Watch Loading...
EuropeHomePaper Talk

Paper Talk[Europe]: Paris St-Germain  na Marcus Rashford, ubumwe  ntayegayezwa bwa  Ruud van Nistelrooy  na Ten Hag buzaba buteye ubwoba!

Chelsea  irifuza bikomeye umusore  w’ikipe ya Nottingham Forest 21- ukomoka mu gihugu  cya  Brazilian  Murillo akaba myugariro mwiza cyane  w’ifuzwamo agera kuri  £70m,  gusa Chelsea iratekereza  gukoresha  umwongereza wayo w’imyaka 24  Trevoh Chalobah  muri gahunda yo gutwa uy’u musore.(Guardian)

Chelsea  yamaze gutanga intanga marara mu ikipe ya   Leicester City  ku musore wabo w’imyaka  25- Kiernan Dewsbury-Hall  ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akaba akina  hagati mu kibuga  doreko  uy’umukinnyi yamaze kwemeza ko  n’ava mu ikipe  Leicester City  agomba kujya mu ikipe ya Chelsea b’itaba ibyo akaguma muri the Foxes. (Athletic – subscription required)

Brentford  n’ayo iri kwifuza cyane  uy’u musore  Dewsbury-Hall  wa  Leicester City  una fite  by’ibuze igiciro  cya  £40m . (Mail)

Chelsea  yamaze  kwinjira  mu rugamba  n’ikipe ya  Tottenham  Hotspur  rwo gusinyisha  umusore   Archie Gray  w’imyaka 18  usanzwe  ukinira ikipe ya  Leeds  akaba akina hagati mu kibuga. (Telegraph – subscription required)

Umusore  w’ikipe ya  Manchester United  Umwongereza   Mason Greenwood   ngarifuza kwerekeza  mu ikipe Marseille  yo mu gihugu cy’Ubufaransa  kuruta andi makipe  amwifuza  arimo  Juventus, Lazio, Napoli,  Valencia  ndetse  n’ikipe  ya   Benfica. (Athletic – subscription required)

Tottenham  Hotspur  byamenyekanye  ko  yatanze agera kuri  £20m   kumusore  w’Umwongereza  Jacob Ramsey, 23,  akaba akina mu kibuga hagati  mu  ikipe ya  Aston Villa   gusa ikipe ya  Aston Villa   yanze ayo mafaranga  b’ikanavugwa ko  muri iy’igahunda  Tottenham  Hotspur   igomba gukoreshamo  umunya Argentine  wayo Giovani lo Celso, 28 .(Times – subscription required)

Napoli  nta  mugambi  ifite  wo kugurisha umukinnyi  wayo  Khvicha Kvaratskhelia  umunya  Georgia w’imyaka 23  muri iy’impeshyi   peresida  w’iyi kipe  Aurelio de Laurentiis   ya huye n’umukinnyi ubwe n’umuhagarariye(Agent)  mu gihugu cy’Ubudage  ahari kubera  igikombe cy’Iburayi cya  2024  ndetse b’iteganyijwe ko  Khvicha  agomba guhabwa masezerano mashya  nyuma  y’iki gikombe  . (Fabrizio Romano)

Newcastle United  ya bwiye  ikipe ya   AC Milan ko bazishyura gusa agera  kuri   £40m   kuri  Fikayo Tomori  myugariro  w’imyaka  26  nyuma y’uko  Newcastle yagowe  cyane n’ibibazo  by’imvune  harimo no  mu gice cya ba myugariro  . (Calciomercato – in Italian)

Chelsea  yamaze  kwiyemeza  kugurisha  umusore wayo  Romelu Lukaku  ndetse  iriteguye  gufungura ibiganiro  n’amakipe amwifuza  arimo  AC Milan ndetse  na  Napoli  yose yo mu gihugu cy’Ubutaliyani   uy’u musore w’imyaka 31 ukomoka muri  Belgium  gusa b’iza saba igiciro  cya  £25m. (La Gazetta dello Sport via Football Italia)

Umusore  w’ikipe   ya  Arsenal  Umubiligi Albert Sambi Lokonga, 24,  ukina hagati mu kibuga  yamaze kumvikana ibimureba  byose  n’ikipe ya  Sevilla  yo mu gihugu cya Esipanye  gusa akazagenda mu buryo bw’intizanyo akayikinira  umwaka utaha w’imikino wa   2024-25 . (Penalty, via Football London)

 Umukinnyi w’ibihe byose  wa Manchester United   Ruud van Nistelrooy   ndetse n’umutoza  w’ikipe ya  Go Ahead Eagles   Rene Hake  bose bagomba  kuza muri  Manchester United    kugirango  baze  gufatanya na  Erik ten Hag  mu mwaka utaha w’imikino. (Telegraph – subscription required)

Paris St-Germain  akokanya  izahita y’injira muri gahunda yo gutwara umusore w’ikipe ya   Manchester United  Marcus Rashford   mu gihe icyari cyo  cyose   Rashford   izerekana  ko y’ifuza kuza muri  Paris St-Germain    uy’u Mwongereza w’imyaka 28. (Talksport)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *