Watch Loading...
EuropeHomePaper Talk

Paper Talk[Europe]:Umwanzuro wa Manchester United ku mu kinnyi y’ifuzaga, transfer z’ikipe ya Arsenal ntiziri kwishimirwa na bafana

Liverpool ngo yaba irigutekereza gutwara umunya  Turkey w’imyaka 19 ukina mu kibuga hagati yataka (sattacking midfielder )  Arda Guler  bakamukura mu ikipe  Real Madrid yo mu gihugu cya Spain. (Teamtalk)

Fulham  nyuma yo gutira  Armando Broja  b’iravugwa ko igiye kongera kwijira muri gahunda yokugura umusore w’ikipe ya Chelsea w’imyaka  24 myugariro  Trevoh Chalobah  ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza. (Standard)

Manchester United  b’idasubirwaho izava muri gahunda yogutwara umusore  w’ikipe ya Everton myugariro Jarrad Branthwaite, 21, umwongereza  mu gihe icyari cyocyose the Toffees itazagabanya igiciro yashyizeho cya  £70m (ESPN)

Gusa n’anone Everton ishobora kuzahitamo kugumana  uy’u musore  ukina mu mutima wa bamyugariro muri iy’impeshyi. (I Sport)

Myugariro w’ikipe ya Lille mu gihugu cy’Ubufaransa Leny Yoro, 18,  amahirwe  menshi azerekeza mu ikipe ya Real Madrid kuruta kwerekeza mu ikipe ya  Liverpool ndetse na  Manchester United. (Marca – in Spanish)

West Ham United ifite ubwoba bw’inshi  ko umusore wabo ukomoka mu gihugu cya  Ghana Mohammed Kudus, 23,  bakuye muri Ajax yo mu gihugu cy’Ubuhorandi  ngo ko  ashobora kuzasaba iy’ikipe ko yamurekura  muri iy’impeshyi. (Football Insider)

Chelsea iri mu biganiro n’ikipe ya  Boca Juniors yo mu gihugu cya Argentina  kugirango batware umusore w’imyaka  19  Aaron Anselmino ukina nka myugariro . (Athletic – subscription required)

Uwahoze ari umutoza w’ikipe ya  AC Milan  Stefano Pioli wasimbuwe  Paulo Fonseca n’umwe mu bahabwa abahirwe yogutoza ikipe ya   Al-Ittihad yo muri Saudi Pro League muri Saudi Arbia. (Fabrizio Romano)

Umusore ukinira ikipe ya Paris St-Germain  Xavi Simons ukomoka mu gihugu cya Netherlands arifuzwa cyane  n’ikipe ya  Bayern Munich uy’u musore w’ibereye mu mikino y’igikombe  cy’Iburayi  hamwe  n’ikipe y’igihugu y’Ubuhorandi. (Bild – in German)

Arsenal yamaze gutanga ubusabe  mu ikipe ya  Fenerbahce yo mu gihugu cya  Turkey Ferdi Kadioglu akaba akina nka myugariro  wo kuruhande (full-back)  w’imyaka  24 kugirango aze kunganira  abandi bahari. (Ajan Spor – in Turkish)

Brighton & Hove Albion izabangama cyane  mu gihe  icyari cyocyose  Stuttgart yagerageza gutwara mu buryo bw’abura  Deniz Undav rutahizamu w’umudage  watijwe muri iy’ikipe  ya  Stuttgart   w’imyaka 27 w’ibereye mu ikipe y’igihugu  y’ubudage mu mikino y’igikombe cy’Iburayi. (90min)

Fulham irategura guha amasezerano  mashya  Willian Borges da Silva by’ibuze y’umwaka umwe ,  uy’u munya Brazil w’imyaka 35 ukina hagati mu kibuga  . (Sun)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *