Watch Loading...
EuropeHomePaper Talk

Paper Talk[Europe]: Rashford haribyo ateganyiriza Ten Hag, umwanzuro wa Xavi Simons kuhazazahe, ikerecyezo cya Raphael Varane

Manchester United n’ikipe ya  Tottenham Hotspur  n’amakipe  abiri  yo  mu gihugu cy’Ubwongereza  y’ifuza umusore w’imyaka  24  w’ikipe ya Lille Jonathan David ukomoka mu gihugu cya  Canada aya makipe yose akeneye ma rutahizamu . (Sky Sports)

Wolverhampton Wanderers irashaka  agera kuri   £45m  kuri myugariro wayo  Max Kilman  w’ifuzwa cyane n’ikipe ya West Ham United  bwambere ikaba yari y’ishyuye  agera kuri   Â£25m gusa ntibyakunda  kuri uy’umusore w’imyaka  27. (Guardian)

Birasa nk’ibyarangiye umunya  Brazil Douglas Luiz, 26, agomba kwerekeza mu ikipe ya   Juventus  avuye mu ikipe ya Aston Villa aho  Villa biteganyijwe ko izahabwa abakinnyi babiri  barimo Umwongereza Samuel Illing-Junior, 20,ndetse  n’umunya  Argentine ukina hagati mu ikibuga  Enzo Barrenechea, 23, bakongerwa  na  £25m. (Mail)

Manchester United  yatanze intangamarara  mu ikipe ya Lille yo mu gihugu cy’Ubufaransa kumusore w’imyaka 18   Leny Yoro akaba myugariro  mwiza mu gihugu  cy’ubufaransa gusa n’anone  Real  Madrid  ifite amahirwe menshi yo gutwara uy’umusore. (Sky Sports)

Inter Miam iyo muri shampiyona ya Leta zunze Ubumwe  za  America  irashaka gutwara Raphael Varane  myugariro ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa  uherutse gutandukana n’ikipe ya Manchester United  dore ko n’ubundi  ageze mu myaka mikuru imyaka  31. (Mirror)

Manchester United nyuma y’uko ikomeje ku  n’anizwa cyane  n’ikipe ya Newcastle United kukuba yabona  Dan Ashworth  United  yamaze gufata umwanzuro y’uko ishobora kuzategereza amezi icyenda akabona kumutwara (Sun)

Umudage akaba  myugariro wahoze akina hagati  mu kibuga Joshua Kimmich ntamahirwe ahari  menshi yo kongera amasezerano mu ikipe  ya Bayern Munich  doreko amasezerano ye mu ikipe ya Bayern azangira  muri 2025 gusa iy’ikipe ishobora  kuzahitamo kumugurisha muri iy’impeshyi . (Sky Sport Germany)

Umunya Netherlands  Xavi Simons  ngo yaba yabyiye ikipe ya Paris St-Germain ko ashaka kuyisohokamo muri  iy’impeshyi  gusa  Bayern Munich   irifuza kuba yamutwara  mu buryo bw’intizanyo gusa harimo amahitamo yo kumutwara mu buryo bw’aburundu  gusa n’anone   RB Leipzig  n’ayo  irifuza kugumana uy’umusore w’imyaka  21 . (Fabrizio Romano)

Juventus   ifite gahunda yo gukoresha rutahizamu wayo  Federico Chiesa, 26,  muri gahunda  yo kwegukana umusore w’ikipe ya Manchester United  Mason Greenwood Umwongereza w’imyaka 22 nyuma yo gusoza amasezerano  y’intizanyo  mu ikipe ya Getafe  muri Espanye  (La Gazzetta dello Sport – in Italian)

Rutahizamu w’Umwongereza  Marcus Rashford, 26,  ngo arashaka  kuvugurura  umubano  na Erik ten Hag nyuma y’uko  uy’umutoza  ukomoka mu gihugu  cy’Ubuhorandi   b’itangajwe ko azakomezanya n’ikipe ya  Manchester United mu mwaka utaha w’imikino. (Sun)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *