EuropeHomePaper Talk

Paper Talk[Europe]: Lamine Yamal  ashobra kuba umukinnyi wa gurwa amafaranga menshi ku isi, Chelsea ishobora gutanga abakinnyi bane ishaka umwe !

Manchester United yamaze gufungura ibiganiro n’umusore  w’imyaka 24  wu munya Netherland Matthijs de Ligt,  akina nka myugariro (centre-back )  w’iteguye kuba yava no muri iy’kipe ya Bayern Munich muri iy’impeshyi  . (Sky Sport Germany)

Paris St-Germain  y’iteguye kwishyura  amafaranga yaba atanzwe kunshuro yambere ku rwego rw’isi rw’umupira wa maguru mu kipe ya FC Barcelona ku musore wabo ukiri muto  cyane     Lamine Yamal, 16, nyuma yo gutandukana na Mbappe wamaze gusinyira  Real Madrid. (Mundo Deportivo – in Spanish)

Manchester City irifuza gusinyisha  umusore w’ikipe ya Bayern Munich  yo mu gihugu cy’Ubudage Joshua Kimmich, 29, akaba akina hagati mu kibuga n’ubwo muri iy’iminsi yavuba  arigukoreshwa nka myugariro w’iburyo  ndetse city ikanifuza kumutwarana n’umusore w’ikipe ya  RB Leipzig  Dani Olmo, 26 umunya Esipanye ukina nka mababa. (Sun)

Chelsea yatangiye kuganira n’ikipe ya Newcastle United  kugirango babahe rutahizamu  w’umunya Sweden Alexander Isak, 24,  ndetse Chelsea iratekereza gukoresha   Nicolas Jackson, 23,  muri iy’igahunda byatuma yoroha cyane kuburyo babona uy’u rutahizamu b’ifuza . (Sun)

Ndetse  Chelsea  ntizarekeraho  ishobora no gukoresha  abandi bakinnyi batatu bayo beza  barrio umwongereza Conor Gallagher, 24,   ukina hagati mu kibuga   rutahizamu  ukomoka muri   Albania Armando Broja, 22, na myugariro  Trevoh Chalobah  w’imyaka 24, ngariko ibone Isak. (Football Insider)

Gusa n’anone kurundi ruhande  Arsenal iracyahari cyane  kuri uy’u musore  Alexander Isak, 24,   gusa n’ibona itabasha kwishyura igiciro  Newcastle  united ya shyizeho iratekereza kuzana undi mu kinnyi ukina hagati mu kibuga ariko ukomeye cyane   . (Football Transfers)

NewcastleUnited  igeze kure ibiganiro byo gutwara umusore w’ikipe ya  Nottingham Forest umunya-Sweden Anthony Elanga, 22,  ukina nka mababa  ndetse b’iteganyishwe ko  umunya Scotland Elliot Anderson, 21,  agomba gokoreshwa muri iy’Igahunda ya  Nottingham Forest  kugirango y’ibonere uy’u mukinnyi. (Talksport)

Umunya-Senegal Moussa Niakhate, 28,  akaba akina nka  myugariro mu ikipe ya Nottingham Forest  b’irasa nk’ibyarangiye  agiye kwerekeza mu ikipe ya  Lyon mu gihugu cy’Ubufaransa. (Fabrizio Romano)

West Ham United   yamaze kuvugisha ikipe ya   Metz  yo mu gihugu cy’Ubufaransa  kubijyanye no kuba ya bagurisha umusore wabo ukomoka mu gihugu cya  Georgia rutahizamu  Georges Mikautadze, 23,  ndetse n’anone iy’ikipe ya the Hammers  bari gukurikirana   umusore w’ikipe ya  Lyon  mu gihugu cy’Ubufaransa   O’Brien, 23 akaba we akomoka mu gihugu cya Republic ya Ireland  akina nka myugariro . (Guardian)

Crystal Palace  irikwifuza  umusore w’ikiipe ya  Arsenal Emile Smith Rowe  ushobora kuzasohoka muri The Gunners  kuri  £25m,  nyuma y’uko abuze umwanya wo gukina  nyamara yari yarawizejwe na Mikel Arteta  mu kwezi kwa mbere kwa 2024 ubwo byavugwaga cyane ko yasohoka muri Arsenal. (Sun)

Uwahoze  ari myugariro w’ikipe y’igihugu  cy’Ubufaransa  Raphael Varane, 31, yamaze kugera  mu gihugu cy’ubutaliyani   ku girango atangire ibiganiro n’ikipe ya  Como  iherutse kuzamuka mu cyiciro  cya mbere  muri shampiyona y’igihugu ya Bataliyani  “Italian Serie a”  nyuma yo gutandukana n’ikipe ya   Manchester United. (Sky Sport Italia – in Italian)

Vasco da Gama yo mu gihugu cya  Brazil  yahigitse andi ma kipe makeba y’iwabo bari bahanganiye Philippe Coutinho  umunya-Brazil wanyuze mu bakipe akome cyane Iburayi atandukanye arimo Liverpool, Barcelona  mu gihe ubu yari y’ibereye mu ikipe ya  Aston Villa  gusa bahisemo gutandukana n’awe nyuma yo gusesa amasezerano yari afite muri iy’ikipe ya Aston Villa . (Globo – in Portuguese)

Leicester City nta kubitekerezaho cyane  yanze  ubusabe bwa mafaranga bwatanzwe n’ikipe ya Chelsea kumusore wayo w’imyaka 25  Kiernan Dewsbury-Hall  Umwongereza ukina hagati mu kibuga . (90min)

Chelsea n’imwe mu makipe akomeje kuvugwa cyane kwisoko ry’igura n’igurishwa ry’Abakinnyi nk’ubu b’iravugwa ko Umwongereza wabo  Chukwuemeka, 20,  ari kwifuzwa cyane n’ikipe ya  AC Milan yo mu gihugu cy’Ubutaliyani. (Gianluca di Marzio)

Borussia Dortmund  n’ikipe ibarizw muri shampiyona ya Badage “ Germany Bundesliga”  yamaze gutanga  ubusabe bw’Amafaranga  mu ikibe ya Tottenham  Hotspur  ku girango babahe  Umwongereza Mikey Moore, 16 akaba akina nka mababa. (Football Insider)

N’inako kandi iy’ikipe ya  Borussia Dortmund   yegereje gusinyisha  umusore  ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani rutahizamu  Samuele Inacio, 16, usanzwe n’ubundi akinira ikipe ya  Atalanta  yaho ngaho mu gihugu cy’Ubutaliya  nyuma y’uko b’isankaho ikipe ya  Bayern Munich itakiri muri gahunda z’uyu musore . (Sky Sport Germany – in German)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *