Twagirumukiza Janvier

Paper Talk[Europe]: Julián Álvarez birangiye avuye muri Manchester City, Liverpool yageze kuri Federico Chiesa Juventus igambirira kurekura!

Newcastle United  yegereje kumvikana na  Crystal Palace  kubagurisha Marc Guehi, 24,  Umwongereza ukina nka myugriro, ikipe ya  Newcastle y’umutoza  Eddie Howe yiteguye kwishyura arenga  £60m  ubundi igatwara uyu musore  . (Telegraph – subscription required) Manchester United irasa nk’iri  kuva  gakegake muri gahunda yo gutwara Manuel Ugarte   wa  Paris St-Germain akaba umusore ukina hagati mu kibuga w’imyaka 23…

Read More

Haba APR FC,Rayon Sports yewe na Simba  zose ntanimwe igaragara kuri urwo rutonde rw’Amakipe 10!

Amakipe yo k’umugabane wa Africa akomeje kwiyubaka mu buryo bufatika arinako bagura abakinnyi bakomeye , kandi biragaragara ko isoko ry’igura n’igurisha riri kuzamuka abakinnyi barushaho guhenda kuburyo amakipe yo muri Africa ageze kurwego rwo kurema isoko ry’Iburayi bakavanayo abakinnyi ndetse arinako banga rimwe n’arimwe amafaranga y’amakipe y’Iburay kubakinnyi baba bakina imbere muri Afurika. Nk’ubu Ikipe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Peresida wa Kiyovu kera kabaye yageze mu Rwanda,Rayon yabonye agatubutse muri Rayon Day koko!

Umunya-Morocco  w’imyaka  27  Zakaria Nassik yamaze gutangazwa  nk’umukinnyi mushya w’ikipe ya Wydad AC yiwabo muri Morocco  akaba ari umukinnyi ukina kuruhande rw’ibumoso yugarira(left-back).(MickyJr) Ikipe ya Al Ahly yo mu gihugu cya Misiri yongeye gukora amateka muri shampiyona  ya Misiri yo kumara imikino 19 idatakaza  yabigezeho nyuma yo gutsinda ikipe ya  Al Mokawloon Al Arab SC…

Read More

APR FC yagize imibare mibi itishimiwe n’abakunzi bayo kumukino batsinzwemo na Simba mu buryo bworoshye

Ikipe y’Ingabo z’igihugu  “APR FC”  yagize imibare mu mukino wa yihuje na Simba SC itashimishije abafana bayo aho yabashije kugumana umupira kurwego rwa 29% mu gihe Simba yagize 71%. Kuri uyu wa gatandatu ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania yakoze ibirori bidasanzwe byo kwerekekana abakinnyi izakoresha umwaka utaha w’imikino ibirori byabereye kuri…

Read More

Paper Talk[Europe]:Bayern yahakaniye United kubakinnyi babiri yashakaga, Arsenal yasigaye mu rugamba rwa Federico Chiesa yonyine!

Newcastle United  irategura guha amasezerano mashya Anthony Gordon, 23,  mababa mwiza ukomeje kwifuzwa n’ikipe ya Liverpool, uyu Mwongereza utarikumwe  na Newcastle United   mu mwiherero witegura umwaka utaha w’imikino  kubera ko yahawe ikiruhuko nyuma yo kuva mu gikombe cy’Uburayi. (Athletic – subscription required) West Ham United  ikomeje gukurikirana Umunya-  Argentine Guido Rodriguez, 30,  ukina hagati mu…

Read More

Paper Talk [ Rwanda & Africa ] : Umunsi w’igikundiro “Rayon Day” wahumuye, Simba igiye gucakirana na APR FC ikomeje kuzana ibikurankota!

Umunya Guinea  Moussa Pinpin Camara  w’imyaka 25  yamaze kwerekeza mu ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania irimo  no kwitegura umunsi wayo uteganyijwe kuri uyu wa gatandatu taliki 03 /08/2024  ,uyu  muzamu yasinye amasezerano y’imyaka  ibiri n’ubwo gahunda yose yabaye mu cyumweru kimwe gishize .(#MickyJr) Umunya-Sudan John Mano w’imyaka 22 akaba rutahizamu yamaze kugera mu…

Read More

Paper Talk [Europe] : Arsenal, Real Madrid na  Atletico Madrid  zihanganiye umukinnyi umwe,Mikel Merino agiye kwinjira muri Arsenal!

West Ham  United   irasha gukora taransiferi ebyeri icyarimwe harimo  iya Niclas Fullkrug, 31,  ukinira Borussia Dortmund  ndetse nundi wa Leeds United  Umuhorandi  Crysencio Summerville, 22. (Sky Sports) Amakipe atandukanye arimo  Arsenal, Real Madrid ndetse na  Atletico Madrid zose zirifuza gutwara Adrien Rabiot  Umufaransa w’imyaka 29 ukina hagati mu kibuga  dore ko  yasoje amasezerano ye muri Juventus mu gihugu…

Read More

Congo: M23 ivugako bitazaba itegeko kubahiriza ibyavuye mu biganiro hagati y’u Rwanda na Congo  mu gihe itabitumiwemo!

Ihuriro AFC ribarizwamo umutwe wa M23 watanaje ko bitari ihame kubahiriza ibyemezo bya vuye mu biganiro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe batabitumiwemo. Bibaye ubwa kenshi habaho ibiganiro byo kureba uburyo hakemurwamo ibibazo by’ingutu by’umutekano mu burasirazuba bw’a Congo  ndetse kuri uyu wa kabiri taliki 30 Nyakanga 2024 habaye ibindi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Igisubizo cya Warren Kamanzi kugukinira u Rwanda, Morocco yagaragaje amasitade ashobora kuzakinirwaho igikombe cy’Isi!

Igihugu cya Morocco cyatanze amasitade yazakira imikino y’igikombe cy’isi cya 2023 akaba ari ubufatanye bagiranye n’ibihugu bindi bibiri harimo igihugu cya Portugal ndetse n’igihugu cya Esipanye mu kwakira iki gikombe cy’isi.(#SuperSports) Nyuma yo kwitwaraneza cyane mu ikipe ya Real Madrid Umunya-Morocco Brahim Abdelkader Díaz ubu arahabwa amahirwe yo kuzaba umukinnyi w’umwaka wa Africa wa 2024(African…

Read More

Musanze:Insengero zisaga 185 zimaze gufungwa na karere ka Musanze gafatanyije na RGB!

Mu karere ka Musanze insengero zisaga 185 zafunzwe nyuma yo gusanga zitujuje ibisabwa bizemerera gukora hano mu Rwanda mu igenzura ryakozwe n’inzego zibishinzwe. Mu igenzura rikakaye ryakozwe kubufatanye bwa karere ka Musanze ndetse n’urwego rw’imiyoborere rw’u Rwanda RGB( Rwanda Governance Board) bafashe ikemezo cyo gufunga itsengero zisaga 185 kubera kunyuranya n’amabwiriza azigenga harimo izidafite imirindankuba,…

Read More