APR FC imanuye abataka babiri bakomoka muri Nigeria

APR FC biravugwa ko iri mu biganiro n’aba rutahizamu bagera kuri babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria kugira ngo bazayifashe mu mwaka w’imikino utaha wiganjemo amarushanwa nyafurika iyi ikipe y’ingabo z’igihugu izitabira.  ikipe y’ingabo z’igihugu yamaze kumvikana byose na rutahizamu wa Enugu Rangers yo muri Nigeria witwa Chidiebere Johnson Nwobodo kuzayikinira mu mwaka w’imikino utaha….

Read More

Ibisigisigi bya EURO 2024: abatoza batatu bagomba gusimbura Gareth Southgate bamaze kumenyekana

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu bwongereza [FA] ryemeje ko rigiye gushaka umutoza ugomba gusimbura Gareth Southgate nyuma y’uko Southgate agiye gutandukana n’iyi ikipe. Abatoza barimo Eddie Howe, Graham Potter, Lee Carsley na Mauricio Pochettino bari mu bahatanira kuba bakwegukana uyu mwanya.Southgate azagirana ibiganiro n’abayobozi be ba FA mu minsi iri imbere ikurikira ijoro ryo gutsindwa na…

Read More

Nta Guy Bukasa  muri Rayon Sports , Ubuyozi bwa Rayon Sports bwanyomoje amakuru y’umutoza mushya wavugwagamo!

Umunye-Congo Guy Bukasa  watozaga ikipe ya AS Kigali mu mwaka ushizwe w’Imikino byavugwaga ko ari munzira zinjira muri Rayon Sports  ayo makuru yabeshyujwe ahubwo Rayon Sports ikomeje gushaka umutoza mushya. Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kutagira umwaka mwiza w’Imikino wa 2023-2024 aho yasoje nta gikombe na kimwe itwaye  mu bikomeye mu Rwanda haba icy’amahoro…

Read More

Manchester united yemeje ko imaze gusinyisha rutahizamu Joshua Zirkzee

Manchester United yemeje ko yasinyishije rutahizamu wa Bologna Joshua Zirkzee kuri miliyoni 36.5 Z’amayero. Uyu mukinnyi w’imyaka 23 w’umuholandi yasinyanye amasezerano y’imyaka itanu na Manchester united agomba kugeza muri Kamena 2029 ndetse hakaba harimo n’indi ngingo yo kuba yakongererwa andi mezi 12 y’amasezerano mu gihe aya maremare yaba ageze ku musozo. uyu abaye umukinnyi wa…

Read More

Umunye -congo watozaga Rayon sports mu myaka itatu ishize ashobora kuba agiye kuyigarukamo nk’umutoza mukuru nanone!

Guy Bukasa ashobora kongera kwisanga ari umutoza wa Rayon sports yigeze gutozaho mu mwaka wa 2021,aho biteganijwe ko ntagihindutse azahita azasinya umwaka umwe w’amasezerano. Amakuru agera kuri daily box avuga ko Bukusa Guy ukomoka mu gihugu cya repubulika iharanira demokarasi ya Kongo ari mu mazina aza ku isonga mu yafite amahirwe yo kuba yasimbura umufaransa…

Read More

Byagenze gute kugira ngo “Mangwende “  wari mu muryango winjira muri  APR FC  habe hari amahirwe menshi yo gusinyira  Rayon Sports!

Umukinnyi w’ikipe  y’igihugu y’u Rwanda Imanishimwe  Emmanuel “Mangwende” ari mumuryango winjira muri Rayon Sports  nyuma yokutumvikana  na  APR FC kandi ibiganiro byari bijyeze kure. Imanishimwe  Emmanuel “Mangwende” numwe mubakinnyi  bakomeye babanyarwanda bakinye kurwego rw’iza kandi  bamaze igihekirekire bari kurwego rwiza kuva yava mu ikipe ya Rayon Sports akajya muri APR FC yasohotsemo yerekeza hanze y’u…

Read More

CAF yongeye gushimangira ubushongore bwa sitade amahoro

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika, CAF yashyize hanze urutonde rwa za Sitade zishobora gukinirwaho imikino mpuzamahanga y’iyi Mpuzamashyirahamwe, aho u Rwanda rwisanze rufite ebyiri, ibintu byaherukaga mu myaka ine ishize. CAF yashyize Stade Amahoro na Kigali Pelé ku rutonde rw’ama-Stades yemerewe kwakira imikino y’ijonjora rya mbere n’irya kabiri, mu marushanwa nyafurika ahuza amakipe yabaye aya…

Read More