Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ibyaburiye muri ruhago birikuboneka muri Basketball! ikipe ya young africans irasha arenga miliyoni y’Amadorali mu mukinnyi wayo

Wydad AC  yatanze ubusabe mu ikipe ya Young Africans bufite agaciro ka $100K bifuza gusinyisha  Umunya-Tanzania Clement Mzize ndetse basezeranyaga ikipe  ya  Young Africans kuzageza no $400K ariko iyi  kipe imaze gutwara shampiyona  eshatu z’ikurikiranya   yayanze  ivugako igiciro ke kirenga miliyoni y’Amadorali.(#MickyJr) Nyuma yo gufata rutema ikirere  akajya gushaka abakinnyi igotamasimbi  Rhulani Mokwena yamaze gufasha…

Read More

MIFOTRA yatangije ku mugaragaro imbuga zizajya zihuza abakozi n’abakoresha

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangije ku mugaragaro imbuga zizajya zihuza abakozi n’abakoresha no gufasha urubyiruko rutararenza imyaka ibiri rurangije kwiga kwimenyereza umurimo. MIFOTRA igaragaza ko binyuze muri izi mbuga, mu myaka itanu ishize yafashije abagera ku bihumbi 16 kwimenyereza umurimo, muri bo 59% babonye akazi. Bamwe muri urubyiruko bavuga ko uyu ari umwanya mwiza…

Read More

Sudan : Icyorezo cya kolera cyimaze guhitana abarenga 350

Mu byumweru bibiri bishize Abantu barenga 350 basanzwe bitabye imana kubera ubwandu bw’icyorezo cya kolera mu gihugu cya Sudani . Kuri ubu hari inzitizi zo kugeza ubutabazi ku banduye iyi ndwara mu gihe hakomeje kubaho ’intambara y’abaturage mu gihugu byatumye abahanga bavuga ko abantu benshi barenze abi bishoboka kuba baranduye. Minisitiri w’ubuzima Haitham Mohamed Ibrahim…

Read More

Munyangaju Aurore Mimosa amaze gukora ihererekanyabubasha n’uwamusimbuye Nyirishema Richard

Kuri uyu wa Kabiri ku Cyicaro cya Minisiteri ya Siporo habaye ihererekanyabubasha hagati ya Minisitiri ucyuye igihe Munyangaju Aurore Mimosa ndetse n’uwamusimbuye Nyirishema Richard. Richard NYIRISHEMA akaba yahawe dossier zose na Aurore Mimosa asimbuye, kugirango akomereza aho yari ageze .Nyirishema Richard wari usanzwe ari Visi Perezida wa FERWABA ushinzwe amarushanwa yagizwe Minisitiri mushya wa Siporo…

Read More

umujyi wa Kigali watangiye kugenzura niba ahantu hahurira abantu benshi hari ubukarabiro

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangiye kugenzura ko ahantu hahurira abantu benshi nko mu nyubako z’abikorera n’iza Leta, ku masoko, ahategerwa imodoka no mu nsengero hashyizweho ubukarabiro rusange. Ni icyemezo cyashyizweho mu kwimakaza isuku cyane cyane iy’ibiganza mu kwirinda no kugabanya indwara zirimo n’iy’Ubushita bw’Inkende yugarije Isi Kugeza ubu ,abantu bane ni bo bamaze kugaragarwaho virusi…

Read More

 Polisi yakomeje ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro

Polisi y’u Rwanda yasubukuye Ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda bwahawe izina rya ‘Gerayo Amahoro’, mu rwego rwo kurushaho gukumira no kurwanya Impanuka zo mu muhanda. Muri ubu bukangurambaga bwabereye hirya no hino mu gihugu, hatanzwe ubutumwa bushishikariza abakoresha umuhanda kugira imyitwarire yimakaza umutekano wo mu muhanda, buri wese akawukoresha neza yirinda amakosa yateza impanuka kandi…

Read More

Congo _ Kinshasa igiye kuba iyambere muri Afurika mu kwakira urukingo rw’indwara y’ubushita bw’inkende

Minisitiri w’ubuzima wa DR Congo yatangaje ko biteze kwakira inkingo mu cyumweru gitaha ndetse ko imibare y’abantu bamaze kwandura ubushita bw’inkende muri iki gihugu igeze ku 16,700 naho abo yishe bakaba barenga 570 kuva uyu mwaka watangira. Minisitiri w’ubuzima witwa Roger Kamba mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa mbere i Kinshasa yagize ati : “Tugiye gukingira abantu…

Read More

Minisitiri mushya wa siporo ntamwanya wo guta afite akazi yagatangiriye muri BK Arena atangiza ibirori bya Basketball

Minisitiri mushya wa siporo Nyirishema Richard yafunguye ku mugaragaro imikino y’ijonjora yo gusha tike y’igikombe cy’isi cya 2026 cya Basketball mu bagore igiye kubera muri BK Arena. Hano mu Rwanda iminsi yari ibaye myinshi hitegurwa imikino y’injonjora muri Basketball hashakwa itike y’imikino yanyuma y’igikombe cy’isi cya 2026 mu bagore igomba kuber muri BK Arena kuva…

Read More