DR CONGO: perezida Tshisekedi nyuma yo kutizera ingabo za congo amaze kumanura abacanshuro bo kumurinda

perezida Félix Tshisekedi yamaze kongera umubare w’abashinzwe umutekano ku buryo bwihariye ,aho yazanye ingabo kabuhariwe zikomoka ku mugabane w’iburayi nyuma ya Coup d’état yo muri gicurasi yaburijwemo. Ni icyemezo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo kitavuzweho rumwe byumwihariko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe kuko ngo izi ngabo zikoresha ingengo y’imari ihanitse cyane…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki 24/kamena,Jiang Zemin yabaye Perezida w’u Bushinwa,abanyarwanda berekanye ko barambiwe ingabo z’u Bufaransa zabarizwaga mu Burengerazuba bw’u Rwanda na Jeanne de Valois abona izuba

Uyu munsi ku wa mbere,Taliki ya 24/Kanama 2024 ni umunsi wa 176 w’umwaka ubura iminsi 190 ngo urangire. Itariki ya 24 Kamena ni umunsi Abanyarwanda berekanye ko barambiwe ingabo z’u Bufaransa zabarizwaga mu Burengerazuba bw’u Rwanda no mu bice bya Goma na Bukavu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Icyo gihe abaturage barenga ibihumbi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Euro]: Rayon na APR FC z’ikwiye kuyigiraho umwiherero bazawukorera mu Barabu, byasabye kwitabaza abasifuzi bo muri Esipanye!

Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania  irateganya gutangira imyitozo y’itegura umwaka utaha w’imikino (pre-season) ku italiki ya 05 nyakanga, 2024 ndetse  mu minsi mike  iy’ikipe imaze imyaka itatu  idatwara igikombe cya shampiyona  iraza gutangaza umutoza mushya wayo.(#African Football) Shampiyona y’igihugu cya Kenya yashyizweho  akadomo  ikipe ya Gor Mahia b’ishimira igikombe cyabo cya 21  mu…

Read More

EURO 2024: Ninde uribuyobore itsinda rya mbere hagati y’ubudage n’ubusuwisi?

Ku isaha y’ i saa tatu ,ikipe yigihugu y’ubudage iraza gutana mumitwe n’ikipe y’igihugu y’ubusuwisi barwanira kuzamuka bayoboye itsinda rya mbere ,umukino uraza kubera mu mujyi wa Frankfurt  mu gihugu cy’ubudage. Ikipe y’igihugu y’abadage [Die Mannschaft] isanzwe yaramaze kubona itike iyerekeza mumikino ya kimwe cy’umunani cyirangiza cy’igikombe cy’uburayi irifuza kongera kwitwara neza imbere y’abafana bayo…

Read More

Paper Talk[Europe]: Rashford haribyo ateganyiriza Ten Hag, umwanzuro wa Xavi Simons kuhazazahe, ikerecyezo cya Raphael Varane

Manchester United n’ikipe ya  Tottenham Hotspur  n’amakipe  abiri  yo  mu gihugu cy’Ubwongereza  y’ifuza umusore w’imyaka  24  w’ikipe ya Lille Jonathan David ukomoka mu gihugu cya  Canada aya makipe yose akeneye ma rutahizamu . (Sky Sports) Wolverhampton Wanderers irashaka  agera kuri   £45m  kuri myugariro wayo  Max Kilman  w’ifuzwa cyane n’ikipe ya West Ham United  bwambere ikaba yari…

Read More

#AMATORA 2024 : Dr Frank Habineza ,Kagame Paul na Mpayimana Phillipe bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza [ inkuru yuzuye y’ibikorwa ]

Kuri iki cyumweru taliki ya 23/Kanama ,abakandida batatu ku mwanya wa perezida wa repubulika mu matora yo muri Nyakanga basubukuye ibikorwa byabo byo kwiyamamaza mu bice by’igihugu bigiye bigiye bitandukanye. Duhereye mu ntara y’amajyepfo i Runda mu Karere ka Kamonyi, ahiyamamarije, Umukandida w’Ishyaka Democratic Green Party ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Dr Frank Habineza…

Read More

TODAY IN HISTORY:Hatangiye intambara yari igamije kwibohora kwa Scotland yatangiriye mu gitero cy’ahitwa Bannockburn ,benshi bavutse ndetse n’abatabarutse kuri uyu munsi …………………….

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1314: Hatangiye intambara yari igamije kwibohora kwa Scotland, yatangiriye mu gitero cy’ahitwa Bannockburn. 1758: Mu ntambara yiswe iy’imyaka magana arindwi, mu gitero cyabereye ahitwa Krefeld mu Budage ingabo z’u Bwongereza zakubise inshuro iz’u Bufaransa. 1812: U Bufaransa buyobowe n’Umwami w’Abami Napoléon I bwigaruriye u Burusiya. 1937: Joe Louis yabaye umukinnyi wa mbere…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:taliki ya 23 ,Komite mpuzamahanga y’imikino Olempike yashinzwe i Sorbonne muri Paris naho Zinedine Zidane na Patrick Vieira babona izuba uyu munsi.

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo kuri iyi taliki: Uyu munsi ku cyumweru ,Tariki ya 23 Kanama 2024 ni umunsi wa 175 w’umwaka ubura iminsi 191 ngo urangire. 1894 Komite mpuzamahanga y’imikino Olempike yashinzwe i Sorbonne, Paris, ku bushake n’igitekerezo bya Baron Pierre de Coubertin. 1968 abarenga 74 barapfuye abandi 150 barakomerekera…

Read More

EURO 2024: Cristiano Ronaldo na bagenzi be bafashije Portigal kugera muri kimwe cy’umunani naho ahazaza ha Turkey muri Euro hakomeza kuba agatereranzamba

Mu kanya gashize kuri sitade Signal Iduna Park, ikipe y’igihugu ya Portigal imaze kubona itike ya kimwe cy’umunani cy’irangiza nyuma yo kunyagira ibitego bitatu ku busa ikipe y’igihugu ya Turkey mu mukino wayo wa kabiri mu gikombe cy’uburayi kiri kubera mu gihugu cy’ubudage. Ni umukino wayoboyowe n’umusifuzi ukomoka mu gihugu cy’ubudage witwa Felix Zwayer ,ukaba…

Read More