Paper Talk[Rwanda&Africa]:Nyuma yo gutandukana na Mangwende ;AS FAR irikugura ibigugu! Rayon Sports na Jullien Mette

Umunya Morocco  w’imyaka 22 biravugwa ko agomba kwerekeza  mu ikipe ya  AS FAR, akaba arumusore ukina mu kibuga  y’ugarira ndetse w’umuhanga cyane  dore ko azaba arikumwe n’ikipe y’igihugu ya Morocco mu mikino ya Olympics izabera I Paris mu gihugu cy’Ubufaransa.(#Micky Jr) Ikipe ya Cape Town City yo mu gihugu cya South Africa yamaze gusinyisha imyaka…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester city irasha guha ibyamirenge Pep Guardiola, Jack Grealish yarakariye cyane city, Mason Greenwood bite bye muri United

Manchester United  yatangiye ibiganiro indani  kugirango batware umusore w’ikipe ya Bayern Munich w’imyaka 24 ukomoka mu gihugu cy’Ubuhorandi  Matthijs de Ligt, uy’u myugariro ufite agaciro ka 50m euros (£42.3m). (Sky Sport Germany via TZ) Manchester United  ntagahunda ifite yogutanga amafaranga ikipe ya Everton y’ifuza angana £70m  kumusore wayo ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Jarrad Branthwaite, 21, mu gihe  Manchester Unitedamafaranga yambere…

Read More

TODAY IN HISTORY:taliki ya 17/Kamena,Ingabo zahoze ari RPA zabohoye Umujyi wa Gisenyi,Statue of Liberty yashyizwe i New York,Perezida Richard Nixon wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje intambara

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku wa mbere ,Tariki 17/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 169 mu igize umwaka, hasigaye 197 ukagera ku musozo.  Tariki ya 17 kamena ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya iyaguka ry’ubutayu n’amapfa (World Day to Combat Desertification and Drought). Uyu munsi washyizweho ku itariki ya 30 Mutarama,…

Read More

EURO 2024: Rya buye ryanzwe n’abubatsi niryo rikomeje imfuruka,Wout Weghorst afashije ubuholandi kwikura imbera ya Polonye

ikipe y’igihugu y’ubuholandi ibonye intsinzi imbere y’ikipe y’igihugu ya polonye nyuma yo kuyitsinda ibitego bibiri kuri kimwe mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’uburayi cyiri kubera mu gihugu cy’ubudage. Uyu wari umukino ubanza mu itsinda D ry’iyi imikino y’iburayi iri kubera mu gihugu cy’ubudage,ukaba wayobowe n’umusifuzi witwa Arur Diaz ukomoka mu gihugu cya Portigal ubera kubera…

Read More

Israel itwitse ingo nyinshi zo muri Rafah nyuma y’abasirikare bayo 8 bishwe na Hamas

Mu masaha yatambutse kuri uyu wa 15/06/2024, Hamas yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Israel bihitana abasirikare umunani (8),bituma Israel itangaza ko ibyo nabyo Ari ibyo Hamasi igomba kwishyura. Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu ntiyazuyaje mu gutanga umukoro kuri iki gitero, kuko Israel yahise mu ijoro ryakeye itwika ingo nyinshi y’abaturage ba Gaza muri Rafa byakomeje…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: KNC yongeye guhambirana na bantu, Muhire Kevin yongeye kwerekana ko ari umuyobozi pe!

Wydad Athletic Club  yarifite amahirwe menshi yo gukina  imikino nya Africa ariko iri n’anirwa, nyuma y’uko Raja na AS FAR arizo  z’abonye itike y’imikino ya  CAF Champions League aho imwe yabaye iyambere indi ikaba iyakabiri  RS Berkane yabaye iyagatatu ibona  itike ya Confederation Cup ariko n’anone kuberako igihugu cya Morocco gitanga amakipe ane mu mikino…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY ;taliki ya 16/Kamena ,Jürgen Klopp wahoze atoza liverpool yaravutse, FIFA itangaza ko FIFA WORLD CUP 2026™ ko kizabera mu bihugu bitatu

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 16/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 168 mu igize umwaka, hasigaye 198 ukagera ku musozo. 1928 mu mikino olempike yo muri uyu mwaka ikipe y’igihugu ya Uruguay yegukanye igikombe cya gatatu yikurikiranya cy’umupira wa amaguru muri iyi mikino ,ni imikino yabereye i Amasterdam…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 14/Kamena,Abatutsi barenga 2000 barokorewe muri Saint Paul n’ingabo z’Inkotanyi, Tupac Amaru Shakur na John Churchill

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 16/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 168 mu igize umwaka, hasigaye 198 ukagera ku musozo. 1567 Mariya, Umwamikazi wa Scotland, yafungiwe mu kigo cya Lochleven, muri ecosse. 1624 Virginia ihinduka ubukoloni bwikamba ryicyongereza nyuma yo guhomba kwa Sosiyete ya London. 1746 Intambara yabereye…

Read More

Abajyanama b’ubuzima bagera ku 8000 bahuye n’umukuru w’igihugu bishimira ibyagezweho

Ni kuri uyu wa gatandatu, aho aba bajyanama bahuriye na Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame muri BK Arena,bashimirwa umurimo wabo wa buri munsi. Ni ibirori byabanjirijwe no gutarama ndetse no kuganira mu nzego zitandukanye z’ubuzima,Aho hibukijwe uruhare rw’umujyanama w’ubuzima ku buzima n’imibereho by’abanyarwanda. Nyakubahwa perezida wa Repubulika, yibukije ko akazi inzego z’ubuzima zikora karenze…

Read More

Urukiko rw’umuryango wa abibumbye rwabeshyuje amakuru yo gufungurwa kwa Kabuga Félicien

Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwahakanye ibijyanye n’amakuru yahwihwiswaga ko Kabuga Félicien ufungiwe muri kasho yarwo yamaze gufungurwa. ejo ku wa gatanu taliki 14 Kamena nibwo abakoresha imbuga nkoranyambaga babonye ifota yaririmo ikwirakwizwa igaragaza umunyemari Kabuga ari kumwe n’umuryango we bishimye. aya mafota yakomeje gucicikana nyuma y’uko ku wa kabiri taliki…

Read More