TODAY IN HISTORY: taliki ya 25/kanama, Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae naho umukinnyi wa amafilime w’umuhindekazi Karisma Kapoor abona izuba

Uyu munsi ku wa kabiri,Taliki ya 25/Kanama 2024 ni umunsi wa 177 w’umwaka ubura iminsi 189 ngo urangire. Reka turebere hamwe ibyaranze uyu munsi mu mateka y’isi muri rusange : 253: Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae. 1678: Venetian Elena Cornaro Piscopia, ukomoka muri Repubulika ya Venice ubu ni mu gihugu cy’u Butaliyani…

Read More

EUROPEAN TRANSFERS: Umuholandi Ruud van Nistelrooy wahoze ukinira Manchester united agiye kugaruka kuyitoza

Umuholandi Ruud van Nistelrooy wahoze ukinira Manchester united biravugwa ko ashobora kugaruka muri iyi ikipe nk’umwe mu bazaba bagize itsinda rigari ryungirije umutoza mukuru Eric Tenhag. Nubwo ubuyobozi bwite bwa Manchester united bwirinze kugira ibyo butangaza kuri aya amakuru,gusa bimwe mu binyamakuru bigiye bikomakomeye byo mu buholandi byatanganje ko uyu munyabigwi w’iyi ikipe yaba yaregerewe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Kaizer Chiefs na APR FC z’iyoboye isoko ry’Africa, Ubuyobozi bwa Polic FC kuri Ojera baravuga iki?

Nyuma  yogusoza amasezeranoye muri Simba SC  Clatous Chama  umunya Zambia w’imyaka 33  ya n’aniwe kumvikana na Simba bigiye gutuma uy’u musore ukina hagati mu kibuga asohoka muri iy’ikipe  imaze imyaka itatu nta gikombe cya shampiyona itwara.(#The Citizens) Kaizer Chiefs  yo mu gihugu cya Africa yepfo n’imwe mu makipe arikwiyubaka  cyane nyuma yo kubona abatoza bashya …

Read More

FULL REPORT: Uko umunsi wa gatatu wo kwiyamamaza wagenze kuba kandida bose kumwanya w’umukuru w’Igihugu n’agahunda y’umunsi wa kane

Ku munsi wa gatatu wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza mu ntara y’uburasirazuba mu turere twa…

Read More

UKRAINE – RUSSIA WAR: uburusiya bwashinje Amerika kugira uruhare rutaziguye mu gitero cyabugabweho kigahitana abatari bake

Uburusiya burashinza leta zunze ubumwe z’Amerika ipfu z’abantu bane batakarije ubuzima mu gitero cya misile cyatewe mu gace ka Sevastopol kari ku butaka bwigaruriwe n’uburusiya bwa Crimée kuri iki cyumweru. Uburusiya bwashinje Amerika kuba nyirabayazana w’ingaruka”z’igitero cya misile cyo muri Ukraine cyagabwe kuri Sevastopol mu gace Crimée kari mu maboko y’ubarusiya,kuri ubu abayobozi bavuga ko…

Read More

DR CONGO: perezida Tshisekedi nyuma yo kutizera ingabo za congo amaze kumanura abacanshuro bo kumurinda

perezida Félix Tshisekedi yamaze kongera umubare w’abashinzwe umutekano ku buryo bwihariye ,aho yazanye ingabo kabuhariwe zikomoka ku mugabane w’iburayi nyuma ya Coup d’état yo muri gicurasi yaburijwemo. Ni icyemezo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo kitavuzweho rumwe byumwihariko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe kuko ngo izi ngabo zikoresha ingengo y’imari ihanitse cyane…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki 24/Kamena, Lionel Messi yavutse uyu munsi naho Abakinnyi b’abakobwa basiganwa ku maguru bemerewe guhatana mu mikino Olempike yabereye mu barabu.

Uyu munsi ku wa mbere,Taliki ya 24/Kanama 2024 ni umunsi wa 176 w’umwaka ubura iminsi 190 ngo urangire. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1922 Ishyirahamwe ryumupira wamaguru wabanyamerika[American Professional Football Association] yahinduriwe iri izina yitwa Ligue yumupira wamaguru [ National Football League] 1968, mu iteremakofe ,Joe Frazier yahigitse umurywanyi wo muri Mexico Manuel Ramos…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki 24/kamena,Jiang Zemin yabaye Perezida w’u Bushinwa,abanyarwanda berekanye ko barambiwe ingabo z’u Bufaransa zabarizwaga mu Burengerazuba bw’u Rwanda na Jeanne de Valois abona izuba

Uyu munsi ku wa mbere,Taliki ya 24/Kanama 2024 ni umunsi wa 176 w’umwaka ubura iminsi 190 ngo urangire. Itariki ya 24 Kamena ni umunsi Abanyarwanda berekanye ko barambiwe ingabo z’u Bufaransa zabarizwaga mu Burengerazuba bw’u Rwanda no mu bice bya Goma na Bukavu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Icyo gihe abaturage barenga ibihumbi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Euro]: Rayon na APR FC z’ikwiye kuyigiraho umwiherero bazawukorera mu Barabu, byasabye kwitabaza abasifuzi bo muri Esipanye!

Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania  irateganya gutangira imyitozo y’itegura umwaka utaha w’imikino (pre-season) ku italiki ya 05 nyakanga, 2024 ndetse  mu minsi mike  iy’ikipe imaze imyaka itatu  idatwara igikombe cya shampiyona  iraza gutangaza umutoza mushya wayo.(#African Football) Shampiyona y’igihugu cya Kenya yashyizweho  akadomo  ikipe ya Gor Mahia b’ishimira igikombe cyabo cya 21  mu…

Read More