Watch Loading...
EuropeHomePaper Talk

Paper Talk[Europe]: Chelsea iri kurangizanya n’umusore wa Barcelona, amerekezo mashya ya Jadon Sancho

Tottenham Hotspur  y’umutoza  Ange postecoglou  barifuza cyane umusore w’ikipe ya Crystal Palace Eberechi Eze w’imyaka   25- ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza, uy’Umusore w’ibereye mu gihugu cy’Ubudage hamwe n’ikipe y’igihugu  y’Ubwongereza(Talksport)

Brighton  nyuma yo gutandukana n’umutaliyani  Roberto de Zerbi  iri kwifuza cyane  umusore w’ikipe ya  Leicester City  w’imyaka  25-Kiernan Dewsbury-Hall ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  akaba akina hagati mu kibuga. (Telegraph – subscription required)

Arsenal yatangiye gukurikirana umusore ukinira ikipe y’Igihugu y’Ububiligi  Johan Bakayoko- 21 gusa ufie umubyeyi w’Umunyarwanda n’undi ukomoka mu gihugu cya Côte d’Ivoire  akaba asanzwe akinira ikipe   PSV Eindhoven. (DHNet – in French)

Bayern Munich ira cyakomeje  gukurikirana umusore w’ikipe ya Fulham  w’imyaka  28  Joao Palhinha  gusa ikipe ya Bayern Munich  amafaranga iri gutanga n’imake cyane ugereranyije  n’ayo Fulham  y’ifuza angana £60m. (Telegraph – subscription required)

Aston Villa y’Umutoza ukomoka mu gihugu cya Esipanye Unai Emery ikomeje kwifuza cyane Pedro Goncalves  w’imyaka 25  akaba mababa w’ikipe ya Sporting Lisbon  yo mu gihugu cya Portugal . (A Bola – in Portuguese)

Ipswich Town nyuma yo kuzamuka mu cyiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza  ikomeje ibiganiro ndetse b’igeze n’akure cyane byo gutwara Ben Johnson  myugariro w’imyaka 24 ya mavuko  ugiye gusoza amasezerano ye mu ikipe ya  West Ham United mu cyumweru kigiye kuza . (East Anglian Daily Times)

Manchester United  icyari muri gahunda ndetse ikomeje ibiganiro byo gutwara Umufaransa Adrien Rabiot  gusa ihanganye n’amakipe atatu by’ibuze yo mu gihugu cy’Ubwongereza barimo  Arsenal ndetse na Aston Villa uy’Umufatansa  w’imyaka  29. (Teamtalk)

Nottingham Forest  ndetse n’ikipe ya  Brighton z’irifuza gutwara umusore ukomoka mu gihugu  cya Ghana w’itwa  Edmund Baidoo akaba afite imyaka  18- gusa ya mavuko. (Sky Sports)

Barcelona ishobora gutekereza  gutwara umusore w’imyaka 24 Jadon Sancho  nyuma yo gutizwa mu ikipe ya Borussia Dortmund mu kwezi kwa mbere kwa 2024 uy’Umusore ukomoka  mu gihugu cy’Ubwongereza  wa Manchester United. (Sport – in Spanish)

Chelsea ikomeje kujya mbere mu rugamba rwo gusinyisha umusore w’ikipe ya  Barcelona  ukomoka mu gihugu cya Esipanye Marc Guiu rutahizamu w’imyaka 18  doreko afite amafaranga amusohora (release clause) muri Barcelona angana 6m euro. (Fabrizio Romano)

West Ham United  y’iteguye kureka umwongereza wayo  akaba n’a rutahizamu Danny Ings, 31,  akazasohoka muri iy’Impeshyi  akaba anifuzwa cyane n’ikipe ya Southampton izakina icyiciro cya mbere  muri shampiyona ya bongereza Premier League  (Football Insider)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *