ECUADOR : toni 6 za cocaine zasanzwe muri kontineri zari zijyanye ibitoki mu budage

Polisi ya Ecuador yatangaje ko imbwa zicunga umutekano zo mu bwoko bwa Sniffer zasanze toni 6.23 za cocaine zihishe mu ibitoki byari bigiye koherezwa mu mahanga. Polisi yavuze ko basanze ibiyobyabwenge byinshi bya Cocaine mu gihe cyo kugenzura buri kontineri yagombaga koherezwa ku cyambu cy’amazi maremare ya Posorja mu majyepfo y’iburengerazuba bw’umujyi munini wa Ecuador…

Read More

APR FC imanuye abataka babiri bakomoka muri Nigeria

APR FC biravugwa ko iri mu biganiro n’aba rutahizamu bagera kuri babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria kugira ngo bazayifashe mu mwaka w’imikino utaha wiganjemo amarushanwa nyafurika iyi ikipe y’ingabo z’igihugu izitabira.  ikipe y’ingabo z’igihugu yamaze kumvikana byose na rutahizamu wa Enugu Rangers yo muri Nigeria witwa Chidiebere Johnson Nwobodo kuzayikinira mu mwaka w’imikino utaha….

Read More

BREAKING NEWS : imyirondoro y’uherutse kurasa Donald Trump yamaze kujya ahagaragara

Urwego rwa Leta zunze ubumwe z’Amerika rw’ubugenzacyaha [FBI] rumaze gutangaza ku mugaragaro imyirondoro y’uwashatse kwica Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika mu gihe yarimo yiyamariza mu leta ya Pennsylvania. Agace gato ka Pittsburgh gaherereye muri parike ya Beteli muri Pennsylvania karahangayitse nyuma yuko FBI ivuze ko umusore uhakomoka witwa Thomas Matthew Crooks, ari we…

Read More

Ibisigisigi bya EURO 2024: abatoza batatu bagomba gusimbura Gareth Southgate bamaze kumenyekana

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu bwongereza [FA] ryemeje ko rigiye gushaka umutoza ugomba gusimbura Gareth Southgate nyuma y’uko Southgate agiye gutandukana n’iyi ikipe. Abatoza barimo Eddie Howe, Graham Potter, Lee Carsley na Mauricio Pochettino bari mu bahatanira kuba bakwegukana uyu mwanya.Southgate azagirana ibiganiro n’abayobozi be ba FA mu minsi iri imbere ikurikira ijoro ryo gutsindwa na…

Read More

Nta Guy Bukasa  muri Rayon Sports , Ubuyozi bwa Rayon Sports bwanyomoje amakuru y’umutoza mushya wavugwagamo!

Umunye-Congo Guy Bukasa  watozaga ikipe ya AS Kigali mu mwaka ushizwe w’Imikino byavugwaga ko ari munzira zinjira muri Rayon Sports  ayo makuru yabeshyujwe ahubwo Rayon Sports ikomeje gushaka umutoza mushya. Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kutagira umwaka mwiza w’Imikino wa 2023-2024 aho yasoje nta gikombe na kimwe itwaye  mu bikomeye mu Rwanda haba icy’amahoro…

Read More

Manchester united yemeje ko imaze gusinyisha rutahizamu Joshua Zirkzee

Manchester United yemeje ko yasinyishije rutahizamu wa Bologna Joshua Zirkzee kuri miliyoni 36.5 Z’amayero. Uyu mukinnyi w’imyaka 23 w’umuholandi yasinyanye amasezerano y’imyaka itanu na Manchester united agomba kugeza muri Kamena 2029 ndetse hakaba harimo n’indi ngingo yo kuba yakongererwa andi mezi 12 y’amasezerano mu gihe aya maremare yaba ageze ku musozo. uyu abaye umukinnyi wa…

Read More

Umunye -congo watozaga Rayon sports mu myaka itatu ishize ashobora kuba agiye kuyigarukamo nk’umutoza mukuru nanone!

Guy Bukasa ashobora kongera kwisanga ari umutoza wa Rayon sports yigeze gutozaho mu mwaka wa 2021,aho biteganijwe ko ntagihindutse azahita azasinya umwaka umwe w’amasezerano. Amakuru agera kuri daily box avuga ko Bukusa Guy ukomoka mu gihugu cya repubulika iharanira demokarasi ya Kongo ari mu mazina aza ku isonga mu yafite amahirwe yo kuba yasimbura umufaransa…

Read More

KENYA : abapolisi bamwe bakuwe mu birindiro mu gihe bari gukorwaho iperereza rifitanye isano n’imirambo yabonetse mu myanda mu minsi ishize

igipolisi cya kenya cyatangaje ko abapolisi bakoreraga mu gace katoraguwemo imirambo mu minsi ishize bimuwe bakajyanwa gukorera mu kandi gace kugira ngo batabangamira iperereza rikomeje kubakorwaho nyuma y’uko bakomeje gushyirwa mu majwi n’abatari bake mu ku kuba bari inyuma y’ubu bwicanyi. Umugenzuzi mukuru w’igipolisi w’agateganyo wa Kenya yavuze ko abapolisi bari kuri sitasiyo ya polisi…

Read More

Byagenze gute kugira ngo “Mangwende “  wari mu muryango winjira muri  APR FC  habe hari amahirwe menshi yo gusinyira  Rayon Sports!

Umukinnyi w’ikipe  y’igihugu y’u Rwanda Imanishimwe  Emmanuel “Mangwende” ari mumuryango winjira muri Rayon Sports  nyuma yokutumvikana  na  APR FC kandi ibiganiro byari bijyeze kure. Imanishimwe  Emmanuel “Mangwende” numwe mubakinnyi  bakomeye babanyarwanda bakinye kurwego rw’iza kandi  bamaze igihekirekire bari kurwego rwiza kuva yava mu ikipe ya Rayon Sports akajya muri APR FC yasohotsemo yerekeza hanze y’u…

Read More