Dore iby’ingenzi wamenya ibi bizamini bya Leta bigiye gutangira ku munsi w’ejo

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’igenzura mu mashuri cyimaze gutangaza ku mugaragaro ko ibizamini bya leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ,imyuga n’ubumenyingiro, inderabarezi ndetse n’ibisoza amashuri y’isumbuye bizatangira ku mugaragaro ku munsi wejo .menya byinshi wibaza kuri ibizamini bya leta. Minisiteri y’uburezi ibicishije mu kigo cyiyishamikiyeho gishinzwe itegurwa ry’ibizamini bya leta ndetse n’igenzura…

Read More

Amakuru Mashya:Joe Biden yaretse kwiyamamaza;Kamara Harris niwe ugiye guhagararira aba Demokarate

Perezida joe Biden wari umaze igihe kinini avuga ko ashaka guhagararira ishyaka rye mu matora y’Umukuru w’igihugu azaba muri uku kwacumi nakumwe,birangiye abivuyemo ahezeza ikaze Kamara Harris ngo ahagararire aba Demokarate muri aya matora. Ibi yabitangaje kuri iki cyumweru ko atakiyamamaje muri aya matora, ibintu abenshi bafashe ko ari ikimenyetso cya Demokarasi kuko hari hashize…

Read More

Usibye Perezida Joe Biden, dore ibindi bikomerezwa bishyigikiye Kamala Harris nk’umukandida w’ishyaka ry’abademokarate

uretse perezida Joe Biden wahise atangaza ko ari nyuma ya Visi-Perezida Kamala Harris ndetse ko ari na we uba amahitamo ye mbere ku umukandida ugomba guhagararira Abademokarate mu matora y’umukuru w’igihugu, ibindi ibikomerezwa bitandukanye byo muri iri ishyaka nabyo batangaje ko biri inyuma ya Harris. Mbere na mbere ,Abaje ku isonga mu kwihutira mu gutangaza…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Ibandi kabuhariwe ryashakishwaga uruhindu na Leta ya Amerika ryararashwe naho Filipo wa mbere wa esipanye abona izuba

uyu munsi tariki 22 Nyakanga ni umunsi wa 204 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 162 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Ku wa Gatandatu tariki 22 Nyakanga /2023, abasirikare bagize umutwe urinda Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi biriwe mu mihanda y’umurwa mukuru, Kinshasa, biyereka abaturage babizeza ko bafite…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Emirates stadium yafunguwe ku mugaragaro naho Federico  Valverde Santiago Dipetta abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1912 Imikino Olempike nyuma yo kuvugururwa hakongerwamo andi moko y’imikino nko guterura ibiremereye n’ibindi yongeye kubera mu mujyi wa Stockholm muri Suwede. 1923 Henri Pelissier wo mu Ubufaransa yegukanye tour de france yabaga ku nshuro yayo ya cumi na karindwi. 1947 Imyaka 77 irashize…

Read More

BREAKING NEWS : Joe Biden yavuye mu byo guhagararira abademokarate mu matora ya perezida w’Amerika ahita yemeza Kamala Harris nk’umusimbura we

Kuri iki cyumweru, Perezida Joe Biden amaze gutangaza ko avuye mu irushanwa ryo guhanganira umwanya wa perezida wa Amerika mu matora agomba kuba mu mpera zo mu mwaka wa 2024 maze yemeza ko Visi Perezida Kamala Harris ari we watowe mu ishyaka ry’abademokarate. Ni nyuma y’ibyumweru byinshi Biden w’imyaka 81 yotswa igitutu n’abatari bake kugira…

Read More

Uburusiya bwaburijemo ibitero byo mu kirere by’indege zitagira abapilote za Amerika

Uburusiya buratangaza ko indege z’intambara zabwo zabujije indege ebyiri z’ibisasu za Leta zunze ubumwe z’Amerika kwambuka umupaka wabwo hejuru y’inyanja ya Barents muri Arctique. kuri iki cyumweru, nibwo abarwanyi b’Uburusiya bagaragaje ko indege z’intambara z’Amerika zirwanira mu kirere zo mu bwoko bwa B-52H zashakaga kwinjira mu burusiya, nk’uko Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yabyanditse ku mbuga nkoranyambaga…

Read More

Bisa nk’ibyarangiye! Kevin De Brune agiye gusanga Ngoro Kante na Karim Benzema muri arabia saudite

Kevin De Brune yamaze kwemeranya byose na ekipe ya Al-Ittihad ikina muri shampiyona yo muri arabiya Sawudite kuba yayisinyira nk’umukinnyi wayo mushya. Nyuma yo kumara imyaka igera ku icumi muri ekipe y’umujyi wa Manchester united ,uyu mubiligi usanzwe ukina hagati mu kibuga amasezerano ye afite muri Manchester city azarangira mu mwaka w’imikino wa 2024-25. Amakuru…

Read More

Tuyisenge Arsene wavuye muri Rayon sports afashije Red Arrows kwegukana Cecafa Kagame Cup

Red Arrows imaze kwegukana igikombe cya Cecafa Kagame cup itsinze ekipe ya Apr fc kuri penaliti nyuma yo kugwa miswi mu mu minota yagenwe 90 ndetse na mirongo itatu y’inyongera. Uyu ni umukino wabereye kuri sitade ya Uwanja wa KMC,iki kibuga cyatoranyijwe kwakira umukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup akaba ari nacyo cyakiriye imikino…

Read More