Watch Loading...
EuropeHomePaper Talk

Paper Talk[Europe]: Barutahizamu babiri Chelsea y’ifuza gukuramo umwe, bamwe mu bakinnyi ndetse na mafaranga n’ibyo Arsenal igiye gukoresha mu kugura abakinnyi!

Lazio yamaza gufungura ibiganiro  n’ikipe ya  Manchester United  kumusore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza w’imyaka 22  Mason Greenwood nyuma y’uko Greenwood asoje amasezerano y’intizanyo mu ikipe ya Getafe mu gihugu cya Spain . (Mail)

Gusa Juventus na Napoli n’azo zirifuza gutwara uy’umusore w’imyaka 22  Mason Greenwood. (Independent)

Arsenal irakomeje cyane inagerageza gutwara umusore w’ikipe ya  Newcastle United ukomoka mu gihugu cya Brazil ukina  hagati mu ikibuga Bruno Guimaraes w’imyaka 26 gusa Arsenal irateganya gukoresha umukinnyi  wayo ndetse ikongeraho n’amafaranga  ku girango ibone uy’umunya Brazil. (Football Transfers)

Liverpool ifite intego yo guhangana n’ikipe ya  Chelsea ndetse na Manchester United  mu gutwara umusore ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa w’imyaka 22  Michael Olise usanzwe ukinira ikipe ya  Crystal Palace. (Football Transfers)

Tottenham Hotspur  yamaze gutera intambwe ijyambere  kuruta ikipe ya Aston Villa mu buryo bwo gusinyisha  umusore ukomoka mu gihugu cya Leta zunze Ubumwe za Amarica  ukina hagati mu ikibuga Weston McKennie w’imyaka  25  kuva mu ikipe ya Juventus. (Football Insider)

Ikipe ya Juventus yo mu gihugu cy’Ubutaliyani  igezekure  mu gutwara umusore w’imyaka  26  ukomoka mu gihugu cya   Brazil Douglas Luiz umusore ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya   Aston Villa yo mu gihugu cy’Ubwongreza , gusa biteganyijwe ko muri iy’igahunda Juventus  izatangamo umusore wayo w’imyaka 20   Samuel Iling-Junior. (Gazzetta dello Sport – in Italian)

Umusore  w’ikipe ya  Athletic Bilbao ukina nka mababa  Nico Williams w’imyaka  21, birashobokako yakwerekeza  mu ikipe ya  Barcelona gusa aranifuzwa cyane n’andi makipe arimo Aston Villa, Arsenal, Liverpool ndetse na  Newcastle United. (HITC)

Matty Cash umunya Poland  ukinira ikipe ya Aston Villa yatekerejweho  n’ikipe  ya AC Milan gusa biravugwako  mu keba wayo Inter Milan  n’ayo yatangiye gutekereza  uy’umusore  w’imyaka   26, nk’u musimbura wa  Denzel Dumfries  uy’u muhorandi  b’itekerezwa ko  ashobora gusohoka. (Sky Sport Italia – in Italian)

Chelsea irifuza  gutwara umusore w’ikipe   Atletico Madrid Samu Omorodion  ukomoka mu gihugu cya Spain ndetse  n’undi ukinira ikipe  ya Aston Villa  ukomoka mu gihugu cya Colombia rutahizamu Jhon Duran w’imyaka 20. (Fabrizio Romano)

Manchester United  irategura kongeramo abakinnyi  muri irisoko ry’igura n’igurishwa  by’umwihariko kuri rutahizamu n’inayompamvu  bifuza gutwara Jonathan David w’imyaka 24 ukinira ikipe ya Lille akaba akomoka mu gihugu cya Canada  . (inews)

Myugariro w’umufaransa  Jean-Clair Todibo  w’imyaka  24, ntago b’iza kunda ko ava muri Nice ngoyerekeze muri  Manchester United  kuberako impuza mashyirahamwe  y’umupira wa maguru kumugabane w’Iburayi  “UEfA  “ amategeko yayo atabyemera  kubera ko zose banyirazo n’ukuvuga United na Nice ari bamwe(bose bafitwe n’a Ineos) . (Fabrizio Romano)

Manchester United  n’ubwo umusore wayo ukomoka mu gihugu cya Portugal  Bruno Fernandes  ari kwifuzwa cyane  n’amakipe menshi nka Bayern Munich na  Inter Milan utibagiwe n’amakipe  yo muri Saudi Arbia ngo ntago  United  ikintu kibanze  iri gutekereza aru kongerera amasezerano uy’umusore. (Manchester Evening News)

Umunya  Morocco ukina hagati mu kibuga  Sofyan Amrabat, 27, yamaze kumenyesha ikipe ye ya  Fiorentina  yo mu gihugu cy’Ubutaliyani ko atifuza kugaruka mu iy’ikipe  nyuma yo kumara umwaka w’intizanyo w’imikino mu ikipe ya   Manchester United. (Athletic – subscription required)

Bayern Munichyamaze kwinjira mu rugamba rwo gusinyisha umusore w’ikipe ya  Paris St-Germain  Xavi Simons, 21,  muri uku kwezi kwa kamena  gusa Bayern Munich  by’ibuze igomba kwishyura 100m euros (£84.4m) kuri uy’umuhorandi. (Bild – in German)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *