Umuhanzikazi Dua Lipa yemerewe gusubukura kubaka indacye ye

Umuhanzikazi Dua Lipa wo mu gihugu cya Albania yahawe uburenganzira bwo kubaka inzu y’indacye n’akanama gashinzwe kurengera ibidukikije muri kiriya gihugu. DUA Lipa yemerewe gutangira imirimo ye yokubaka “mega-basement” [indacye]izaba ifite na pisine, nyuma yimyaka itatu itsinda rishinzwe kubungabunga ibidukikije rikomeza gutera utwatsi iki cyemezo. Imirimo yo gutunganya iyi nzu y’uyu umuririmbyi irakomeje aho barimo…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea yatangiye gukoresha Marc Cucurella kugirango areshye Nico Williams ! Amerekezo mashya ya  Joao Felix nyuma  y’uko  Barcelona ibyo kumuguma yabivuyemo

Manchester City  ibizineza ndetse iraniteguye kwakira ubusabe buvuye mu makipe yomuri Saudi  Arabia muri Saudi pro Legue kuri Ederson Santana de Moraes  gusa iramushakamo arenga  £30m bikavugwako  Al-Nassr arimwe mu makipe y’Ifuza cyane uy’u muzamu ukomoka mu gihugu cya Brazil. (Talksport) Marseille  yomu gihugu cy’Ubufaransa  ifite ikizere cyane cyo gutwara  umusore w’Ikipe ya Manchester United Mason Greenwood  n’ubwo…

Read More

CAF yahaye apr fc na police italiki ya nyirantarengwa yo kwandikisha abakinnyi

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika yamaze gutanga italiki ya 16 /Nyakanga nka nyirantarengwa yo kuba amakipe yose azitabira imikino nyafurika “birumvikana na zaduhagararira [ APR FC na POLICE fc ] ararebwa niyi taliki ” kuba yatanze intonde ndakuka z’abakinnyi bazakoresha muri aya marushamwa mu cyiciro kibanze (Preliminary Round ). Hashize iminsi CAF itangaje ko amakipe…

Read More

Inguzanyo ya 12% ku ngoma ya Dr.Frank HABINEZA ; Uko umunsi wa 14 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida Depite wagenze.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri babiri muri batatu, n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024 Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Karongi na…

Read More

EURO 2024: myugariro wa Turkey ,Merih Demiral yamaze guhagarikwa imikino ibiri adakina

Mu kanya gashize impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’iburayi [UEFA] yamaze guhagarika myugariro Merih Demiral w’ikipe y’igihugu ya Turkey nyuma y’uko ashinzwa kuzana politike mu bikorwa bya siporo. Uyu myugariro Merih Demiral yahagaritswe imikino ibiri, ituma atazagaragara muri kimwe cya kane kirangiza hamwe na ekipe y’igihugu ya Turukiya muri Euro 2024 ndetse na kimwe cya…

Read More

DR.CONGO – RWANDA :Amerika iravuga ko u Rwanda na Congo bemeye gushyira intwaro hasi mu gihe cy’ibyumweru 2

Amerika yatangaje ko u Rwanda na DRC byemeye gutanga agahenge k’ibyumweru bibiri, mu rwego rwo gufasha abakora ibikorwa by’ubutabazi kwita ku bavanwe mu byabo n’imirwano yo mu burasirazuba bwa Congo,ahamaze iminsi hari imirwano ihanganishije M23 na FARDC, inavuga uko byakiriwe n’u Rwanda na DRC. ibi byavuzwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri USA kuri uyu wa Kane…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Samuel Eto’o Fils  na CAF hasi hejuru agomba kwishyura $200K , Mugiraneza Jean Baptiste (Migi) impamvu itangaje yavuye muri Musanze!

Nyuma  yo  gutandukana  n’Ikipe ya  Petro Luanda yomu gihugu cya Angola  Alexandre Santos yamaze gusesekara mu gihugu cya Tunisia aho  agiye gutangira imirimoye  nk’Umutoza mushya wa  CS Sfaxien yo muri iki gihugu, uy’u mutoza akaba akomoka mu gihugu cya Portugal  afite imyaka 47.(#MickyJr) Akanama kimyitwarire  mu mpuzamashyirahamwe  y’Umupira wa maguru muri Africa “ CAF” ariko…

Read More

BREAKING NEWS : Rayon sports imaze gusinyisha myugariro Oumar Gnign ukomoka muri senegal

Ikipe ya Rayon sports imaze gusinyisha myugariro witwa Oumar Gnign ukomoka mu gihugu cya Senegal wakiniraga ikipe yitwa As Pikine akaba afite imyaka makumyabiri n’itatu akaba ayisinyiye amasezerano y’imyaka ibiri ku kayabo ka milyoni 22 z’amafaranga y’u Rwanda. Mu kanya gashize nibwo amakuru agiye ahagaragara ko uwitwa Oumar Gnign ukomoka mu gihugu cya senegal amaze…

Read More

UBWONGEREZA :Rodney Starmer udakozwa ibyi imikoranire y’u Rwanda n’iki gihugu ku bijyane n’abimukira n’iwe ugiye kuyobora iki gihugu

i Ishyaka ry’Abakozi mu Bwongereza ryatsinze amatora rusange y’Abagize Inteko Ishinga Amategeko, bihita binatuma Sir Keir Rodney Starmer uriyoboye, ahita asimbura Rishi Sunak ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe. Uyu Starme watsinze amatora yigeze kuvuga ko natorwa azasesa amasezerano u Bwongereza bufitanye n’u Rwanda ijyanye n’abimukira. Ni intsinzi yahise ishyira akadomo ku myaka 14 ishyaka ry’aba-Conservateurs…

Read More

ISRAEL : nyuma yo kugabwaho ibitero rutura na Hezbollah ;Netanyahu yatangaje ukwihorera kweruye kuri uyu mutwe

Umutwe wo Hezbollah wo muri Libani waraye urekuriye mu gihugu cya Israel ibisasu n’indege zitagira abapilote (drone) 200 byose hamwe, mu guhorera urupfu rw’umwe mu ngabo nkuru zawo. Igisirikare cya Israel kivuga ko umwe mu basirikare bawo bishwe muri iki gihugu gusa ariko gikomeza kivuga ko hari umusirikare ukomeye nabo batakaje, ariyo mpamvu ngo igiye…

Read More