Ibisigisigi bya EURO 2024: abatoza batatu bagomba gusimbura Gareth Southgate bamaze kumenyekana

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu bwongereza [FA] ryemeje ko rigiye gushaka umutoza ugomba gusimbura Gareth Southgate nyuma y’uko Southgate agiye gutandukana n’iyi ikipe. Abatoza barimo Eddie Howe, Graham Potter, Lee Carsley na Mauricio Pochettino bari mu bahatanira kuba bakwegukana uyu mwanya.Southgate azagirana ibiganiro n’abayobozi be ba FA mu minsi iri imbere ikurikira ijoro ryo gutsindwa na…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muri  shampiyona ya Tanzania hagiye gukoresha VAR, Abareyo bagiye kwibonera abakinnyi babo bashya mu mukino wa gicuti!

Imani Kajula  agiye kuva kunshingano zokuba   Chief Executive Officer(CEO)  w’Ikipe ya Simba SC  yomu gihugu cya Tanzania bisobanuyeko hagiye gushakwa undi mushya arinaho hashobora kuba haravuye ibihuha bijyana Uwayezu François Regis akaba Vice Chairman wa APR FC muri Simba SC.(#MickyJr) Impuzamashyirahamwe y’umupirwa  w’amaguru muri Africa  “CAF”  yashyizeho itariki ya 25 Nyakanga 2024 nk’umunsi ntarengwa  wokuba…

Read More

India : abavoka ibihumbi n’ibihumbi bari kwigaragambiriza uburyo amategeko ari gushyirwaho na Leta

Kuri uyu wa mbere, abanyamategeko babarirwa mu bihumbi mu murwa mukuru w’Ubuhinde bigaragambije bamagana ivugururwa ry’amategeko ahana ibyaha byakorewe mu murimo ndetse banamagana uburyo bw’iburanisha ry’urukiko. Benshi muri aba banyamategeko barakajwe n’amategeko mashya yaje ku ya 1 /Nyakanga yagura ububasha bwa polisi kugira ngo abantu bafungwe mbere y’urubanza kandi rikanategeka abacamanza gutanga imyanzuro y’urubanza kandi…

Read More

Nta Guy Bukasa  muri Rayon Sports , Ubuyozi bwa Rayon Sports bwanyomoje amakuru y’umutoza mushya wavugwagamo!

Umunye-Congo Guy Bukasa  watozaga ikipe ya AS Kigali mu mwaka ushizwe w’Imikino byavugwaga ko ari munzira zinjira muri Rayon Sports  ayo makuru yabeshyujwe ahubwo Rayon Sports ikomeje gushaka umutoza mushya. Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kutagira umwaka mwiza w’Imikino wa 2023-2024 aho yasoje nta gikombe na kimwe itwaye  mu bikomeye mu Rwanda haba icy’amahoro…

Read More

Amatora 2024: Abanyarwanda batoye umukuru w’igihugu n’abadepite Biteguye neza ibisubizo by’ibanze mu masaha y’umugoroba.

Kuri uyu wa mbere, abanyarwanda baba imbere mu gihugu bitabiriye amatora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite muri iyi Manda y’imyaka itanu iri imbere,aho babyutse iya kare kugira ngo bitorere abayobozi bababereye. Nk’uko komisiyo y’igihugu y’amatora yabitangaje,amatora y’abanyarwanda baba mu mahanga batoye ku munsi w’ejo, mugihe ab’imbere mu gihugu batoye uyu munsi kuva saa moya kugera saa Cyenda…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester City ifite ubwoba bwo kubura  Julian Alvarez, Liverpool igiye kuzana  myugariro witwaye neza mu igikombe  cy’uburayi!

Marc Guehi  nyuma yo gusoza igikombe cy’Uburayi  ari kwifuzwa n’ikipe ya  Liverpool  ndetse biravugwa ko ibiganiro byamaze kuba bitangira  kugirango uyu musore w’Imyaka  24 wa  Crystal Palace  ndetse n’ikipe y’Igihugu ya Bongereza yerekeze muri Liverpool. (Fabrizio Romano via GiveMeSport) Umwongereza  ukina hagati mu kibuga   Adam Wharton w’imyaka 20,  biteganyijwe ko azanga amahirwe yo kwerekeza  muri imwe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: umutoza w’ubufaransa Didier Deschamps yaciye agahigo naho Alberto Michelotti abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1928 22 Tour de France: umunya- Luxembourg Nicolas Frantz wakiniraga ekipe ya Alcyon  yambaye umwenda w’umuhondo kuva ku gace ka mbere kugeza iri rushanwa risoje . 1970 Danemark yatsinze Ubutaliyani ibitego 2-0 muri shampiyona y’isi yumupira wamaguru wabagore. 1991 Sandhi Ortiz-DelValle numugore wa mbere…

Read More

Tariki ya 15 Nyakanga mu mateka:Inkongi y’umuriro yibasiye urubuga rwa basilica yitiriwe Mutagatifu Paul, i Roma naho perezida wa Haiti Jean-Bertrand Aristide abona izuba

Uyu munsi kuwa mbere,Taliki ya cumi n’eshatu /Nyakanga ni umunsi w’i 195 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 171 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1099: Umurwa wa Yeruzalemu wigaruriwe n’abarwanyi barwanaga n’abantu bitwazaga imisaraba mu ntambara zitandukanye, aho bigaruriye kiliziya ndetse n’imva. 1149: Hongeye…

Read More