DailyBox

Copa América 2024: Argentine ibifashijwemo na  Lautaro Martínez yageze muri kimwe cya kane nubwo canada na chile bizikikomeranye

Ikipe y’Igihugu ya Argentine yatanze izindi gukandagiza ikirenge muri kimwe cya kane cya Copa America nyuma gutsinda chile igitego 1 -0 ikuzuza amanota atandatu mu tsinda rya mbere iherereyemo. Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ,mu mikino y’irushanwa rya Copa America rihuza amakipe aherere hariya kumugabane w’amerika y’amajyepfo nibwo ikipe y’igihugu ya Arigentine…

Read More

TODAY IN SPORTS : taliki ya 26 /Kanama, Luis Suárez yirukanwe mu irushanwa ry’ igikombe cy’isi kubera kuruma abakinnyi bagenzi be naho umutaliyani  Paolo Maldini abona izuba

Uyu munsi ku wa gatatu,Taliki ya 26/Kanama 2024 ni umunsi wa 178 w’umwaka ubura iminsi 187 ngo urangire. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka ya siporo: Reka tubihere mu mwaka w’1904 IF Elfsborg Borås,ikipe y’umupira ibarizwa mu gihugu cya Suwede yarashinzwe kuri iyi taliki ,aho yatwaye ibikombe bya shampiyona yo muri iki gihugu bigera ku…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 25/Kanama ,Jean-Paul II yatorewe kuba umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika naho Perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Boseon abona izuba uyu munsi

Uyu munsi ku wa gatatu,Taliki ya 26/Kanama 2024 ni umunsi wa 178 w’umwaka ubura iminsi 187 ngo urangire. Reka turebere hamwe ibyaranze uyu munsi mu mateka y’isi muri rusange : Umujyi wa Kigali watangaje ko agace kazwi nka Car Free Zone kagizwe agace kahariwe abanyamaguru. 1748: Hashinzwe urusengero rwa mbere muri Amerika y’Amajyaruguru rugendera ku mahame n’inyigisho…

Read More

Full Report: Uko umunsi wa Kane wo Kwiyamamaza wagenze ku bakandida Bose ku mwanya w’umukuru w’igihugu na gahunda y’umunsi ukurikiyeho

Ku munsi wa Kane wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki ya 25/Kanama,Thierry Henry yerekeje muri Barcelona kuri miliyoni 24 z’amayero naho Mikhail Youzhny na Jamie Redknapp bavuka uyu munsi

Uyu munsi ku wa kabiri,Taliki ya 25/Kanama 2024 ni umunsi wa 177 w’umwaka ubura iminsi 189 ngo urangire. Bimwe mu byaranze italiki ya 25/ Kamena mu mateka ya siporo: 1977 igikombe cy’isi cyakinwe ku nshuro yacyo ya munani ,aho Ositaraliya yatsinze ubwami bw’abongereza ku mukino wa nyuma. 1978 muri kimwe cya kabiri cyirangiza mu gikombe cy’isi…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 25/kanama, Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae naho umukinnyi wa amafilime w’umuhindekazi Karisma Kapoor abona izuba

Uyu munsi ku wa kabiri,Taliki ya 25/Kanama 2024 ni umunsi wa 177 w’umwaka ubura iminsi 189 ngo urangire. Reka turebere hamwe ibyaranze uyu munsi mu mateka y’isi muri rusange : 253: Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae. 1678: Venetian Elena Cornaro Piscopia, ukomoka muri Repubulika ya Venice ubu ni mu gihugu cy’u Butaliyani…

Read More

EUROPEAN TRANSFERS: Umuholandi Ruud van Nistelrooy wahoze ukinira Manchester united agiye kugaruka kuyitoza

Umuholandi Ruud van Nistelrooy wahoze ukinira Manchester united biravugwa ko ashobora kugaruka muri iyi ikipe nk’umwe mu bazaba bagize itsinda rigari ryungirije umutoza mukuru Eric Tenhag. Nubwo ubuyobozi bwite bwa Manchester united bwirinze kugira ibyo butangaza kuri aya amakuru,gusa bimwe mu binyamakuru bigiye bikomakomeye byo mu buholandi byatanganje ko uyu munyabigwi w’iyi ikipe yaba yaregerewe…

Read More

FULL REPORT: Uko umunsi wa gatatu wo kwiyamamaza wagenze kuba kandida bose kumwanya w’umukuru w’Igihugu n’agahunda y’umunsi wa kane

Ku munsi wa gatatu wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza mu ntara y’uburasirazuba mu turere twa…

Read More

DR CONGO: perezida Tshisekedi nyuma yo kutizera ingabo za congo amaze kumanura abacanshuro bo kumurinda

perezida Félix Tshisekedi yamaze kongera umubare w’abashinzwe umutekano ku buryo bwihariye ,aho yazanye ingabo kabuhariwe zikomoka ku mugabane w’iburayi nyuma ya Coup d’état yo muri gicurasi yaburijwemo. Ni icyemezo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo kitavuzweho rumwe byumwihariko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe kuko ngo izi ngabo zikoresha ingengo y’imari ihanitse cyane…

Read More