TODAY IN SPORTS HISTORY : Barcelona yatangaje ko Lionel Messi azasohoka muri iyi ikipe naho Salomon Kalou abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo. 1986 Ingrid Kristiansen wo muri Noruveje yashyizeho amateka mu mukino wo kwiruka muri metero 5000 ku isi i Stockholm, muri Suwede . 1995 Amarushanwa yabaga ku nshuro ya gatanu yimikino ngororamubiri yafunguwe i Gothenburg, muri Suwede . 2005 NBA yatangaje ko umujyi wa Las…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Peresida wa Kiyovu kera kabaye yageze mu Rwanda,Rayon yabonye agatubutse muri Rayon Day koko!

Umunya-Morocco  w’imyaka  27  Zakaria Nassik yamaze gutangazwa  nk’umukinnyi mushya w’ikipe ya Wydad AC yiwabo muri Morocco  akaba ari umukinnyi ukina kuruhande rw’ibumoso yugarira(left-back).(MickyJr) Ikipe ya Al Ahly yo mu gihugu cya Misiri yongeye gukora amateka muri shampiyona  ya Misiri yo kumara imikino 19 idatakaza  yabigezeho nyuma yo gutsinda ikipe ya  Al Mokawloon Al Arab SC…

Read More

Paper Talk[Europe]:Arsenal yashyizeho igiciro kuri Eddie Nketiah, Julian Alvarez ibye bikomeje kuyoberana muri  Manchester City!

Newcastle United  irifuza gutwa Umwongereza w’ikipe ya  Crystal Palace Marc Guehi, 24  nyuma yo kwitwara neza mu gikombe cy’Uburayi ndetse  Arsenal ikaba isa nk’iyavuye muri gahunda yo gutwa uyu myugariro  . (Mail) Gusa Crystal Palace  yamaze kubwira   Newcastle ko niba yifuza gutwa Marc Guehi igomba gutanga  £50m. (Football Insider) Bournemouth yamaze kumenyesha ikipe ya  Tottenham Hotspur ko igomba…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :  Pasteur Bizimungu wigeze kuyobora u Rwanda yakatiwe gufungwa imyaka 15 naho Joseph Kabila Kabange abona izuba

uyu munsi ku wa cyumweru , tariki 4 Kanama ni umunsi wa 217 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 149 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka: Uyu munsi ni tariki ya 4 kanama 2024.Umunsi nk’uyu mu 1993 amasezerano ya Arusha yarasinywe 70 mbere y’ivuka rya YEZU: Umwami w’abami Titus yakuye…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Oscar Pistorius udafite amaguru yombi yaciye agahigo mu mikino olempike naho Luis Antonio Valencia abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo. 1996 Imikino Olempike yabaga ku nshuro ya 26 yashorejewe i Atlanta,muri leta ya Jeworujiya. 2012 umuny-Afurika yepfo witwa Oscar Pistorius usiganwa ku maguru yabaye umuntu wa mbere udafite amaguru yose witabiriye imikino Olempike mu gusinganwa muri metero 400 yabereye i London mu bwongereza ….

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Umutoza wa APR FC yongeye kwibazwaho! Al Ahly yanze ubusabe bwa Nice bwo kubagurisha umukinnyi

Igihugu cya Misiri  kirigutegura  gahunda yo gusaba kuzakira mikino ya Olempike  ya 2036  ikakirirwa I Cairo nyuma  y’uko ubu imikino ya Olempike  ya 2024 iri kubera I Paris mu gihugu cy’Ubufaransa.(#MickyJr) Ikipe ya Nice mu gihugu cy’Ubufaransa  y’umutoza  Franck Haise  yatanze akayabo ka  $2.7M   mu ikipe ya Al Ahly kugirango ibagurishe umusore wabo Mohamed Abdelmonem…

Read More

Paper Talk[Europe]:Bayern yahakaniye United kubakinnyi babiri yashakaga, Arsenal yasigaye mu rugamba rwa Federico Chiesa yonyine!

Newcastle United  irategura guha amasezerano mashya Anthony Gordon, 23,  mababa mwiza ukomeje kwifuzwa n’ikipe ya Liverpool, uyu Mwongereza utarikumwe  na Newcastle United   mu mwiherero witegura umwaka utaha w’imikino  kubera ko yahawe ikiruhuko nyuma yo kuva mu gikombe cy’Uburayi. (Athletic – subscription required) West Ham United  ikomeje gukurikirana Umunya-  Argentine Guido Rodriguez, 30,  ukina hagati mu…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Adolf Hitler yabaye umuyobozi w’ikirenga w’u Budage naho umwami Frederik William III abona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 1492: Abayahudi bari batuye muri Espagne birukanwe n’ubwami Gatolika bwaho. 1852: Hatangiye amarushanwa yo gusiganwa mu bwato, kuva hagati ya Yale na Havard muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. 1934: Adolf Hitler yabaye umuyobozi w’ikirenga w’u Budage, ibi yabigezeho nyuma yo kuba Perezida na Chancelier w’iki gihugu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Neymar Jr yabaye umukinnyi uhenze ku isi y’umupira w’amaguru naho Brahim Diaz abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo. 1949 icyahoze ari Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Amerika (BAA) na National Basketball League (NBL) byishyize hamwe bishyiraho Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball ririho ubu rya (NBA), naho Maurice Podoloff yatorewe kuba umuyobozi wa mbere w’iyi shampiyona nshya. 1952 Umushoferi wakiniraga Ferrari w’umutaliyani witwa Alberto…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Papa Yohani Pawulo wa Kabiri yagiriye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cye cy’amavuko cya Pologne naho Nouri Al-Maliki abona izuba

uyu munsi ku wa gatanu , tariki 2 Kanama ni umunsi wa 215 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 151 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Ku munsi nk’uyu kandi hari kuwa 02 Kamena 1953 ni bwo umwamikazi w’Ubwongereza Queen Elizabeth II yambikwaga ikamba mu birori…

Read More