Paper Talk[Europe]: Manchester United igihe igomba kongerera amasezerano Ten Hag, icyo Arsenal itekereza kukuzana Pedro Neto!

Manchester United  irategura  kwemera gutanga   agera kuri 40m euro (£33.9m)  ku musore w’ikipe ya Bologna  Joshua Zirkzee, 23,  ukomoka mu gihugu cya  Netherlands ndetse  n’a myugariro   w’ikipe ya  Lille  w’imyaka  18-Leny Yoro  ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa. (Sky Sports) Manchester United   iratekereza kwemera gusinyisha  Joshua Zirkzee  igahita igurisha rutahizamu w’imyaka 22 umwongereza  Mason Greenwood. (I Sport) Everton iratekereza ko…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 25/kanama, Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae naho umukinnyi wa amafilime w’umuhindekazi Karisma Kapoor abona izuba

Uyu munsi ku wa kabiri,Taliki ya 25/Kanama 2024 ni umunsi wa 177 w’umwaka ubura iminsi 189 ngo urangire. Reka turebere hamwe ibyaranze uyu munsi mu mateka y’isi muri rusange : 253: Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae. 1678: Venetian Elena Cornaro Piscopia, ukomoka muri Repubulika ya Venice ubu ni mu gihugu cy’u Butaliyani…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Kaizer Chiefs na APR FC z’iyoboye isoko ry’Africa, Ubuyobozi bwa Polic FC kuri Ojera baravuga iki?

Nyuma  yogusoza amasezeranoye muri Simba SC  Clatous Chama  umunya Zambia w’imyaka 33  ya n’aniwe kumvikana na Simba bigiye gutuma uy’u musore ukina hagati mu kibuga asohoka muri iy’ikipe  imaze imyaka itatu nta gikombe cya shampiyona itwara.(#The Citizens) Kaizer Chiefs  yo mu gihugu cya Africa yepfo n’imwe mu makipe arikwiyubaka  cyane nyuma yo kubona abatoza bashya …

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki 24/Kamena, Lionel Messi yavutse uyu munsi naho Abakinnyi b’abakobwa basiganwa ku maguru bemerewe guhatana mu mikino Olempike yabereye mu barabu.

Uyu munsi ku wa mbere,Taliki ya 24/Kanama 2024 ni umunsi wa 176 w’umwaka ubura iminsi 190 ngo urangire. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1922 Ishyirahamwe ryumupira wamaguru wabanyamerika[American Professional Football Association] yahinduriwe iri izina yitwa Ligue yumupira wamaguru [ National Football League] 1968, mu iteremakofe ,Joe Frazier yahigitse umurywanyi wo muri Mexico Manuel Ramos…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki 24/kamena,Jiang Zemin yabaye Perezida w’u Bushinwa,abanyarwanda berekanye ko barambiwe ingabo z’u Bufaransa zabarizwaga mu Burengerazuba bw’u Rwanda na Jeanne de Valois abona izuba

Uyu munsi ku wa mbere,Taliki ya 24/Kanama 2024 ni umunsi wa 176 w’umwaka ubura iminsi 190 ngo urangire. Itariki ya 24 Kamena ni umunsi Abanyarwanda berekanye ko barambiwe ingabo z’u Bufaransa zabarizwaga mu Burengerazuba bw’u Rwanda no mu bice bya Goma na Bukavu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Icyo gihe abaturage barenga ibihumbi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Euro]: Rayon na APR FC z’ikwiye kuyigiraho umwiherero bazawukorera mu Barabu, byasabye kwitabaza abasifuzi bo muri Esipanye!

Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania  irateganya gutangira imyitozo y’itegura umwaka utaha w’imikino (pre-season) ku italiki ya 05 nyakanga, 2024 ndetse  mu minsi mike  iy’ikipe imaze imyaka itatu  idatwara igikombe cya shampiyona  iraza gutangaza umutoza mushya wayo.(#African Football) Shampiyona y’igihugu cya Kenya yashyizweho  akadomo  ikipe ya Gor Mahia b’ishimira igikombe cyabo cya 21  mu…

Read More

Paper Talk[Europe]: Rashford haribyo ateganyiriza Ten Hag, umwanzuro wa Xavi Simons kuhazazahe, ikerecyezo cya Raphael Varane

Manchester United n’ikipe ya  Tottenham Hotspur  n’amakipe  abiri  yo  mu gihugu cy’Ubwongereza  y’ifuza umusore w’imyaka  24  w’ikipe ya Lille Jonathan David ukomoka mu gihugu cya  Canada aya makipe yose akeneye ma rutahizamu . (Sky Sports) Wolverhampton Wanderers irashaka  agera kuri   £45m  kuri myugariro wayo  Max Kilman  w’ifuzwa cyane n’ikipe ya West Ham United  bwambere ikaba yari…

Read More

TODAY IN HISTORY:Hatangiye intambara yari igamije kwibohora kwa Scotland yatangiriye mu gitero cy’ahitwa Bannockburn ,benshi bavutse ndetse n’abatabarutse kuri uyu munsi …………………….

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1314: Hatangiye intambara yari igamije kwibohora kwa Scotland, yatangiriye mu gitero cy’ahitwa Bannockburn. 1758: Mu ntambara yiswe iy’imyaka magana arindwi, mu gitero cyabereye ahitwa Krefeld mu Budage ingabo z’u Bwongereza zakubise inshuro iz’u Bufaransa. 1812: U Bufaransa buyobowe n’Umwami w’Abami Napoléon I bwigaruriye u Burusiya. 1937: Joe Louis yabaye umukinnyi wa mbere…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:taliki ya 23 ,Komite mpuzamahanga y’imikino Olempike yashinzwe i Sorbonne muri Paris naho Zinedine Zidane na Patrick Vieira babona izuba uyu munsi.

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo kuri iyi taliki: Uyu munsi ku cyumweru ,Tariki ya 23 Kanama 2024 ni umunsi wa 175 w’umwaka ubura iminsi 191 ngo urangire. 1894 Komite mpuzamahanga y’imikino Olempike yashinzwe i Sorbonne, Paris, ku bushake n’igitekerezo bya Baron Pierre de Coubertin. 1968 abarenga 74 barapfuye abandi 150 barakomerekera…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Dushobora kubona abatoza baremereye batoje Rayon bayigarukamo! Gahunda yo kwigurira Kevin igezehe?

Nasreddine Nabi kumugaragaro yamaze kuba umutoza  mushya  w’ikipe  ya  Kaizer Chiefs yo mu gihugu cya Africa yepfo akaba yasinye amasezerano y’imyaka ibiri  ishobora kongerwaho umwaka umwe wa masezerano, Fernando Da Cruz  n’awe  yamaze gusesekara muri Africa yepfo  aho azaba umutoza wungirije.(#Micky Jr) Abubeker Nassir umunya Ethiopia  w’imyaka 24 yamaze gutandukana n’ikipe ya  Mamelodi Sundowns yo…

Read More