Paper Talk[Europe]: Bayern Munich igiye gutandukana n’abakinnyi batandatu, naho ikipe ya Manchester United n’iyo kipe  irikuvugwa cyane ku isoko!

Chelsea  yatangiye ibiganiro  n’Ikipe ya Borussia Dortmund  yo mu gihugu cy’ubudage kubagurisha umusore wabo  Karim Adeyemi  w’Imyaka 22 akabakina nka rutahizamu. (Bild – in German) West Ham United  irifuza gutwa umusore w’ikipe ya   Aston Villa w’Imyaka   20- Colombia  Jhon Duran wanatekerejweho n’Ikipe ya Chelsea . (Sky Sports) Manchester United  yamaze kumvikana muburyo bw’amagambo  n’Ikipe  ya  Bayern…

Read More

Copa America: Lionel Messi yagejeje Argentine ku mukino wa nyuma

Rutahizamu wa Argentine, Lionel Messi yongeye gufasha igihugu cye kugera ku mukino wa nyuma wa Copa America. Cumi n’imwe umutoza wa Argentine Lionel Scaloni yabanjemo harimo Emiliano Martínez,Gonzalo Montiel,Cristian Romero,Lisandro Martínez,Nicolas Tagliafico,Ángel Di María,Rodrigo De Paul,Enzo Fernández,Alexis Mac Allister,Lionel Messi na Julián Álvarez . Naho mugihe kuruhande rwa Canada umutoza Jesse Marsch yabanjemo Cyle Larin,Jonathan…

Read More

EURO 2024: Lamine Yamal yatumye esipanye igera ku mukino wa nyuma

mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki 9 Nyakanga 2024,Ikipe y’Igihugu ya Espagne yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’u Burayi itsinze u Bufaransa ibitego 2-1.   Ikipe y’igihugu ya Spain itsinze ikipe y’igihugu y’Ubufaransa ibitego 2-1 biyihesha amahirwe yo kugera ku mukino wa nyuma y’irushanwa rya EURO ikaba itegereje kuzacakirana n’izava hagati ya Netherlands…

Read More

AMATORA 2024: Uko Umunsi wa 17 wo kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.{Inkuru Yose}

Kuri uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’itangazamakuru.Mpayimana yasezeranije abaturage ko…

Read More

EURO 2024 : umugore wa Alvaro Morata yifatiye ku gahanga ibitanganzamakuru by’iwabo bikomeje kugaya umusaruro w’umugabo we

Umugore wa Alvaro Morata yamaganye ibitangazamakuru byo muri esipanye bikomeza kwandika ndetse no gusiga icyasha umugabo we ,bimushinza umusaruro mucye muri iyi ikipe y’igihugu mu mikino ya Euro 2024 iri kubera mu Budage. Bimwe mu bitangazamakuru byifatiwe ku gahanga na madame  Alice Campello biyobowe n’ikitwa  El Confidencial, giherutse gushyira hanze umutwe w’inkuru uharabika ndetse unerekana…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Taliki 9/Nyakanga,Wayne Rooney Marc yatangaje ko azava muri Manchester United nyuma yimyaka 13 naho Ashley Young abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo. 1877 Shampiyona ya mbere ya tennis ya Wimbledon yakinwe ku nshuro yayo ya mbere ,iri rushanwa bwa mbere ryabanje gukinwa n’abagabo gusa . 1991 Afurika y’Epfo yongeye kwinjira mu mikino Olempike 2000 Polisi yarashe abafana ibyuka biryana mu maso ndetse n’amasasu mu mukino w’umupira wamaguru wo gushaka itike…

Read More

Amagaju akomeje kwerekana ko atiyubakira kuri radio nk’uko umutoza wabo yigeze kubitangaza ahubwo ko biyubaka bucece!

Ikipe ya Amagaju ibarizwa mu kiciro cya mbere muri shampiyona y’u Rwanda yamaze kwibikaho abakinnyi bashya bandi byatumye yuzuza abakinnyi basaga batandatu imaze gusinyisha muri ir’isoko ry’Igura n’igurishwa ry’Abakinnyi. Iyi Ikipe ibarizwa mu majyepfo y’u Rwanda mu karere ka Nyamagabe nubwo kubw’impamvu y’Ikibuga umwaka w’Imikino utambutse yakiriraga imikino yayo kuri sitade mpuzamahanga ya Huye ,ikomeje…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 9/Nyakanga,Argentine yatangaje ubwigenge yibohoye ingoyi ya Espagne naho umwami Hassan II wa Morocco abona izuba

Uyu munsi kuwa kabiri,Taliki ya cyenda /Nyakanga ni umunsi w’i 190 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 176 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Kuri iyi taliki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye ikurwaho ry’ ibirego bya Jean Louis BRUGUIERE byasabaga ifatwa n’ itabwa muri yombi rya bamwe mu…

Read More