DailyBox

Bangladesh : impirimbanyi yo kwishyira ukwizana yahindutse umunyagitugu! [inkuru irambuye]

Minisitiri w’intebe wa Bangladesh Sheikh Hasina Wazed yeguye ndetse ahunga icyo gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo, nyuma y’imyigaragambyo iyobowe n’abanyeshuri yamaze ibyumweru yaje kurenga igaruriro ikavamo imvururu zo ku rwego rw’igihugu ziciwemo abantu. Ibi bishyize iherezo, ritari ryitezwe, ku butegetsi bw’uyu Minisitiri w’intebe wa mbere wari umaze igihe kirekire ategeka Bangladesh, wari uri ku butegetsi…

Read More

Kwiyongera imbaraga kwa M23 biterwa n’amakimbirane y’u Rwanda na Uganda bijyanye no kugenzura ubutaka bwa DRC : Ebuteli na GEC

ku wa kabiri tariki ya 6 Kanama ,Ikigo cy’ubushakashatsi cya Ebuteli hamwe n’itsinda ku miyoborere muri Kongo (GEC) batanhaje ko, kongera kubaho kwa M23 byatewe n’ubushyamirane hagati y’u Rwanda na Uganda ku bijyanye no kugenzura ubutaka bwa repubulika iharanira demokarasi ya Kongo. Iyi miryango y’abenyacongo yatangaje ibi muri raporo yabo yise « Kongera kubaho kwa…

Read More

Amerika : ikibazo cy’abimukira banyura mu nzira zitemewe gikomeye guhangayikisha iki gihugu

Ikibazo cy’abimukira banyura inzira za magendu ni kimwe mu biri kw’isonga ry’ibihangiyikishije abayobozi ba Leta zunze ubumwe z’Amerika mu matora yo muri uyu mwaka. Mu mwaka ushize, polisi ishinzwe kurinda imipaka y’Amerika yahagaritse abimukira barenga miliyoni ebyiri banyuze inzira z’ubusamo bashaka kwinjira baturutse ku mipaka y’amajyepfoy’iki gihugu. mu myaka yashize, abimukira benshi banyura iz’ubusamo babaga…

Read More

TODAY IN SPORTS : Oyvind Leonhardsen yasinye muri Tottenham Hotspur naho Robin van Persie abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1958 Umukinnyi w’umunyamerika witwa Glenn Davis yanditse amateka ye ku isi mu kwiruka metero 400 i Budapest, muri Hongiriya. 1977 Nyuma yo kubakinira imikino ya Shampiyona 472 Tottenham Hotspur F.C yaretse umunyezamu wayo Pat Jennings wimyaka 32 asinyira mukeba wayo Arsenal ku 45 ,000…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Shampiyona muri Africa zishobora gukoresha VAR zikomeje kwiyongera! Amissi Cedric yasinyiye Kiyovu Sports

Umunya-Nigeria  Augustine Tunde Oladapo  wa kiniraga ikipe ya TP Mazembe  yo mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  yamaze gusinyira ikipe ya  ES Setif yo muri  Algeria iri no mu myiteguro yo kwerekeza mu gihugu cya Tunisia mu mwiherero wo  kwitegura umwaka utaha w’imikino wa  2024-2025.(#MickyJr) Amakipe aza hagararira igihugu cya Ghana mu mikino…

Read More

Perezida Biden agiye kuganira n’umwami wa Jordaniya ku byerekeye umutekano wo mu burasirazuba bwo hagati

Kuri uyu wa mbere, Perezida Joe Biden yiteguye kuganira ku makimbirane ari mu burasirazuba bwo hagati n’itsinda ry’umutekano ry’igihugu cye, ndetse no guhamagara kuri telefoni n’umwami Abdullah II wa Jordaniya . Ibi bije mu gihe abayobozi ba Isiraheli baburirwa ko bashobora kugabwaho ibitero bikaze, mu gihe hari impungenge z’uko bishoboka ko ibikorwa byatangizwa na Irani…

Read More

D.R . congo : Ububiko bw’imiti bwatatswe n’inkongi y’umuriro ikomeye

Ububiko bunini bw’ikigo gishinzwe gukwirakwiza imiti cya Kisangani kizwi nka (CAMEKIS) bwangijwe cyane n’inkongi y’umuriro, yabaye mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 4 Kanama kugeza mu rukerera rwo ku wa mbere 5 Kanama. Nk’uko byatangajwe na Dr. Aimé Eyane, umuyobozi wa CAMEKIS, imiti ifite agaciro ka miliyoni irenga y’amadolari y’Amerika yamaze guhinduka umuyonga kubera…

Read More

Paper Talk[Europe]:Chelsea yamaze gushaka umusimbura wa Conor Gallagher, Victor Osimhen munzira zo guhombere Napoli!

Umunya-Cameroon Joel Matip, 32, watandukanye na  Liverpool mu mpera z’umwaka w’imikino wa  202-2024  ari kwifuzwa na Bayer Leverkusen  yegukanye igikombe cya shampiyona mu mwaka ushize w’imikino . (Sky Germany) Mugihe hari amakuru akomeze kuvugwa ko Umwongereza Joe Gomez  akaba myugariro wa  Liverpool  kashobora gusohoka muri iy’ikipe ya Arne Slot  kuri ubu amakuru ahari aravuga ko ntagahunda afite…

Read More