Paper Talk[Europe]: Chelsea iri kurangizanya n’umusore wa Barcelona, amerekezo mashya ya Jadon Sancho

Tottenham Hotspur  y’umutoza  Ange postecoglou  barifuza cyane umusore w’ikipe ya Crystal Palace Eberechi Eze w’imyaka   25- ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza, uy’Umusore w’ibereye mu gihugu cy’Ubudage hamwe n’ikipe y’igihugu  y’Ubwongereza(Talksport) Brighton  nyuma yo gutandukana n’umutaliyani  Roberto de Zerbi  iri kwifuza cyane  umusore w’ikipe ya  Leicester City  w’imyaka  25-Kiernan Dewsbury-Hall ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  akaba akina…

Read More

Full Report: Uko umunsi wa gatanu wo Kwiyamamaza wagenze ku bakandida Bose ku mwanya w’umukuru w’igihugu na gahunda y’umunsi ukurikiyeho

Ku munsi wa gatanu wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Burera na Musanze…

Read More

Copa América 2024: Argentine ibifashijwemo na  Lautaro Martínez yageze muri kimwe cya kane nubwo canada na chile bizikikomeranye

Ikipe y’Igihugu ya Argentine yatanze izindi gukandagiza ikirenge muri kimwe cya kane cya Copa America nyuma gutsinda chile igitego 1 -0 ikuzuza amanota atandatu mu tsinda rya mbere iherereyemo. Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ,mu mikino y’irushanwa rya Copa America rihuza amakipe aherere hariya kumugabane w’amerika y’amajyepfo nibwo ikipe y’igihugu ya Arigentine…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Samuel Eto’o Fils ahanganye na CAF, Rayon Sports yemeje ko iri mu biganiro n’abakinnyi bane! APR FC transfer

Umukimo w’ishiraniro wari guhuza ikipe ya Al Ahly  n’ikipe Zamalek kuri uy’u wa kabiri byarangiye utabaye kuberako Zamalek  ibyifuzo bine  ya gejeje ku ishyirahamwe ry’umupira wa maguru mu gihugu cya Misiri b’itigeze bishyirwa  mu bikorwa  Al Ahly  yahawe amanota atatu imbumbe.(#King Fut) Mamelodi Sundowns  yo mu gihugu cya  Africa yepfo  mu rwego rwo kwitegura umwaka…

Read More

TODAY IN SPORTS : taliki ya 26 /Kanama, Luis Suárez yirukanwe mu irushanwa ry’ igikombe cy’isi kubera kuruma abakinnyi bagenzi be naho umutaliyani  Paolo Maldini abona izuba

Uyu munsi ku wa gatatu,Taliki ya 26/Kanama 2024 ni umunsi wa 178 w’umwaka ubura iminsi 187 ngo urangire. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka ya siporo: Reka tubihere mu mwaka w’1904 IF Elfsborg Borås,ikipe y’umupira ibarizwa mu gihugu cya Suwede yarashinzwe kuri iyi taliki ,aho yatwaye ibikombe bya shampiyona yo muri iki gihugu bigera ku…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 25/Kanama ,Jean-Paul II yatorewe kuba umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika naho Perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Boseon abona izuba uyu munsi

Uyu munsi ku wa gatatu,Taliki ya 26/Kanama 2024 ni umunsi wa 178 w’umwaka ubura iminsi 187 ngo urangire. Reka turebere hamwe ibyaranze uyu munsi mu mateka y’isi muri rusange : Umujyi wa Kigali watangaje ko agace kazwi nka Car Free Zone kagizwe agace kahariwe abanyamaguru. 1748: Hashinzwe urusengero rwa mbere muri Amerika y’Amajyaruguru rugendera ku mahame n’inyigisho…

Read More

Full Report: Uko umunsi wa Kane wo Kwiyamamaza wagenze ku bakandida Bose ku mwanya w’umukuru w’igihugu na gahunda y’umunsi ukurikiyeho

Ku munsi wa Kane wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki ya 25/Kanama,Thierry Henry yerekeje muri Barcelona kuri miliyoni 24 z’amayero naho Mikhail Youzhny na Jamie Redknapp bavuka uyu munsi

Uyu munsi ku wa kabiri,Taliki ya 25/Kanama 2024 ni umunsi wa 177 w’umwaka ubura iminsi 189 ngo urangire. Bimwe mu byaranze italiki ya 25/ Kamena mu mateka ya siporo: 1977 igikombe cy’isi cyakinwe ku nshuro yacyo ya munani ,aho Ositaraliya yatsinze ubwami bw’abongereza ku mukino wa nyuma. 1978 muri kimwe cya kabiri cyirangiza mu gikombe cy’isi…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United igihe igomba kongerera amasezerano Ten Hag, icyo Arsenal itekereza kukuzana Pedro Neto!

Manchester United  irategura  kwemera gutanga   agera kuri 40m euro (£33.9m)  ku musore w’ikipe ya Bologna  Joshua Zirkzee, 23,  ukomoka mu gihugu cya  Netherlands ndetse  n’a myugariro   w’ikipe ya  Lille  w’imyaka  18-Leny Yoro  ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa. (Sky Sports) Manchester United   iratekereza kwemera gusinyisha  Joshua Zirkzee  igahita igurisha rutahizamu w’imyaka 22 umwongereza  Mason Greenwood. (I Sport) Everton iratekereza ko…

Read More