Paper Talk[Europe]:Umwanzuro wa Manchester United ku mu kinnyi y’ifuzaga, transfer z’ikipe ya Arsenal ntiziri kwishimirwa na bafana
Liverpool ngo yaba irigutekereza gutwara umunya Turkey w’imyaka 19 ukina mu kibuga hagati yataka (sattacking midfielder ) Arda Guler bakamukura mu ikipe Real Madrid yo mu gihugu cya Spain. (Teamtalk)
Fulham nyuma yo gutira Armando Broja b’iravugwa ko igiye kongera kwijira muri gahunda yokugura umusore w’ikipe ya Chelsea w’imyaka 24 myugariro Trevoh Chalobah ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza. (Standard)
Manchester United b’idasubirwaho izava muri gahunda yogutwara umusore w’ikipe ya Everton myugariro Jarrad Branthwaite, 21, umwongereza mu gihe icyari cyocyose the Toffees itazagabanya igiciro yashyizeho cya £70m (ESPN)
Gusa n’anone Everton ishobora kuzahitamo kugumana uy’u musore ukina mu mutima wa bamyugariro muri iy’impeshyi. (I Sport)
Myugariro w’ikipe ya Lille mu gihugu cy’Ubufaransa Leny Yoro, 18, amahirwe menshi azerekeza mu ikipe ya Real Madrid kuruta kwerekeza mu ikipe ya Liverpool ndetse na Manchester United. (Marca – in Spanish)
West Ham United ifite ubwoba bw’inshi ko umusore wabo ukomoka mu gihugu cya Ghana Mohammed Kudus, 23, bakuye muri Ajax yo mu gihugu cy’Ubuhorandi ngo ko ashobora kuzasaba iy’ikipe ko yamurekura muri iy’impeshyi. (Football Insider)
Chelsea iri mu biganiro n’ikipe ya Boca Juniors yo mu gihugu cya Argentina kugirango batware umusore w’imyaka 19 Aaron Anselmino ukina nka myugariro . (Athletic – subscription required)
Uwahoze ari umutoza w’ikipe ya AC Milan Stefano Pioli wasimbuwe Paulo Fonseca n’umwe mu bahabwa abahirwe yogutoza ikipe ya Al-Ittihad yo muri Saudi Pro League muri Saudi Arbia. (Fabrizio Romano)
Umusore ukinira ikipe ya Paris St-Germain Xavi Simons ukomoka mu gihugu cya Netherlands arifuzwa cyane n’ikipe ya Bayern Munich uy’u musore w’ibereye mu mikino y’igikombe cy’Iburayi hamwe n’ikipe y’igihugu y’Ubuhorandi. (Bild – in German)
Arsenal yamaze gutanga ubusabe mu ikipe ya Fenerbahce yo mu gihugu cya Turkey Ferdi Kadioglu akaba akina nka myugariro wo kuruhande (full-back) w’imyaka 24 kugirango aze kunganira abandi bahari. (Ajan Spor – in Turkish)
Brighton & Hove Albion izabangama cyane mu gihe icyari cyocyose Stuttgart yagerageza gutwara mu buryo bw’abura Deniz Undav rutahizamu w’umudage watijwe muri iy’ikipe ya Stuttgart w’imyaka 27 w’ibereye mu ikipe y’igihugu y’ubudage mu mikino y’igikombe cy’Iburayi. (90min)
Fulham irategura guha amasezerano mashya Willian Borges da Silva by’ibuze y’umwaka umwe , uy’u munya Brazil w’imyaka 35 ukina hagati mu kibuga . (Sun)