Inkuru Yose: Uko umunsi wa 10 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu wagenze ku italiki 01 Nyakanga ,2024 ndetse na gahunda y’Umunsi wa 11

Ku munsi wa 10   wo kwiyamamaza kuba kandida perezida kuri uy’u wambere taliki ya 01 Nyakanga 2024 hiyamamaje gusa umukandida peresida  w’ishyaka riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije  “ Democratic Green Party”  Dr Frank Habineza. Uy’u mukandida wa Green Party ibikorwa bye byo kwiyamamaza  yabikoreye  mu ntara  yuburengerazuba mu Karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe …

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea iguze rutahizamu wa Barcelona, Newcastle United yatanze igisubizo kubifuza  Alexander Isak!

Liverpool, Arsenal, Chelsea ndetse na  West Ham United  zose z’irifuza gutwara  umusore w’imyaka 22  ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani   Riccardo Calafiori  myugariro mwiza cyane  gusa zose z’ifite umusozi wo kurira  bishyura agera kuri  £40m kugirango  ave muri  Bologna. (Express) Bamwe mu ba directors b’ikipe ya  Barcelona ntago bari kwemera  kuba bazana umusore ukomoka mu gihugu cya Esipanye  …

Read More

EURO 2024 : Jude Bellingham ashobora kutazongera gukina EURO ukundi

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’i Burayi [UEFA] iri gukora iperereza ricukumbuye ku myitwarire y’umwongereza Jude Bellingham nyuma yo gutsinda igitego cyo kwishyura mu mukino wabahuzaga n’ikipe y’igihugu ya Slovakia muri EURO iri kubera mu gihugu cy’ubudage. Uefa iri gukora iperereza ku kimenyetso cyakozwe n’umukinnyi wo hagati w’Ubwongereza Jude Bellingham nyuma yo gutsinda igitego ikipe…

Read More

SOUTH AFRICA :Perezida Ramaphosa yatangaje guverinoma nshya kandi idasanzwe

Kuri uyu wa mbere ,Cyril Ramaphosa ,Perezida wa Afurika yepfo amaze gushyira hanze abagize guverinoma nshya kandi idasanzwe kuko ihuriweho n’andi mashyaka atavuga rumwe na ANC iri kubutegetsi magingo aya . Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ibi , nyuma yuko ishyaka rye rya ANC (African National Congress) ritakaje ubwiganze mu nteko ishingamategeko mu matora…

Read More

#AMATORA MU BUFARANSA: Madame Marine Le Pen n’ishyaka rye bari kubyina intsinzi y’amatora

Ishyaka Rassemblement National rya Madame Marine Le Pen rimaze kubona intsinzi yo mu cyiciro cya mbere cy’amatora y’abadepite mu gihugu cy’ubufaransa nyuma yo guhigika iry’abaharanira demokarasi na repubulika rya Perezida Emmanuel Macron. Uruhande rw’ishyaka ry’abahezanguni mu gukomera ku migirire ya kera ryo mu Bufaransa riri mu mu byishimo nyuma y’icyiciro cya mbere cy’amatora y’abadepite, cyemeje kugira…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rutahizamu wanenzwe na Rayon Sports  ya bonye ikipe nshya  Ikipe izakina Confederation, Abdelhak Benchikha wanzwe na Simba ya bonye indi kipe!

CAF Club Licensing Online Platform (CLOP)  ni uburyo bwa sizweho  n’impuza mashyirahamwe y’umupira  wa maguru muri Africa  “CAF” kugirango amakipe agaragaze ko y’ujuje ibyangombwa  byo gukina imikino nya  Africa ndetse n’ibijyanye n’a masitade ku girango yemerwe cg nti yemerwe  kuri uy’u  wa mbere taliki ya 01 Nyakanga, 2024  yamaze gufunga ku makipe ashaka kugaragaza ko…

Read More

Inkuru Yose:Uko Umunsi wa Cyenda  wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze kuri uy’u wa  30 kamena ,2024

Ku munsi wa Cyenda  wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024  Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Nyanza mu murenge…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mangwende munzira zo kubona undi mu dende, Mbwana Ally Samatta  wa banya Tanzania agiye gukina hamwe na Cristiano Ronaldo!

Umunya-South Africa Fadlu Davids w’imyaka 43 niwe uzaba umutoza mushya w’ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania  guhera umwaka utaha w’imikino nyuma y’uko iy’ikipe ikomeje kwitara n’abi cyane dore ko imaze imyaka itatu nta gikombe cya shampiyona itwara byose byikubirwa n’ikipe ya Young Africans.(#Micky Jr) Kuri uy’u wambere  hateganyijwe  umukino w’ishiraniro hagati y’ikipe ya Raja…

Read More

Paper Talk[Europe]: Lamine Yamal  ashobra kuba umukinnyi wa gurwa amafaranga menshi ku isi, Chelsea ishobora gutanga abakinnyi bane ishaka umwe !

Manchester United yamaze gufungura ibiganiro n’umusore  w’imyaka 24  wu munya Netherland Matthijs de Ligt,  akina nka myugariro (centre-back )  w’iteguye kuba yava no muri iy’kipe ya Bayern Munich muri iy’impeshyi  . (Sky Sport Germany) Paris St-Germain  y’iteguye kwishyura  amafaranga yaba atanzwe kunshuro yambere ku rwego rw’isi rw’umupira wa maguru mu kipe ya FC Barcelona ku musore wabo…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: [30/Kamena] ,Ronlado Gifaru [ O Fenômeno] yafashije brazil gutwara igikombe cy’isi cya gatanu naho umuteramakofi Mike Tyson abona izuba

Uyu munsi kucyumweru ,taliki 30 /kamena ni umunsi wa 182 w’umwaka ubura iminsi 184 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1897 muri Tennis muri Grand slam ya wimbledon  R.F. Doherty yatsinze Harold Mahony amaseti atatu ku busa. 1909 Mu iteramakofe Jack Johnson  byamusabye round 6 kugirango atsinde Tony Ross atware umukandara wo…

Read More