Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ibyaburiye muri ruhago birikuboneka muri Basketball! ikipe ya young africans irasha arenga miliyoni y’Amadorali mu mukinnyi wayo
Wydad AC yatanze ubusabe mu ikipe ya Young Africans bufite agaciro ka $100K bifuza gusinyisha Umunya-Tanzania Clement Mzize ndetse basezeranyaga ikipe ya Young Africans kuzageza no $400K ariko iyi kipe imaze gutwara shampiyona eshatu z’ikurikiranya yayanze ivugako igiciro ke kirenga miliyoni y’Amadorali.(#MickyJr) Nyuma yo gufata rutema ikirere akajya gushaka abakinnyi igotamasimbi Rhulani Mokwena yamaze gufasha…