Paper Talk[Europe]: Paris St-Germain na Marcus Rashford, ubumwe ntayegayezwa bwa Ruud van Nistelrooy na Ten Hag buzaba buteye ubwoba!
Chelsea irifuza bikomeye umusore w’ikipe ya Nottingham Forest 21- ukomoka mu gihugu cya Brazilian Murillo akaba myugariro mwiza cyane w’ifuzwamo agera kuri £70m, gusa Chelsea iratekereza gukoresha umwongereza wayo w’imyaka 24 Trevoh Chalobah muri gahunda yo gutwa uy’u musore.(Guardian)
Chelsea yamaze gutanga intanga marara mu ikipe ya Leicester City ku musore wabo w’imyaka 25- Kiernan Dewsbury-Hall ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akaba akina hagati mu kibuga doreko uy’umukinnyi yamaze kwemeza ko n’ava mu ikipe Leicester City agomba kujya mu ikipe ya Chelsea b’itaba ibyo akaguma muri the Foxes. (Athletic – subscription required)
Brentford n’ayo iri kwifuza cyane uy’u musore Dewsbury-Hall wa Leicester City una fite by’ibuze igiciro cya £40m . (Mail)
Chelsea yamaze kwinjira mu rugamba n’ikipe ya Tottenham Hotspur rwo gusinyisha umusore Archie Gray w’imyaka 18 usanzwe ukinira ikipe ya Leeds akaba akina hagati mu kibuga. (Telegraph – subscription required)
Umusore w’ikipe ya Manchester United Umwongereza Mason Greenwood ngarifuza kwerekeza mu ikipe Marseille yo mu gihugu cy’Ubufaransa kuruta andi makipe amwifuza arimo Juventus, Lazio, Napoli, Valencia ndetse n’ikipe ya Benfica. (Athletic – subscription required)
Tottenham Hotspur byamenyekanye ko yatanze agera kuri £20m kumusore w’Umwongereza Jacob Ramsey, 23, akaba akina mu kibuga hagati mu ikipe ya Aston Villa gusa ikipe ya Aston Villa yanze ayo mafaranga b’ikanavugwa ko muri iy’igahunda Tottenham Hotspur igomba gukoreshamo umunya Argentine wayo Giovani lo Celso, 28 .(Times – subscription required)
Napoli nta mugambi ifite wo kugurisha umukinnyi wayo Khvicha Kvaratskhelia umunya Georgia w’imyaka 23 muri iy’impeshyi peresida w’iyi kipe Aurelio de Laurentiis ya huye n’umukinnyi ubwe n’umuhagarariye(Agent) mu gihugu cy’Ubudage ahari kubera igikombe cy’Iburayi cya 2024 ndetse b’iteganyijwe ko Khvicha agomba guhabwa masezerano mashya nyuma y’iki gikombe . (Fabrizio Romano)
Newcastle United ya bwiye ikipe ya AC Milan ko bazishyura gusa agera kuri £40m kuri Fikayo Tomori myugariro w’imyaka 26 nyuma y’uko Newcastle yagowe cyane n’ibibazo by’imvune harimo no mu gice cya ba myugariro . (Calciomercato – in Italian)
Chelsea yamaze kwiyemeza kugurisha umusore wayo Romelu Lukaku ndetse iriteguye gufungura ibiganiro n’amakipe amwifuza arimo AC Milan ndetse na Napoli yose yo mu gihugu cy’Ubutaliyani uy’u musore w’imyaka 31 ukomoka muri Belgium gusa b’iza saba igiciro cya £25m. (La Gazetta dello Sport via Football Italia)
Umusore w’ikipe ya Arsenal Umubiligi Albert Sambi Lokonga, 24, ukina hagati mu kibuga yamaze kumvikana ibimureba byose n’ikipe ya Sevilla yo mu gihugu cya Esipanye gusa akazagenda mu buryo bw’intizanyo akayikinira umwaka utaha w’imikino wa 2024-25 . (Penalty, via Football London)
Umukinnyi w’ibihe byose wa Manchester United Ruud van Nistelrooy ndetse n’umutoza w’ikipe ya Go Ahead Eagles Rene Hake bose bagomba kuza muri Manchester United kugirango baze gufatanya na Erik ten Hag mu mwaka utaha w’imikino. (Telegraph – subscription required)
Paris St-Germain akokanya izahita y’injira muri gahunda yo gutwara umusore w’ikipe ya Manchester United Marcus Rashford mu gihe icyari cyo cyose Rashford izerekana ko y’ifuza kuza muri Paris St-Germain uy’u Mwongereza w’imyaka 28. (Talksport)