Tim Walz yatoranijwe na Kamala Harris kuzamubera umukandida ku mwanya wa Visi Perezida

Kamala Harris,Visi Prezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika  yahisemo Guverineri Tim Walz wa leta ya Minnesota kumubera kandida visi prezida mu matora y’umukuru w’igihugu. Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri Visi Prezida Kamala Harris na Guverineri Tim Walz w’imyaka 60, barerekeza mu mujyi wa Philadelphia mu gikorwa cyo kwiyamamaza bwa mbere bari kumwe. Nyuma,…

Read More

Bangladesh : impirimbanyi yo kwishyira ukwizana yahindutse umunyagitugu! [inkuru irambuye]

Minisitiri w’intebe wa Bangladesh Sheikh Hasina Wazed yeguye ndetse ahunga icyo gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo, nyuma y’imyigaragambyo iyobowe n’abanyeshuri yamaze ibyumweru yaje kurenga igaruriro ikavamo imvururu zo ku rwego rw’igihugu ziciwemo abantu. Ibi bishyize iherezo, ritari ryitezwe, ku butegetsi bw’uyu Minisitiri w’intebe wa mbere wari umaze igihe kirekire ategeka Bangladesh, wari uri ku butegetsi…

Read More

Kwiyongera imbaraga kwa M23 biterwa n’amakimbirane y’u Rwanda na Uganda bijyanye no kugenzura ubutaka bwa DRC : Ebuteli na GEC

ku wa kabiri tariki ya 6 Kanama ,Ikigo cy’ubushakashatsi cya Ebuteli hamwe n’itsinda ku miyoborere muri Kongo (GEC) batanhaje ko, kongera kubaho kwa M23 byatewe n’ubushyamirane hagati y’u Rwanda na Uganda ku bijyanye no kugenzura ubutaka bwa repubulika iharanira demokarasi ya Kongo. Iyi miryango y’abenyacongo yatangaje ibi muri raporo yabo yise « Kongera kubaho kwa…

Read More

Amerika : ikibazo cy’abimukira banyura mu nzira zitemewe gikomeye guhangayikisha iki gihugu

Ikibazo cy’abimukira banyura inzira za magendu ni kimwe mu biri kw’isonga ry’ibihangiyikishije abayobozi ba Leta zunze ubumwe z’Amerika mu matora yo muri uyu mwaka. Mu mwaka ushize, polisi ishinzwe kurinda imipaka y’Amerika yahagaritse abimukira barenga miliyoni ebyiri banyuze inzira z’ubusamo bashaka kwinjira baturutse ku mipaka y’amajyepfoy’iki gihugu. mu myaka yashize, abimukira benshi banyura iz’ubusamo babaga…

Read More

Perezida Biden agiye kuganira n’umwami wa Jordaniya ku byerekeye umutekano wo mu burasirazuba bwo hagati

Kuri uyu wa mbere, Perezida Joe Biden yiteguye kuganira ku makimbirane ari mu burasirazuba bwo hagati n’itsinda ry’umutekano ry’igihugu cye, ndetse no guhamagara kuri telefoni n’umwami Abdullah II wa Jordaniya . Ibi bije mu gihe abayobozi ba Isiraheli baburirwa ko bashobora kugabwaho ibitero bikaze, mu gihe hari impungenge z’uko bishoboka ko ibikorwa byatangizwa na Irani…

Read More

Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka yasuye abasirikare B’u Rwanda bari muri Centrafrique

Maj Gen Vincent Nyakarundi ,Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, yasuye abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, abagezaho ubutumwa burimo ubwo kubagaragariza uko umutekano wifashe mu karere. Maj Gen Vincent Nyakarundi yashimiye izi Ngabo z’u Rwanda ku bw’umuhate n’umurava bagira mu kubungabunga umutekano w’abaturage bo muri iki gihugu, anabagaragariza uko…

Read More

Tanzania : abaturage bo mu bwoko bwa Maasai bari mu myigaragambyo bamagana ihonyorwa ry’uburenganzira bwabo

Mu gihugu cya Tanzania , Abaturage bo mu bwoko bw’aba maasai bari mu bukangurambaga bwo gushaka abaterankunga mpuzamahanga kugirango babafashe gusaba guverinoma yabo no guhagarika ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu nyuma yo kwirukanwa ku gahato mu butaka bwabo . Abayobozi bavuga ko uku kwirukanwa kw’aba baturage ari mu buryo bwo kubungabunga inyamaswa zo mu gasozi, ariko…

Read More

Mali yahagaritse imigenderanire na Ukraine kubera ibirego ishinja umutwe wa Wagner

Mali ivuga ko yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga n’igihugu cya Ukraine, nyuma y’uko umuyobozi w’ingabo za Mali avuga ko leta ya Kyiv yagize uruhare mu mirwano yabereye hafi y’umupaka uhuza iki gihugu na Alijeriya mu kwezi gushize. Abasirikare n’abacanshuro benshi bo mu mutwe wa Wagner w’Uburusiya bivugwa ko bishwe mu minsi y’imirwano yagiranye n’inyeshyamba zo mu…

Read More

Dufite insengero ziruta amashuri ari muri iki gihugu : Dr. Kaitesi Usta

Umuyobozi Mukuru wa RGB, Dr. Kaitesi Usta, asanga mu kubaka insengero hakwiye no kubaho kugabanya ubucucike ahubwo ubwo butaka bugakoreshwa ibindi. Yatanze urugero kuri ADEPR, avuga ko muri Kigali ihafite insengero zingana n’utugari tuyibarizwamo. Iri torero rifite insengero zisaga 3000 mu Gihugu hose. Dr. Kaitesi Usta aho yagize ati : “Dufite insengero ziruta amashuri ari…

Read More