Paper Talk[Europe]: Kylian Mbappé agiye gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Real Madrid, Bayern Munich  igiye kurangiza transfer yayo ya kabiri!

Paris St-Germain  yiteguye guhangana  n’ikipe ya  Manchester United murugamba rwo gusinyisha umusore w’Ikipe ya   Benfica w’Imyaka  19- Portugal Joao Neves  akabakina hagati mu kibuga gusa saya makipe gusa amwifuza hari nadi kumugabane w’Iburayi akomeje kwifuza uyu musore (Le10Sport – in French) Barcelona  ngoyaba yamaze kumvikana ibyibanze  n’umusore w’Ikipe ya  Athletic Bilbao Nico Williams  w’Imyaka 21 Umunya-Spain ukomeje no kuyifasha…

Read More

Paper Talk[Europe]: Bayern Munich igiye gutandukana n’abakinnyi batandatu, naho ikipe ya Manchester United n’iyo kipe  irikuvugwa cyane ku isoko!

Chelsea  yatangiye ibiganiro  n’Ikipe ya Borussia Dortmund  yo mu gihugu cy’ubudage kubagurisha umusore wabo  Karim Adeyemi  w’Imyaka 22 akabakina nka rutahizamu. (Bild – in German) West Ham United  irifuza gutwa umusore w’ikipe ya   Aston Villa w’Imyaka   20- Colombia  Jhon Duran wanatekerejweho n’Ikipe ya Chelsea . (Sky Sports) Manchester United  yamaze kumvikana muburyo bw’amagambo  n’Ikipe  ya  Bayern…

Read More

Paper Talk[Europe]:Inama rukokoma muri Manchester United , Barcelona kuri Joao Cancelo bikomeje kugorana!

Juventus irashaka kugurisha Umutaliyani  akaba na rutahizamu Federico Chiesa, 26, kugirango yongere amafaranga yokwigurira  umusore w’ikipe ya  Manchester United  Jadon Sancho, nyuma yogutizwa mu ikipe ya Borussia Dortmund ariko bikaba bisankaho bashobora kutamutwara mu buryo bwa burundu. (Calciomercato – in Italian) Manchester United ndetse n’ikipe ya   Arsenal  zose z’iratekereza gutwara umusore w’Ikipe ya Ajax yomu…

Read More

Paper Talk: Manchester United  yamaze kumvikana  na rutahizamu kandi udahenze , birasa nkaho Chelsea yagarutse muri gahunda yo gutwara  Victor Osimhen!

Arsenal  ntago irabasha gutanga amafaranga y’ifuzwa  n’Ikipe ya  Bologna  angana miliyoni £42.3  kuri myugariro Riccardo Calafiori, w’imyaka 22 gusa kugeza ubu ibiganiro birakomeje hagati y’amakipe yombi  . (Football Italia) Umudage ukina hagati mu kibuga  Pascal Gross  yamaze kumvikana ibimureba byose na ekipe ya  Borussia Dortmund yo mu gihugu cy’Ubudage   kugirango uyu musore asohoke mu ikipe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea yatangiye gukoresha Marc Cucurella kugirango areshye Nico Williams ! Amerekezo mashya ya  Joao Felix nyuma  y’uko  Barcelona ibyo kumuguma yabivuyemo

Manchester City  ibizineza ndetse iraniteguye kwakira ubusabe buvuye mu makipe yomuri Saudi  Arabia muri Saudi pro Legue kuri Ederson Santana de Moraes  gusa iramushakamo arenga  £30m bikavugwako  Al-Nassr arimwe mu makipe y’Ifuza cyane uy’u muzamu ukomoka mu gihugu cya Brazil. (Talksport) Marseille  yomu gihugu cy’Ubufaransa  ifite ikizere cyane cyo gutwara  umusore w’Ikipe ya Manchester United Mason Greenwood  n’ubwo…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal irenda gusinyisha umukinnyi wa mbere , Paris St-Germain  y’Injiye mu rugamba rw’Umukinnyi  w’Ifuzwa na makipe menshi!

Real Madrid yatangiye gutekereza gutwa myugariro w’ikipe ya  Crystal Palace w’Imyaka 23   Marc Guehi unarikumwe n’ikipe y’igihugu ya Bongereza mu gikombe cy’Iburayi  gusa ari no kwifuzwa cyane n’Ikipe ya   Barcelona yo mu gihugu cya Esipanye  n’Ikipe ya   Juventus  yo mu Gihugu cy’Ubutaliyani. (Sun) Arsenal  y’Iteguye gutwa  umusore w’Ikipe ya Bologna Riccardo Calafiori  wa gize…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea irikwitwara neza cyane ku isoko pe! Yageze no kuri Nico Williams, Manchester United igiye kugura umukinnyi wa mbere akaba myugariro  

Anthony Gordon Umwongereza w’imyaka 23   ari kwifuzwa cyane  n’ikipe ya  Liverpool  yumutoza Arne Slot  ariko biragoye cyane  kuko Newcastle United  ivugako ntagahunda ifite yokugurisha  uyu musore ukina nka mababa  (Telegraph – subscription required) Manchester United biravugwa ko yamaze guha amasezerano y’imyaka itanu myugariro   Matthijs de Ligt, 24, ukomoka mu gihugu cya  Netherlands  mu gihe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea iguze rutahizamu wa Barcelona, Newcastle United yatanze igisubizo kubifuza  Alexander Isak!

Liverpool, Arsenal, Chelsea ndetse na  West Ham United  zose z’irifuza gutwara  umusore w’imyaka 22  ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani   Riccardo Calafiori  myugariro mwiza cyane  gusa zose z’ifite umusozi wo kurira  bishyura agera kuri  £40m kugirango  ave muri  Bologna. (Express) Bamwe mu ba directors b’ikipe ya  Barcelona ntago bari kwemera  kuba bazana umusore ukomoka mu gihugu cya Esipanye  …

Read More

Paper Talk[Europe]: Lamine Yamal  ashobra kuba umukinnyi wa gurwa amafaranga menshi ku isi, Chelsea ishobora gutanga abakinnyi bane ishaka umwe !

Manchester United yamaze gufungura ibiganiro n’umusore  w’imyaka 24  wu munya Netherland Matthijs de Ligt,  akina nka myugariro (centre-back )  w’iteguye kuba yava no muri iy’kipe ya Bayern Munich muri iy’impeshyi  . (Sky Sport Germany) Paris St-Germain  y’iteguye kwishyura  amafaranga yaba atanzwe kunshuro yambere ku rwego rw’isi rw’umupira wa maguru mu kipe ya FC Barcelona ku musore wabo…

Read More

Paper Talk[Europe]: Paris St-Germain  na Marcus Rashford, ubumwe  ntayegayezwa bwa  Ruud van Nistelrooy  na Ten Hag buzaba buteye ubwoba!

Chelsea  irifuza bikomeye umusore  w’ikipe ya Nottingham Forest 21- ukomoka mu gihugu  cya  Brazilian  Murillo akaba myugariro mwiza cyane  w’ifuzwamo agera kuri  £70m,  gusa Chelsea iratekereza  gukoresha  umwongereza wayo w’imyaka 24  Trevoh Chalobah  muri gahunda yo gutwa uy’u musore.(Guardian) Chelsea  yamaze gutanga intanga marara mu ikipe ya   Leicester City  ku musore wabo w’imyaka  25- Kiernan…

Read More