EURO 2024: Rya buye ryanzwe n’abubatsi niryo rikomeje imfuruka,Wout Weghorst afashije ubuholandi kwikura imbera ya Polonye

ikipe y’igihugu y’ubuholandi ibonye intsinzi imbere y’ikipe y’igihugu ya polonye nyuma yo kuyitsinda ibitego bibiri kuri kimwe mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’uburayi cyiri kubera mu gihugu cy’ubudage. Uyu wari umukino ubanza mu itsinda D ry’iyi imikino y’iburayi iri kubera mu gihugu cy’ubudage,ukaba wayobowe n’umusifuzi witwa Arur Diaz ukomoka mu gihugu cya Portigal ubera kubera…

Read More

Israel itwitse ingo nyinshi zo muri Rafah nyuma y’abasirikare bayo 8 bishwe na Hamas

Mu masaha yatambutse kuri uyu wa 15/06/2024, Hamas yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Israel bihitana abasirikare umunani (8),bituma Israel itangaza ko ibyo nabyo Ari ibyo Hamasi igomba kwishyura. Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu ntiyazuyaje mu gutanga umukoro kuri iki gitero, kuko Israel yahise mu ijoro ryakeye itwika ingo nyinshi y’abaturage ba Gaza muri Rafa byakomeje…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: KNC yongeye guhambirana na bantu, Muhire Kevin yongeye kwerekana ko ari umuyobozi pe!

Wydad Athletic Club  yarifite amahirwe menshi yo gukina  imikino nya Africa ariko iri n’anirwa, nyuma y’uko Raja na AS FAR arizo  z’abonye itike y’imikino ya  CAF Champions League aho imwe yabaye iyambere indi ikaba iyakabiri  RS Berkane yabaye iyagatatu ibona  itike ya Confederation Cup ariko n’anone kuberako igihugu cya Morocco gitanga amakipe ane mu mikino…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY ;taliki ya 16/Kamena ,Jürgen Klopp wahoze atoza liverpool yaravutse, FIFA itangaza ko FIFA WORLD CUP 2026™ ko kizabera mu bihugu bitatu

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 16/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 168 mu igize umwaka, hasigaye 198 ukagera ku musozo. 1928 mu mikino olempike yo muri uyu mwaka ikipe y’igihugu ya Uruguay yegukanye igikombe cya gatatu yikurikiranya cy’umupira wa amaguru muri iyi mikino ,ni imikino yabereye i Amasterdam…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 14/Kamena,Abatutsi barenga 2000 barokorewe muri Saint Paul n’ingabo z’Inkotanyi, Tupac Amaru Shakur na John Churchill

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 16/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 168 mu igize umwaka, hasigaye 198 ukagera ku musozo. 1567 Mariya, Umwamikazi wa Scotland, yafungiwe mu kigo cya Lochleven, muri ecosse. 1624 Virginia ihinduka ubukoloni bwikamba ryicyongereza nyuma yo guhomba kwa Sosiyete ya London. 1746 Intambara yabereye…

Read More

Abajyanama b’ubuzima bagera ku 8000 bahuye n’umukuru w’igihugu bishimira ibyagezweho

Ni kuri uyu wa gatandatu, aho aba bajyanama bahuriye na Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame muri BK Arena,bashimirwa umurimo wabo wa buri munsi. Ni ibirori byabanjirijwe no gutarama ndetse no kuganira mu nzego zitandukanye z’ubuzima,Aho hibukijwe uruhare rw’umujyanama w’ubuzima ku buzima n’imibereho by’abanyarwanda. Nyakubahwa perezida wa Repubulika, yibukije ko akazi inzego z’ubuzima zikora karenze…

Read More

Urukiko rw’umuryango wa abibumbye rwabeshyuje amakuru yo gufungurwa kwa Kabuga Félicien

Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwahakanye ibijyanye n’amakuru yahwihwiswaga ko Kabuga Félicien ufungiwe muri kasho yarwo yamaze gufungurwa. ejo ku wa gatanu taliki 14 Kamena nibwo abakoresha imbuga nkoranyambaga babonye ifota yaririmo ikwirakwizwa igaragaza umunyemari Kabuga ari kumwe n’umuryango we bishimye. aya mafota yakomeje gucicikana nyuma y’uko ku wa kabiri taliki…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki 14/kamena ,Cristiano Ronaldo yaciye agahigo,Oliver Kahn na Mohamed Salah babona izuba

uyu munsi kuwa gatandatu ,Tariki 15/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 167 mu igize umwaka, hasigaye 199 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; 1888 Shampiyona yigihugu ya Amerika ya Tennis mu bagore, yabereye kuri Philadelphia Cricket Club: Bertha Townsend yatsinze nyampinga Ellen Hansell 6-3, 6-5. 1906 british open muri Golf, yabereye…

Read More

TODAY IN HISTORY:Taliki ya 14/Kamena ;perezida Xi Jinping yabonye izuba, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Mugabane w’u Burayi[UEFA] ryarashinzwe…….

uyu munsi kuwa gatandatu ,Tariki 15/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 167 mu igize umwaka, hasigaye 199 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; 844: Louis II yambitswe n’umushumba wa kiliziya Gatolika papa Sergius II ikamba ryo kuba umwami w’ubutaliyane I Roma. 1184: Umwami Magnus V wa Norvège yiciwe mu gitero cyabereye…

Read More

Paper Talk[Europe]: Virgil van Dijk agiye gushukishwa ifaranga, Arsenal kubura amafaranga biyimye rutahizamu! Real Madrid nticogora kuri Davies

Ikipe ya Al Nassr  yomuri Saudi  Pro League  irifuza gutwara  myugariro w’ikipe  ya Liverpool  ukomoka mu gihugu cy’UbuhorandiVirgil van Dijk  ndetse ikahita imugira myugariro wambere uhembwa amafaranga menshi kwisi. (Marca) Umusore w’ikipe ya Chelsea  ukomoka mu gihugu cy’ubwongereza w’imyaka 22 Noni Madueke ari kurutonde rugufi rw’abakinnyi  ekipe ya  Newcastle United  irigutekereza gutwara , uy’umusore ukina nka mababa…

Read More