Twagirumukiza Janvier

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mashami Vincent afite icyizere cyo kugera mu matsinda!  ikipe  Mangwende yakiniraga  yabonye umutoza mushya

Umunya-Poland  Czeslaw Michniewicz yamaze  kuba umutoza mushya w’ikipe ya AS FAR yomu gihugu cya Morocco nyuma yo gutandukana na Nasreddine Nabi Umunya-Tunisia  wabatozaga guhera mu mwaka wa  2023, uyu munya Poland yatoje amakipe atandukanye arimo ikipe y’Igihugu ya Poland, Legia Warsaw, Abha Club yomuri Saudi Arabia  ndetse  n’ayandi.(#Sports.PL) Nyuma y’uko  impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru k’umugabane  wa…

Read More

Byagenze gute kugira ngo “Mangwende “  wari mu muryango winjira muri  APR FC  habe hari amahirwe menshi yo gusinyira  Rayon Sports!

Umukinnyi w’ikipe  y’igihugu y’u Rwanda Imanishimwe  Emmanuel “Mangwende” ari mumuryango winjira muri Rayon Sports  nyuma yokutumvikana  na  APR FC kandi ibiganiro byari bijyeze kure. Imanishimwe  Emmanuel “Mangwende” numwe mubakinnyi  bakomeye babanyarwanda bakinye kurwego rw’iza kandi  bamaze igihekirekire bari kurwego rwiza kuva yava mu ikipe ya Rayon Sports akajya muri APR FC yasohotsemo yerekeza hanze y’u…

Read More

PaperTalk[Europe]:Ibura ry’indege  riratuma bamwe batareba final ya EURO! umuyobozi wa  La Liga yavuze amagambo yahumurije abafana ba Barcelona kuri  Nico Williams

Newcastle United  iratekereza  gutanga ubundi busabe bwabo  mu ikipe ya  Everton ku umusore wabo witwa Dominic Calvert-Lewin  w’Imyaka 27 akaba akomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  nyuma yuko  amafaranga batanze bwa ambere  yanzwe n’ikipe ya Everton y’umutoza Sean Dyche . (Football Insider) Napoli  iracyakomeje umugambi wayo wo   gatwara umusore w’ikipe ya Chelsea bakunze gutiza  cyane witwa Romelu Lukaku…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:APR FC ikomeje kwereka igihandure  amakipe muri Tanzania, Fiston Kalala Mayele yongeye  kwandika amateka akomeye mu mupira  wo muri Africa

Mu mukino wa karahabutaka  mu gihugu cya Misiri  ikipe ya  Al Ahly  byarangiye itsinze Pyramids FC  ibitego 3-2  gusa Pyramids FC   yagumanye umwanya wa  mbere, gusa ubu irarusha amanota 8 gusa kandi ikipe ya Al Ahly  ifite imikino 4 y’ibirarane.(# Egyptian Premier League) Fiston Kalala Mayele Umunya-Repubulika Iharanira  Demokarasi ya Congo yamaze kuzuza  ibitego 100…

Read More

Ntwari Fiacre ashobora kwisanga agiye gutozwa nu umutoza watozaga “Mangwende” doreko arimunzi zisohoka mu ikipe yakiniraga!

Umuzamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda  “Amavubi”  Fiacre Ntwari yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya  Kaizer Chiefs yomu gihugu cya Africa y’Epfo avuye mu ikipe ya TS GALAXY yomuri icyo gihugu n’ubundi aho ashobora gutangwaho asaga $400K Hirya nohino ku isi isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rirarimbanyije  ndetse no mu gihugu  cya  Africa y’Epfo ahabarizwa uyu mukinnyi…

Read More

Burkina Faso nayo yiyongereye ku rutonde rw’ibihugu byinshi byo muri Africa byamaganye ubutinganyi

Leta ya Burkina Faso yamaze gushyiraho itegeko rihana abaryamana  bahuje ibitsina bazwi nka abatinganyi nyuma y’ibindi bihugu byinshi muri Africa byafashe iki cyemezo Leta y’inzibacyuho  ya  Burkina Faso  iyobowe na  Kapiteni Ibrahim Traoré  kuva yajyaho nyuma yo guhirika kubutegetsi bwa Paul-Henri Sandaogo Damiba  hari muri 2022  yatangiye kuvugurura imiyoborere ndetse n’amwe mu mategeko iki gihugu cyigenderaho ,…

Read More

Umutwe wa M23 wamaze kwakira undi musirikare ukomeye waje kuwutera  ingabo mu bitugu mugihe urugamba rukomeje gukara barwanamo na Leta ya Congo

Umutwe  w’agisirikare wa M23 urwanira  mu burasirazuba bwa congo  ukomeje kunguka amaboko mashya nyuma yo kwakira undi musirikare wa wuhozemo kandi ukomeye uje kubatera ingabo mubitugu muntumbara  bahanganyemo na Leta ya ya Congo ariwe Colonel Vianney Kazarama Kanyamuhanda. N’imugihe imirwano ikomeje gukaza umurego muburasirazuba bwa Congo hagati ya Congo ndetse n’uyu mutwe uvugako uharanira byumwihariko…

Read More

Paper Talk[Europe]: Jurgen Klopp ashobora  kujya gutoza muri Amerika, Umunya-Brazil Casemiro agiye gusanga Ronaldo muri Arabie Saoudite !

Umusore w’ikipe ya  Bayern Munich  Matthijs de Ligt  ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi  yegereje  kwinjira mu ikipe ya  Manchester United,  uyu musore w’Imyaka  24  akaba akina nka myugariro . (Sky Sports) Gusa  Bayern Munich  irashaka  agera kuri 50m euros (£38.7m) kuri uyu musore  Matthijs de Ligt . (90min) Crystal Palace iratekereza kuba itagurisha umusore wayo  Eberechi Eze w’imyaka…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rutahizamu wa Police FC Ani Elijah yagarutse mu Rwanda , yatoje muri Real Madrid none aje gutoza muri Africa!

Umunya-Africa y’Epfo Rulani Mokwena w’imyaka 37  umutoza mushya wa Wydad AC yo muri Morocco  hagiye hanze amafaranga azajya atangwaho buri kwezi  ndetse  n’abo bazakorana bose uko ari batanu bazajya batangwaho agera ku $74,000 buri kwezi.(#MickyJr) Umufaransa David Bettoni  w’Imyaka 52  wabaye umutoza wungirije  wa  Zinedine  Zidane muri Real Madrid yamaze kuba umutoza mushya w’ikipe ya…

Read More

Inzira  y’u musaraba yerekeza mu matsinda kuri APR FC na Police! uko tombora yagenze kumakipe azahagararira u Rwanda mu mikino  Nya-Africa

Ikipe ya APR FC na Police FC z’igomba guhagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League na Confederetions Cup zamenya abobagomba gukina mu mikino y’Ibanze (Preliminary Round) aho APR FC izakina na  Azam mu gihe Police izakina  na SC Constantinois yomuri Algeria.  Kuri uyu wa kane taliki ya 11 Nyakanga 2024 I Cairo mu…

Read More