Rayon sports yabagore binyuze mu bwumvikane yatandukanye n’abakinnyi umunani

Ikipe ya Rayon Sports y’Abagore yatandukanye n’abakinnyi 8 ,umutoza umwe ndetse n’umuganga. Iyi kipe yatwaye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere n’igikombe cy’Amahoro ku mwaka wa yo wa mbere, irashaka kwiyubaka birenze uko yari imeze umwaka ushize. Rayon Sports izahagararira u Rwanda mu mikino ya CECAFA izaba muri Kanama 2024 muri Ethiopia aho bazaba bashaka…

Read More

Umweyo muri APR FC: Bane baretswe umuryango,igumana babiri

APR FC yashimangiye ko yatandukanye na Omborenga Fitina, Ishimwe Christian, Bizimana Yannick na Rwabuhihi Placide, mu gihe yongereye amasezerano y’imyaka ibiri myugariro Niyigena Clement na Nshimiyimana Yunussu. Ba myugariro Rwabuhihi Aime Placide, Omborenga Fitina, Ishimwe Christian ndetse na rutahizamu Bizimana Yannick ni bo APR FC yasezeyeho nubwo byari bizwi ko batazakomezanya n’iyi kipe. Iyi kipe…

Read More

EURO 2024: Portigal ya Cristiano Ronaldo igiye kumanuka mu kibuga mu kanya na ekipe y’igihugu ya repubulika ya czechia[Full report]

Ikipe y’iguhugu ya Portigal iri muzihabwa amahirwe yo gutwara Euro 2024 iraza kumanuka mu kibuga ku i saha y’i saa tatu,aho iraza kuba ihanganye na ekipe y’igihugu ya repubulika ya czechia kuri sitade Red Bull Arena isanzwe ikinirwaho n’ikipe ya RB Leipzig ya hariya mu budage. Ni umukino wa mbere w’ikipe y’igihugu ya Portigal la…

Read More

EURO 2024:ikipe y’igihugu y’Ababiligi bakubiswe kimwe kitishyurwa maze bataha bimyiza imoso

Mukanya gashize ikipe y’igihugu y’ububiligi imaze gutsindwa kimwe kitishyurwa n’ikipe y’igihugu ya Romaniya mu mukino wayo wa mbere wa Euro 2024 iri kubera mu gihugu cy’ubudage. uyu wari umukino wa mbere w’ikipe y’iguhugu y’ububiligi ndetse ukaba n’umukino wa kabiri mu itsinda rya gatanu [E] riherereyemo amakipe nka Romaniya bari bahuye ,slovakia ,Ukraine ndetse n’ububiligi .Uyu…

Read More

TODAY IN HISTORY:taliki ya 17/Kamena,Ingabo zahoze ari RPA zabohoye Umujyi wa Gisenyi,Statue of Liberty yashyizwe i New York,Perezida Richard Nixon wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje intambara

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku wa mbere ,Tariki 17/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 169 mu igize umwaka, hasigaye 197 ukagera ku musozo.  Tariki ya 17 kamena ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya iyaguka ry’ubutayu n’amapfa (World Day to Combat Desertification and Drought). Uyu munsi washyizweho ku itariki ya 30 Mutarama,…

Read More

EURO 2024: Rya buye ryanzwe n’abubatsi niryo rikomeje imfuruka,Wout Weghorst afashije ubuholandi kwikura imbera ya Polonye

ikipe y’igihugu y’ubuholandi ibonye intsinzi imbere y’ikipe y’igihugu ya polonye nyuma yo kuyitsinda ibitego bibiri kuri kimwe mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’uburayi cyiri kubera mu gihugu cy’ubudage. Uyu wari umukino ubanza mu itsinda D ry’iyi imikino y’iburayi iri kubera mu gihugu cy’ubudage,ukaba wayobowe n’umusifuzi witwa Arur Diaz ukomoka mu gihugu cya Portigal ubera kubera…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 14/Kamena,Abatutsi barenga 2000 barokorewe muri Saint Paul n’ingabo z’Inkotanyi, Tupac Amaru Shakur na John Churchill

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 16/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 168 mu igize umwaka, hasigaye 198 ukagera ku musozo. 1567 Mariya, Umwamikazi wa Scotland, yafungiwe mu kigo cya Lochleven, muri ecosse. 1624 Virginia ihinduka ubukoloni bwikamba ryicyongereza nyuma yo guhomba kwa Sosiyete ya London. 1746 Intambara yabereye…

Read More

Abajyanama b’ubuzima bagera ku 8000 bahuye n’umukuru w’igihugu bishimira ibyagezweho

Ni kuri uyu wa gatandatu, aho aba bajyanama bahuriye na Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame muri BK Arena,bashimirwa umurimo wabo wa buri munsi. Ni ibirori byabanjirijwe no gutarama ndetse no kuganira mu nzego zitandukanye z’ubuzima,Aho hibukijwe uruhare rw’umujyanama w’ubuzima ku buzima n’imibereho by’abanyarwanda. Nyakubahwa perezida wa Repubulika, yibukije ko akazi inzego z’ubuzima zikora karenze…

Read More

EURO 2024: Germany Vs Scotland ,amateka hagati y’ibihugu,amakuru avugwamo ,11 bashobora kubanzamo n’imvamutima z’abatoza n’abakinnyi

Ikipe y’igihugu y’ubudage[ Die Nationalmannschaf] kuri uyu wa kane igiye kwakira ikipe y’igihugu ya Ecosse cyangwa Scotland kuri sitade mberabyombi ya Fußball Arena München iherereye mu mujyi wa Munich ku isaha y’i saa tatu z’ijoro z’i kigali mu Rwanda no mu Bujumbura mu Burundi ,uyu uraza kuza kuba ari umukino ifungura irushanwa ku mugaragaro rya…

Read More

Rayon Sports ifasha umwanzuro wa kigabo, ikura amashyiga y’inyuma muri bamukeba yerekana ko y’iteguye urugamba rw’amahoro!

Ikipe ya Rayon sports iri kwitegura  urugamba izakinabo n’ikipe y’igingabo z’igihugu APR FC yamaze kwibikaho abandi bakinnyi babiri barimo Fitina Omborenga na Muhadjiri Hakizimana kuva kuri bamukeba APR FC na Police FC. Nyuma yogutandukana n’abakinnyi benshi biganjemo ababanyamahanga ndetse n’abanyarwanda harimo n’uwagiye muri mukeba Tuyisenge Arsene ndetse no kugira Umwaka mubi w’imikino wa 2023/2024 Kubera…

Read More