchester United n’ikipe ya  Tottenham Hotspur  n’amakipe  abiri  yo  mu gihugu cy’Ubwongereza  y’ifuza umusore w’imyaka  24  w’ikipe ya Lille Jonathan David ukomoka mu gihugu cya  Canada aya makipe yose akeneye ma rutahizamu . (Sky Sports) Wolverhampton Wanderers irashaka  agera kuri   £45m  kuri myugariro wayo  Max Kilman  w’ifuzwa cyane n’ikipe ya West Ham United  bwambere ikaba yari…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Dushobora kubona abatoza baremereye batoje Rayon bayigarukamo! Gahunda yo kwigurira Kevin igezehe?

Nasreddine Nabi kumugaragaro yamaze kuba umutoza  mushya  w’ikipe  ya  Kaizer Chiefs yo mu gihugu cya Africa yepfo akaba yasinye amasezerano y’imyaka ibiri  ishobora kongerwaho umwaka umwe wa masezerano, Fernando Da Cruz  n’awe  yamaze gusesekara muri Africa yepfo  aho azaba umutoza wungirije.(#Micky Jr) Abubeker Nassir umunya Ethiopia  w’imyaka 24 yamaze gutandukana n’ikipe ya  Mamelodi Sundowns yo…

Read More

Abakwiye ikipe y’ingabo z’Igihugu nka APR FC batangiye ku hasesekara bahereye kumutoza wajyanye ikipe mu matsinda y’imikino nya Africa!

Nyuma  y’uko ikipe ya APR FC  isoje umwaka w’imikino  wa 2023/2024  igahitamo gutandukana n’uwari  umutoza wayo Umufaransa Thierry Froger  yamaze kubona umutoza mushya  umunya Serbia  w’imyaka 52 Darko Novic. Ikipe y’ingabo z’igihugu  “APR FC “  izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League mu mwaka utaha w’imikino ifite intego z’iremereye zo kugera  mumatsinda nyuma…

Read More