Watch Loading...
EuropeHomePaper Talk

Paper Talk[Europe]:Chelsea Transfer yayo y’indi n’irutahizamu, imyaka Ten Hag agiye guhabwa muri United!

Umusore w’ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Joe Gomez, 27,  arifuzwa cyaneze n’ikipe ya Bayern Munich nyuma yokuzana umutoza mushya Umubiligi vincent company waruvuye mu ikipe ya Burnley. (Mirror)

Chelsea  itangiye gutekerezakongerera amasezerano  umusore wayo w’imyaka  24 ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Conor Gallagher, w’ifuzwa cyane na  Aston Villa ndetse na  Tottenham Hotspur. (Guardian)

AC Milan ikomeje ibiganiro n’ikipe ya   Aston Villa kugirango babahe umusore wabo w’imyaka 26 ukomoka mu gihugu cya  Poland Matty Cash usanzwe ukina kuruhande rw’iburyo yugarira(right-back). (Talksport)

Gusa Aston Villa irifuza agera kuri £30m muri uy’umukinnyi  Matty Cash. (Athletic – subscription)

Bisa nkibyarangiye  umutoza watoje amakipe atandukanye arimo Lille na  AS Roma  Paulo Fonseca agiye kuba umutoza mushya w’ikipe ya AC Milan yo mu gihugu cy’Ubutaliyani. (Sky Sports)

Uhagarariye inyungu z’umusore wa  Aston Villa ukina hagati mu kibuga  Douglas Luiz, 26, ngarikuvugana byahafi n’ushinzwe siporo(sporting director) muri Fc Barcelona  kugirango barebe ko yazaza muri iy’ikipe  mu mpeshyi y’uyumwaka wa 2024. (Sport – in Spanish)

Umuzamu w’ikipe ya Liverpool n’ikipe y’igihugu ya Brazil  Alisson Becker , 31, yanze amahirwe yahawe yokwerekeza muri Saudi-Pro League mu ikipe ya  Al-Nassr muri Saudi Arbia. (Football Insider)

Erik Ten Hag, 54, arigutekereza by’ibuze abakinnyi batatu yazasinyisha mbere y’uko umwaka utaha w’imikino wa 2023/2024 utangira  ndetse akanongere amasezerano muri Manchester United. (Sun)

Ten Hag biteganyijwe ko azasinya amasezerano y’imyaka ibiri azasanga ay’umwaka umwe yarasanganywe muri Manchester United  bisobanuye ko yazagera muri 2027 akiri umutoza wayo. (Telegraph – subscription)

Uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Chelsea  Graham Potter ndetes nuri gutoza ikipe ya West Brom ubu Carlos Corberan n’ibamwe mubahabwa amahirwe yogutoza ikipe ya   Leicester City nyuma y’uko iy’ikipe itandukanye n’uwari umutoza wayo werekeje muri Chelsea. (Athletic – subscription)

Chelsea  irigutegura gutwa rutahizamu w’ikipe ya Bournemouth ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza   Dominic Solanke, 26, muri iy’impeshyi ya 2024. (HITC)

Liverpool irigutegura gutanga ubusabe bwayo kumusore w’imyaka 19 ukomoka mu gihugu cya Portugal ukinira  Benfica  Joao Neves hagati mu kibuga muminsi mike irimbere gusa Manchester united na City n’azo ziramwifuza. (Correio da Manha – in Portuguese)

West Ham United   irifuza myugariro w’ikipe ya  Wolves Max Kilman, 27, gusa uy’umusore ashobora kugeza mu giciro cya  £45m kugirango yerekeze muri iy’ikipe . (Mail)

N’inako The Hammers  y’ifuza umusore w’imyaka 21 ukomoka mu gihugu cya   Argentinean Matias Soule usanzwe akinira ikipe ya Juventus. (Fabrizio Romano)

Aston Villa yafunguye ibiganiro n’ikipe yo mu gihugu cy’Ubufaransa Marseille  kugirango barebe n’iba babaha umusore w’imyaka  25 ukina hagati mu kibuga Matteo Guendouzi. (Football Insider)

N’inako Fulham ikomeje kugambirira gutwara umusore w’ikipe ya Luton ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Teden Mengi, 22, nyuma yo gutakaza myugariro wayo werekeje mu ikipe ya Chelsea ndetse ngirashaka by’ibuze abakinnyi bandi babiri bakina mumutima wa ba myugariro muri iy’impeshyi. (Standard)

Myugariro wa Tottenham HotspurDjed Spence, 23,  ageze kure ibiganiro n’ikipe ya Genoa  yo mu gihugu cy’Ubutaliyani  kuburyo ya gurwa mu buryo bw’Aburundu n’iyi kipe. (Football Insider)

One thought on “Paper Talk[Europe]:Chelsea Transfer yayo y’indi n’irutahizamu, imyaka Ten Hag agiye guhabwa muri United!

  • Gatete Jimmy

    You are doing great.

    Reply

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *