APR FC imanuye abataka babiri bakomoka muri Nigeria
APR FC biravugwa ko iri mu biganiro n’aba rutahizamu bagera kuri babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria kugira ngo bazayifashe mu mwaka w’imikino utaha wiganjemo amarushanwa nyafurika iyi ikipe y’ingabo z’igihugu izitabira. ikipe y’ingabo z’igihugu yamaze kumvikana byose na rutahizamu wa Enugu Rangers yo muri Nigeria witwa Chidiebere Johnson Nwobodo kuzayikinira mu mwaka w’imikino utaha….