Impumeko nyuma y’uko Komisiyo y’amatora mu Rwanda itangaje ibyayavuyemo by’agateganyo

Mugihe hagitegerejwe ibyavuye mu matora by’aburundu bamwe bari kubyina insinzi abandi bashimira ababatoye n’ubwo batabashije gutsinda amatora. Abakandida batatu Kagame Paul wa FPR Inkotanyi, Mpayimana Philippe umukandida wigenga,na HABINEZA Frank w’ishyaka Democratic Green party of Rwanda (Ishyaka Riharanira amahame ya Demokarasi no kurengera ibidukikije) nibo bahataniraga kwicara muri Village Urugwiro muri iyi Manda. Frank HABINEZA…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muri academy ya Bayern Munich hongeye gucishwamo umweyo, abatoza bomuri Cameroon bategetswe kuza gutoza bambaye amakote!

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon ryashyizeho itegeko rishya rireba ndetse rikanategeka abatoza batoza mu cyiciro cyambere ni cyakabiri muri ikigihugu kwambara amakote mu gihe bagiye gutoza umukino gusa abatoza bandi batari abatoza bakuru bo bazajya bemererwa kwambara imyenda yamakipe yabo umutoza uzarenga kuri iritegeko azajya ahanishwa agera ku $111,563.80.(#MickyJr) impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi “FIFA”…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Arafunze acyekwaho kwiba Kwizera Olivier, nyuma yo kubafasha gutwara Afcon yahisemo kubasezera!

Augustin Senghor wari pereZida w’ishyirahamwe  rya ruhago  muri Senegal  yamaze gutangaza ko yavuye kuri izi nshingano zo kuyobora umupira wa  Senegal, kungoma ye ikipe y’igihugu ya Senegal yatwaye  igikombe cya Africa ndetse hazamuka  na bakinnyi benshi babanya Senegal bagiye Iburayi.(#MickyJr) Wydad yo mu gihugu cya Morocco mu rwego rwo kwitegura umwaka  utaha w’Imikino wa 2023-2024…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muri  shampiyona ya Tanzania hagiye gukoresha VAR, Abareyo bagiye kwibonera abakinnyi babo bashya mu mukino wa gicuti!

Imani Kajula  agiye kuva kunshingano zokuba   Chief Executive Officer(CEO)  w’Ikipe ya Simba SC  yomu gihugu cya Tanzania bisobanuyeko hagiye gushakwa undi mushya arinaho hashobora kuba haravuye ibihuha bijyana Uwayezu François Regis akaba Vice Chairman wa APR FC muri Simba SC.(#MickyJr) Impuzamashyirahamwe y’umupirwa  w’amaguru muri Africa  “CAF”  yashyizeho itariki ya 25 Nyakanga 2024 nk’umunsi ntarengwa  wokuba…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mashami Vincent afite icyizere cyo kugera mu matsinda!  ikipe  Mangwende yakiniraga  yabonye umutoza mushya

Umunya-Poland  Czeslaw Michniewicz yamaze  kuba umutoza mushya w’ikipe ya AS FAR yomu gihugu cya Morocco nyuma yo gutandukana na Nasreddine Nabi Umunya-Tunisia  wabatozaga guhera mu mwaka wa  2023, uyu munya Poland yatoje amakipe atandukanye arimo ikipe y’Igihugu ya Poland, Legia Warsaw, Abha Club yomuri Saudi Arabia  ndetse  n’ayandi.(#Sports.PL) Nyuma y’uko  impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru k’umugabane  wa…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:APR FC ikomeje kwereka igihandure  amakipe muri Tanzania, Fiston Kalala Mayele yongeye  kwandika amateka akomeye mu mupira  wo muri Africa

Mu mukino wa karahabutaka  mu gihugu cya Misiri  ikipe ya  Al Ahly  byarangiye itsinze Pyramids FC  ibitego 3-2  gusa Pyramids FC   yagumanye umwanya wa  mbere, gusa ubu irarusha amanota 8 gusa kandi ikipe ya Al Ahly  ifite imikino 4 y’ibirarane.(# Egyptian Premier League) Fiston Kalala Mayele Umunya-Repubulika Iharanira  Demokarasi ya Congo yamaze kuzuza  ibitego 100…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rutahizamu wa Police FC Ani Elijah yagarutse mu Rwanda , yatoje muri Real Madrid none aje gutoza muri Africa!

Umunya-Africa y’Epfo Rulani Mokwena w’imyaka 37  umutoza mushya wa Wydad AC yo muri Morocco  hagiye hanze amafaranga azajya atangwaho buri kwezi  ndetse  n’abo bazakorana bose uko ari batanu bazajya batangwaho agera ku $74,000 buri kwezi.(#MickyJr) Umufaransa David Bettoni  w’Imyaka 52  wabaye umutoza wungirije  wa  Zinedine  Zidane muri Real Madrid yamaze kuba umutoza mushya w’ikipe ya…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 11/Nyakanga,Hatangiye ibibazo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byavutse nyuma y’aho Intara ya Katanga yiyomoroye ku gihugu naho John Quincy Adams abona izuba

Tariki ya 11 Nyakanga ni umunsi mpuzamahanga w’abaturage, World Population day, uyu munsi ugamije kumenyekanisha ibibazo byugarije abaturage batuye isi nko Kuringaniza imbyaro, uburinganire, ubukene, n’uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Ibarura ryo ku wa 06 Gashyantare 2016 ryagaragazaga ko isi izaba igize abantu 7,400,000,000 ku wa 24 mata 2017. Uyu munsi kuwa kane,Taliki ya cumi n’imwe/Nyakanga ni umunsi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Gahunda yabakinnyi mu Rwanda yokurega amakipe muri Ferwafa irakomeje! umukino wazo bizasaba kwifashisha abasifuzi baturutse muri Esipanya

Wydad AC igeze mu biganiro byanyuma n’uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Mamelodi Sundowns yomuri Africa y’Epfo Rulani Mokwena ibijyanye n’imishahara byumvikanyweho ndetse n’ibyuduhimbaza mushyi igisigaye n’ugufata indege imwerekeza muri Morocco bikaba binateganyijweko ariwe mutoza wambere uzaba uhembwa amafaranga menshi mu mupira w’amaguru wa Morocco mu mwaka utaha w’imikino ntagihindutse.(#MickyJr) Umunya-Esipanye  Javier Alberola Rojas  akaba umwe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mohamadou Lamine Ba mababa mushya wa APR FC,Mucyo Junior Didier yatandukanye na Rayon Sports kandi  n’aho yakoze igeragezwa byaranze!

Abafana b’ikipe ya  Dynamos FC yo mu gihugu cya Zimbabwe  bahanganye n’abayobozi b’iyi ikipe mu rwego rwo gushyigikira abakinnyi b’iyi kipe bamaze igihe batazi ikitwa umuashahara ndetse abakaba baberewemo amafanga menshi y’uduhimbazamusyi batahawe mu bihe bitandukanye  n’abo bakaba bafashe umwanzuro wo kudakora imyitozo bitagura umwaka w’Imikino.(#MickyJr) Ayamakipe  n’iyo atazakina imikino y’Ibanze(preliminary round)  ya CAF Champions 2024/25…

Read More