Twagirumukiza Janvier

Paper Talk[Rwanda&Africa]: KNC yongeye guhambirana na bantu, Muhire Kevin yongeye kwerekana ko ari umuyobozi pe!

Wydad Athletic Club  yarifite amahirwe menshi yo gukina  imikino nya Africa ariko iri n’anirwa, nyuma y’uko Raja na AS FAR arizo  z’abonye itike y’imikino ya  CAF Champions League aho imwe yabaye iyambere indi ikaba iyakabiri  RS Berkane yabaye iyagatatu ibona  itike ya Confederation Cup ariko n’anone kuberako igihugu cya Morocco gitanga amakipe ane mu mikino…

Read More

Paper Talk[Europe]: Virgil van Dijk agiye gushukishwa ifaranga, Arsenal kubura amafaranga biyimye rutahizamu! Real Madrid nticogora kuri Davies

Ikipe ya Al Nassr  yomuri Saudi  Pro League  irifuza gutwara  myugariro w’ikipe  ya Liverpool  ukomoka mu gihugu cy’UbuhorandiVirgil van Dijk  ndetse ikahita imugira myugariro wambere uhembwa amafaranga menshi kwisi. (Marca) Umusore w’ikipe ya Chelsea  ukomoka mu gihugu cy’ubwongereza w’imyaka 22 Noni Madueke ari kurutonde rugufi rw’abakinnyi  ekipe ya  Newcastle United  irigutekereza gutwara , uy’umusore ukina nka mababa…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Zamalek SC yongeye gukora ibara! Transfer mu Rwanda zashyushye Rayon Spors, APR FC ,Mukura VS

Igihugu cya Morocco kigiye gutangira umushinga mugari wokubaka sitade nini kandi igezweho izaba ifite ubushobozi bwo kwakira byibuze ugereranyije abantu 115,000 bicaye neza bitegura kwakira igikombe cy’isi cya 2030.(#Micky Jr) Eric Sekou Chelle uy’umutoza ukomoka mu gihugu cya ivory coast gusa yakiniye ikipe y’igihugu ya Mali arinayo yatozaga, yamaze rero kwirukanwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri…

Read More

Paper Talk[Europe]:Chelsea Transfer yayo y’indi n’irutahizamu, imyaka Ten Hag agiye guhabwa muri United!

Umusore w’ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Joe Gomez, 27,  arifuzwa cyaneze n’ikipe ya Bayern Munich nyuma yokuzana umutoza mushya Umubiligi vincent company waruvuye mu ikipe ya Burnley. (Mirror) Chelsea  itangiye gutekerezakongerera amasezerano  umusore wayo w’imyaka  24 ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Conor Gallagher, w’ifuzwa cyane na  Aston Villa ndetse na  Tottenham Hotspur. (Guardian) AC Milan ikomeje ibiganiro…

Read More

Rayon Sports ifasha umwanzuro wa kigabo, ikura amashyiga y’inyuma muri bamukeba yerekana ko y’iteguye urugamba rw’amahoro!

Ikipe ya Rayon sports iri kwitegura  urugamba izakinabo n’ikipe y’igingabo z’igihugu APR FC yamaze kwibikaho abandi bakinnyi babiri barimo Fitina Omborenga na Muhadjiri Hakizimana kuva kuri bamukeba APR FC na Police FC. Nyuma yogutandukana n’abakinnyi benshi biganjemo ababanyamahanga ndetse n’abanyarwanda harimo n’uwagiye muri mukeba Tuyisenge Arsene ndetse no kugira Umwaka mubi w’imikino wa 2023/2024 Kubera…

Read More

Paper Talk[Rwnda&Africa]: Ubuyobozi bw’ikipe ya As Kigali bugiye gukora inama, igihugu cyo muri Africa kigiye gukoresha VAR muri shampiyona!

Umunya Uruguay w’imyaka 33  ukinira ikipe ya   Mamelodi Sundowns yomuri South Africa akomeje gukurikiranwa cyane n’ikipe ya Wydad Athletic Club, doreko uy’umukinnyi wibereye iwabo mu biruhuko atekereza gusohoka muri iy’ikipe ya Mamelodi Sundowns yomuri South Africa.( #Micky Jnr) Jürgen Klinsmann umugabo  watoje amakipe akomeye  arimo  ikipe y’igihugu y’Abadage ,Bayern Munich, USA, Hertha ndeste na ekipe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Xavi Hernandez  agiye kujya muri Premier League,Arsenal irasabwa iki kugirango ibone Douglas Luiz?

Everton  yamaze gutangira ibiganiro byo gusinyisha umusore ukomoka mu gihugu cya Albania Armando Broja, 22, akaba intizanyo ya ekipe ya Chelsea, ikipe ya Everton ishobora gutanga agera kuri £30m . (Ben Jacobs) Wolverhampton Wanderers F.C. yamaze kumvikana  n’umusore w’imyaka  20-ukomoka mu gihugu cya  Portugal Rodrigo Gomes usanzwe akinira n’ubundi ikipe yomugihugu cya Portugal ariyo Braga. (Athletic – subscription…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mangwende ntashaka kuza muri APR FC, Marocco yemeye kwishingira Congo Brazzaville yari yanze kuza gukina!

Buri mukinnyi wa South Sudan biteganyijwe ko  azahabwa  ???????????? $????????????  n‘ibaramuka batsinze umukino bafitanye na Sudan mumikino yo gushaka tike y’igikombe cy’isi cya 2026 kuri uy’uwakaniri, bakazongerwa n’anone agera , ???????????? $???????????????? kuri buri mukinnyi azatangwa n’umunya poliki ukomeye muri ikigihugu w’itwa Tut Gatulak. ( Micky Jnr) Mumukino  wahuje ekipe  ya  ???????????????????? ???????????????????????????? na ????????????????????????????…

Read More

Paper Talk[Europe]:Erik Ten Hag Aracyaganje ijabiro, Gahunda ya Julian Alvarez muri Manchester city! Arsenal,Liverpool,Real Madrid, FC Barcelona

Newcastle United yamaze gutanga agera kuri £16m  mu ikipe ya  Burnley kugirango babahe umuzamu wayo w’imyaka  21- wumwongereza James Trafford, ariko Clarets irifuza agera kuri £20m nyuma yokumanuka mu cyiciro cya kabiri. (Mail) Nyuma yokuvanwa mu ikipe y’igihugu ya bongereza izitabira imikino y’igikombe cy’Iburayi Jarrad Branthwaite, 21, biteganyijwe ko Manchester United igomba kurangiza gahunda yokumutwara mbere ya…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rayon Sports ubwumvikane bukomeje kuba iyanga! Kiyovu Sports irakomerewe, Pitso Mosimane abuze akazi yari y’izeye

Umunya Malawi w’imyaka ,22, Lanjesi Nkhoma  yamaze kumvikana na TP Mazembe yo muri Democratic Republic of Congo avuye mu ikipe  Nyasa Big Bullets yo mu gihugu cya  Malawi, nyuma yogutsinda ibitego 20 mu mwaka w’imikino wa 2023/2024. (# Micky Jnr) Marcel Koller usanzwe ari umutoza wa ekipe ya Al Ahly yamaze kongererwa amasezerano muri iy’ikipe…

Read More