Paper Talk[Rwanda&Africa]: Umukinnyi w’umunyarwanda yabuze igihembo n’akimwe mu byatanzwe, APR FC ishobora kubura muri CECAFA!

Nyuma yabafana babiri  b’itabye Imana  kumukino wahuzaga Al Ahly ndetse n’ikipe ya Al Ittihad  muri shampiyona y’umupira  w’amaguru  mu gihugu cya  Misiri , abakinnyi  b’ikipe ya Al Ahly bagiye gutanga igice cy’umushahara wabo kugirango bafashe imiryango yabasigaye ndetse peresida w’ikipe  ya Al Ahly  Mahmoud El Khatib  ndetse  n’abo bayoboranye  n’abo biyemeje gufasha umuryango.(#Micky Jr) Ikipe…

Read More

TODAY IN HISTORY: Taliki ya 21/Kamena ,James Anderson Jr yahawe umudali w’ishimwe nk’umwirabura wa mbere wabaye umusurikare wa mbere wa Amerika mu mutwe w’abarwanira mu mazi naho Umwami Mohammed IV wa Maroc abona izuba

uyu munsi ku wa Kane ,Tariki 21/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 173 mu igize umwaka, hasigaye 193 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1878: Hashinzwe ishyirahamwe ry’abanyamategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rizwi ku izina rya American Bar Association. 1959: Perezida Dwight D. Eisenhower wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasinye…

Read More

Paper Talk[Europe]:Umwanzuro wa Manchester United ku mu kinnyi y’ifuzaga, transfer z’ikipe ya Arsenal ntiziri kwishimirwa na bafana

Liverpool ngo yaba irigutekereza gutwara umunya  Turkey w’imyaka 19 ukina mu kibuga hagati yataka (sattacking midfielder )  Arda Guler  bakamukura mu ikipe  Real Madrid yo mu gihugu cya Spain. (Teamtalk) Fulham  nyuma yo gutira  Armando Broja  b’iravugwa ko igiye kongera kwijira muri gahunda yokugura umusore w’ikipe ya Chelsea w’imyaka  24 myugariro  Trevoh Chalobah  ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza. (Standard)…

Read More

Umweyo muri Bugesera football club : batanu imaze kwemeza ko itandukanye nabo.

Bugesera FC ibicishije ku mbugankoranyambaga zayo yemeje ko yatandukanye n’abakinnyi batanu ari bo Stephen Bonney, Vincent Adams, Cyubahiro Idarusi, Dushimimana Olivier wasinyiye APR FC na Ani Elijah werekeje muri Police FC. iyi ikipe yo mu burasirazuba ,Kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kamena 2024, nibwo Bugesera FC yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo imenyesha…

Read More

Uganda; Minisitri Phionah Nyamutoro yarusimbutse,Batanu batawe muri yombi.

Polisi mu karere ka Rubanda ko mu Burengerazuba bwa Uganda, yatangaje ko yataye muri yombi abacunga umutekano Batanu bakekwaho gusuka urufaya rw’amasasu kuri Minisitri ushinzwe ingufu,ubucukuzi asuye ikirombe byavugwaga ko gikorerwamo ubucukuzi butemewe. Mu masaha yatambutse nibwo humvikanye urusaku rw’amasasu muri aka gace ka Butare- Kajooko,byari bizwi ko minisitiri Phionah Nyamutoro aza kugirirayo uruzinduko. Akigera…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abatoza batanu bashaka gutoza Rayon Sports, Simba SC iri gukora akazi mu bakinnyi bayo irasigara ari nshya!

Kennedy Juma Umunya Tanzania w’imyaka 29 wakiniraga ikipe ya Simba SC  bamaze gutandukana , n’inyuma yabakinnyi benshi Simba imaze gutandukana n’abo kubera umwaka w’imikino utaragenze neza n’imyaka itatu nta gikombe  cya shampiyona.(#Micky Jr) US Monastir yo mu gihugu cya Tunisia yabonye tike yokuzakina imikino nya Africa ya Champions League aho izaba iri kumwe na ES…

Read More

Paper Talk[Europe]: Barutahizamu babiri Chelsea y’ifuza gukuramo umwe, bamwe mu bakinnyi ndetse na mafaranga n’ibyo Arsenal igiye gukoresha mu kugura abakinnyi!

Lazio yamaza gufungura ibiganiro  n’ikipe ya  Manchester United  kumusore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza w’imyaka 22  Mason Greenwood nyuma y’uko Greenwood asoje amasezerano y’intizanyo mu ikipe ya Getafe mu gihugu cya Spain . (Mail) Gusa Juventus na Napoli n’azo zirifuza gutwara uy’umusore w’imyaka 22  Mason Greenwood. (Independent) Arsenal irakomeje cyane inagerageza gutwara umusore w’ikipe ya  Newcastle United ukomoka mu gihugu cya Brazil ukina…

Read More

COVID-19 yerekanye ubusumbane hagati y’ibihugu : Perezida Kagame

Perezida Kagame yageze mu bufaransa Aho yitabiriye inama yiga ku bijyanye no kongera ikorwa ry’inkingo muri Africa. Ni inama ihuriza hamwe Africa yunze Ubumwe,Ubufaransa n’ibindi bihugu by’uburayi ku bufatanye na GAVI nk’umuryango wita ku kwihaza ku nkingo ndetse no kuzisaranganya. Iyi nama yitezwemo gushyiraho umurongo w’ikorwa ry’inkingo no kugabanya ubusumbane mu kuzikwirakwiza himakazwa kuzamura ubushobozi…

Read More

Ibyo komisiyo y’igihugu ya amatora isaba abanyarwanda kwitwararika mu gihe cya amatora

Mu masaha yegereje igicamunsi , Ku cyicaro cya komisiyo y’igihugu y’amatora ,komisiyo y’igihugu yamatora yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru ku myiteguro y’amatora ateganijwe muri nyakanga . Iki cyari ikiganiro cyayobowe na perezidante wa Komisiyo y’igihugu y’amatora Hon Oda Gasinzigwa ,aho cyibandaga kubijyanye n’amabwiriza y’ibyemewe n’ibitemewe yaba mu gihe cyo kwiyamamaza cyegereje ndetse no kugeze mu gihe cy’amatora…

Read More

Nubwo aherutse kwisasira ingona za Lesotho, ntacyo byamariye Amavubi ku rutonde rwa FIFA

Mu kanya gashize ikipe y’igihugu y’u Rwanda [AMAVUBI STARS] yisanze ku mwanya w’ ijana na mirongo itatu na rimwe ku rutonde ngarukakwezi rusohorwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA . Uru ni urutonde rumaze gusohorwa mu kanya gashize,aho ikipe y’igihugu y’u Rwanda imaze kwisanga ku mwanya w’ijana na mirongo itatu n’umwe akaba ari nawo rwari…

Read More