TODAY IN SPORTS : taliki ya 26 /Kanama, Luis Suárez yirukanwe mu irushanwa ry’ igikombe cy’isi kubera kuruma abakinnyi bagenzi be naho umutaliyani  Paolo Maldini abona izuba

Uyu munsi ku wa gatatu,Taliki ya 26/Kanama 2024 ni umunsi wa 178 w’umwaka ubura iminsi 187 ngo urangire. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka ya siporo: Reka tubihere mu mwaka w’1904 IF Elfsborg Borås,ikipe y’umupira ibarizwa mu gihugu cya Suwede yarashinzwe kuri iyi taliki ,aho yatwaye ibikombe bya shampiyona yo muri iki gihugu bigera ku…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 25/Kanama ,Jean-Paul II yatorewe kuba umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika naho Perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Boseon abona izuba uyu munsi

Uyu munsi ku wa gatatu,Taliki ya 26/Kanama 2024 ni umunsi wa 178 w’umwaka ubura iminsi 187 ngo urangire. Reka turebere hamwe ibyaranze uyu munsi mu mateka y’isi muri rusange : Umujyi wa Kigali watangaje ko agace kazwi nka Car Free Zone kagizwe agace kahariwe abanyamaguru. 1748: Hashinzwe urusengero rwa mbere muri Amerika y’Amajyaruguru rugendera ku mahame n’inyigisho…

Read More

Full Report: Uko umunsi wa Kane wo Kwiyamamaza wagenze ku bakandida Bose ku mwanya w’umukuru w’igihugu na gahunda y’umunsi ukurikiyeho

Ku munsi wa Kane wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki ya 25/Kanama,Thierry Henry yerekeje muri Barcelona kuri miliyoni 24 z’amayero naho Mikhail Youzhny na Jamie Redknapp bavuka uyu munsi

Uyu munsi ku wa kabiri,Taliki ya 25/Kanama 2024 ni umunsi wa 177 w’umwaka ubura iminsi 189 ngo urangire. Bimwe mu byaranze italiki ya 25/ Kamena mu mateka ya siporo: 1977 igikombe cy’isi cyakinwe ku nshuro yacyo ya munani ,aho Ositaraliya yatsinze ubwami bw’abongereza ku mukino wa nyuma. 1978 muri kimwe cya kabiri cyirangiza mu gikombe cy’isi…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United igihe igomba kongerera amasezerano Ten Hag, icyo Arsenal itekereza kukuzana Pedro Neto!

Manchester United  irategura  kwemera gutanga   agera kuri 40m euro (£33.9m)  ku musore w’ikipe ya Bologna  Joshua Zirkzee, 23,  ukomoka mu gihugu cya  Netherlands ndetse  n’a myugariro   w’ikipe ya  Lille  w’imyaka  18-Leny Yoro  ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa. (Sky Sports) Manchester United   iratekereza kwemera gusinyisha  Joshua Zirkzee  igahita igurisha rutahizamu w’imyaka 22 umwongereza  Mason Greenwood. (I Sport) Everton iratekereza ko…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 25/kanama, Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae naho umukinnyi wa amafilime w’umuhindekazi Karisma Kapoor abona izuba

Uyu munsi ku wa kabiri,Taliki ya 25/Kanama 2024 ni umunsi wa 177 w’umwaka ubura iminsi 189 ngo urangire. Reka turebere hamwe ibyaranze uyu munsi mu mateka y’isi muri rusange : 253: Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae. 1678: Venetian Elena Cornaro Piscopia, ukomoka muri Repubulika ya Venice ubu ni mu gihugu cy’u Butaliyani…

Read More

EUROPEAN TRANSFERS: Umuholandi Ruud van Nistelrooy wahoze ukinira Manchester united agiye kugaruka kuyitoza

Umuholandi Ruud van Nistelrooy wahoze ukinira Manchester united biravugwa ko ashobora kugaruka muri iyi ikipe nk’umwe mu bazaba bagize itsinda rigari ryungirije umutoza mukuru Eric Tenhag. Nubwo ubuyobozi bwite bwa Manchester united bwirinze kugira ibyo butangaza kuri aya amakuru,gusa bimwe mu binyamakuru bigiye bikomakomeye byo mu buholandi byatanganje ko uyu munyabigwi w’iyi ikipe yaba yaregerewe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Kaizer Chiefs na APR FC z’iyoboye isoko ry’Africa, Ubuyobozi bwa Polic FC kuri Ojera baravuga iki?

Nyuma  yogusoza amasezeranoye muri Simba SC  Clatous Chama  umunya Zambia w’imyaka 33  ya n’aniwe kumvikana na Simba bigiye gutuma uy’u musore ukina hagati mu kibuga asohoka muri iy’ikipe  imaze imyaka itatu nta gikombe cya shampiyona itwara.(#The Citizens) Kaizer Chiefs  yo mu gihugu cya Africa yepfo n’imwe mu makipe arikwiyubaka  cyane nyuma yo kubona abatoza bashya …

Read More

FULL REPORT: Uko umunsi wa gatatu wo kwiyamamaza wagenze kuba kandida bose kumwanya w’umukuru w’Igihugu n’agahunda y’umunsi wa kane

Ku munsi wa gatatu wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza mu ntara y’uburasirazuba mu turere twa…

Read More

UKRAINE – RUSSIA WAR: uburusiya bwashinje Amerika kugira uruhare rutaziguye mu gitero cyabugabweho kigahitana abatari bake

Uburusiya burashinza leta zunze ubumwe z’Amerika ipfu z’abantu bane batakarije ubuzima mu gitero cya misile cyatewe mu gace ka Sevastopol kari ku butaka bwigaruriwe n’uburusiya bwa Crimée kuri iki cyumweru. Uburusiya bwashinje Amerika kuba nyirabayazana w’ingaruka”z’igitero cya misile cyo muri Ukraine cyagabwe kuri Sevastopol mu gace Crimée kari mu maboko y’ubarusiya,kuri ubu abayobozi bavuga ko…

Read More