Paper Talk[Rwanda&Africa]: Gahunda yabakinnyi mu Rwanda yokurega amakipe muri Ferwafa irakomeje! umukino wazo bizasaba kwifashisha abasifuzi baturutse muri Esipanya

Wydad AC igeze mu biganiro byanyuma n’uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Mamelodi Sundowns yomuri Africa y’Epfo Rulani Mokwena ibijyanye n’imishahara byumvikanyweho ndetse n’ibyuduhimbaza mushyi igisigaye n’ugufata indege imwerekeza muri Morocco bikaba binateganyijweko ariwe mutoza wambere uzaba uhembwa amafaranga menshi mu mupira w’amaguru wa Morocco mu mwaka utaha w’imikino ntagihindutse.(#MickyJr) Umunya-Esipanye  Javier Alberola Rojas  akaba umwe…

Read More

Riderman yataramiye abitabiriye umuganda muri Gisagara batahana ibineza neza!

Kuri uyu wa gatandatu taliki 12,Ukwakira 2024, umuraperi uri mu bakomeye muri muzika nyarwanda Riderman uzwi ku izina ry’Igisumizi na bagenzi be bataramiye abitabiriye igikorwa cy’umuganda rusange wo gutera ibiti wabereye mu karere ka Gisagara. Ni muri gahunda yo kubungabunga ibidukikije, aho Kuri uyu wa gatandatu hari hateganyijwe umuganda rusange w’urubyiruko, Ku rwego rw’igihugu iki…

Read More

🛑AGEZWEHO : Israel yahitanye umuyobozi mukuru wa Hamas

Kuri iki cyumweru, igitero cy’indege za gisirikare za Isiraheli mu majyepfo ya Gaza cyahitanye umuyobozi wa politiki wa Hamas witwa Salah al-Bardaweel, nk’uko abayobozi b’umutwe w’abarwanyi bwabitangaje. Nubwo ubuyobozi bwa Isiraheli nta bisobanuro bwahise butanga, bamwe mu baturage baganiriye n’umunyamakuru wa Al Jazeera  bemeje ko iki igitero cy’indege cyahitanye Bardaweel  ufatwa nk’umuyobozi wa politiki wo…

Read More

Kigali : inzobere zirasaba ishyirwaho rya gahunda nshya y’ibikorwa byo kurwanya Imihindagurikire y’Ibihe

Abahanga mu bijyanye n’ibidukikije basabye ko hashyirwaho uburyo bumenya neza akamaro k’imirimo ibungabunga ibidukikije (Green Jobs Assessment Model) mu rwego rwo kunoza ivugururwa ry’intego z’igihugu zo guhangana n’ihindagurika ry’ibihe (NDCs), zifite agaciro ka miliyari $11.  Ibi kandi binagamije ko politiki z’ibidukikije zitakoma mu nkokora isoko ry’umurimo, ahubwo zikabyara amahirwe menshi y’akazi. Muri Mutarama 2025, u…

Read More

Sobanukirwa ihuriro n’itandukaniro riri hagati ya England,Great Britain na UK ibigora benshi

Ni kenshi mu matwi yacu twumvamo ijambo England , Great Britain cyangwa se United Kingdom(UK) kandi rimwe na rimwe ukumva birakoreshwa mu kuvuga igihugu cy’Ubwongereza. Si byo gusa kuko rimwe na rimwe ujyakumva ngo Scotland , Wales, England cyangwa se Great Britain ngo byitabiriye amarushanwa runaka kandi ukumva ngo bibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza. Muri iyi…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 14/Kamena,Abatutsi barenga 2000 barokorewe muri Saint Paul n’ingabo z’Inkotanyi, Tupac Amaru Shakur na John Churchill

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 16/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 168 mu igize umwaka, hasigaye 198 ukagera ku musozo. 1567 Mariya, Umwamikazi wa Scotland, yafungiwe mu kigo cya Lochleven, muri ecosse. 1624 Virginia ihinduka ubukoloni bwikamba ryicyongereza nyuma yo guhomba kwa Sosiyete ya London. 1746 Intambara yabereye…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal igiye kubona rutahizamu imupapuye Liverpool, David de Gea yongeye kuvugwa mu makipe akomeye Iburayi

Paris St-Germain  yamaze kugera kumasezerano yibanze  na Jadon Sancho   Umwongeza w’imyaka 24  gusa nanone iy’ikipe yo mu Bufaransa igomba  kwishyura   Manchester United  byibuza  agera kuri  £50m. (Sports Zone – in French) Manchester United  irifuza gutwara abasore batatu bikipe ya  Paris St-Germain   harimo uwimyaka  26  akaba akina kuruhande yugarira Nordi Mukiele,  Umunya-Uruguay ukina hagati mu kibuga  Manuel…

Read More

Amatora 2024: Abanyarwanda batoye umukuru w’igihugu n’abadepite Biteguye neza ibisubizo by’ibanze mu masaha y’umugoroba.

Kuri uyu wa mbere, abanyarwanda baba imbere mu gihugu bitabiriye amatora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite muri iyi Manda y’imyaka itanu iri imbere,aho babyutse iya kare kugira ngo bitorere abayobozi bababereye. Nk’uko komisiyo y’igihugu y’amatora yabitangaje,amatora y’abanyarwanda baba mu mahanga batoye ku munsi w’ejo, mugihe ab’imbere mu gihugu batoye uyu munsi kuva saa moya kugera saa Cyenda…

Read More

USA: nanubu icyateye umwana kurasa bagenzi be gikomeje agatereranzamba!

Abakozi b’inzego z’iperereza muri Leta ya Georgia muri Leta zunze ubumwe z’Amerika barakora ubushakashatsi ku kuntu umwaba w’imyaka 14 yaba yarabonye imbunda yakoresheje ubwo yarasaga abantu ku ishuri yigaho ku wa gatatu w’iki cyumweru. Inzego ziperereza kandi zirasuzuma niba harabeyeho ibimenyetso byashoboraga kuba imbuzi mbere y’uko icyo gikorwa kiba bashingiye ku bibazo baherukaga kubaza uyu…

Read More