Paper Talk[Europe]: Rashford haribyo ateganyiriza Ten Hag, umwanzuro wa Xavi Simons kuhazazahe, ikerecyezo cya Raphael Varane
Manchester United n’ikipe ya  Tottenham Hotspur  n’amakipe  abiri  yo  mu gihugu cy’Ubwongereza y’ifuza umusore w’imyaka 24 w’ikipe ya Lille Jonathan David ukomoka mu gihugu cya  Canada aya makipe yose akeneye ma rutahizamu . (Sky Sports)
Wolverhampton Wanderers irashaka agera kuri £45m kuri myugariro wayo Max Kilman w’ifuzwa cyane n’ikipe ya West Ham United bwambere ikaba yari y’ishyuye agera kuri £25m gusa ntibyakunda kuri uy’umusore w’imyaka 27. (Guardian)
Birasa nk’ibyarangiye umunya Brazil Douglas Luiz, 26, agomba kwerekeza mu ikipe ya Juventus avuye mu ikipe ya Aston Villa aho Villa biteganyijwe ko izahabwa abakinnyi babiri barimo Umwongereza Samuel Illing-Junior, 20,ndetse n’umunya Argentine ukina hagati mu ikibuga Enzo Barrenechea, 23, bakongerwa na £25m. (Mail)
Manchester United yatanze intangamarara  mu ikipe ya Lille yo mu gihugu cy’Ubufaransa kumusore w’imyaka 18  Leny Yoro akaba myugariro mwiza mu gihugu cy’ubufaransa gusa n’anone Real Madrid ifite amahirwe menshi yo gutwara uy’umusore. (Sky Sports)
Inter Miam iyo muri shampiyona ya Leta zunze Ubumwe  za  America  irashaka gutwara Raphael Varane  myugariro ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa uherutse gutandukana n’ikipe ya Manchester United dore ko n’ubundi ageze mu myaka mikuru imyaka  31. (Mirror)
Manchester United nyuma y’uko ikomeje ku  n’anizwa cyane n’ikipe ya Newcastle United kukuba yabona  Dan Ashworth  United  yamaze gufata umwanzuro y’uko ishobora kuzategereza amezi icyenda akabona kumutwara (Sun)
Umudage akaba myugariro wahoze akina hagati mu kibuga Joshua Kimmich ntamahirwe ahari menshi yo kongera amasezerano mu ikipe ya Bayern Munich doreko amasezerano ye mu ikipe ya Bayern azangira muri 2025 gusa iy’ikipe ishobora kuzahitamo kumugurisha muri iy’impeshyi . (Sky Sport Germany)
Umunya Netherlands  Xavi Simons  ngo yaba yabyiye ikipe ya Paris St-Germain ko ashaka kuyisohokamo muri  iy’impeshyi  gusa  Bayern Munich  irifuza kuba yamutwara mu buryo bw’intizanyo gusa harimo amahitamo yo kumutwara mu buryo bw’aburundu gusa n’anone   RB Leipzig  n’ayo  irifuza kugumana uy’umusore w’imyaka  21 . (Fabrizio Romano)
Juventus ifite gahunda yo gukoresha rutahizamu wayo Federico Chiesa, 26, muri gahunda yo kwegukana umusore w’ikipe ya Manchester United Mason Greenwood Umwongereza w’imyaka 22 nyuma yo gusoza amasezerano y’intizanyo mu ikipe ya Getafe muri Espanye (La Gazzetta dello Sport – in Italian)
Rutahizamu w’Umwongereza  Marcus Rashford, 26,  ngo arashaka kuvugurura umubano na Erik ten Hag nyuma y’uko uy’umutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubuhorandi  b’itangajwe ko azakomezanya n’ikipe ya  Manchester United mu mwaka utaha w’imikino. (Sun)