Paper Talk[Europe]:Chelsea Transfer yayo y’indi n’irutahizamu, imyaka Ten Hag agiye guhabwa muri United!
Umusore w’ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Joe Gomez, 27, arifuzwa cyaneze n’ikipe ya Bayern Munich nyuma yokuzana umutoza mushya Umubiligi vincent company waruvuye mu ikipe ya Burnley. (Mirror)
Chelsea itangiye gutekerezakongerera amasezerano umusore wayo w’imyaka 24 ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Conor Gallagher, w’ifuzwa cyane na Aston Villa ndetse na Tottenham Hotspur. (Guardian)
AC Milan ikomeje ibiganiro n’ikipe ya Aston Villa kugirango babahe umusore wabo w’imyaka 26 ukomoka mu gihugu cya Poland Matty Cash usanzwe ukina kuruhande rw’iburyo yugarira(right-back). (Talksport)
Gusa Aston Villa irifuza agera kuri £30m muri uy’umukinnyi Matty Cash. (Athletic – subscription)
Bisa nkibyarangiye umutoza watoje amakipe atandukanye arimo Lille na AS Roma Paulo Fonseca agiye kuba umutoza mushya w’ikipe ya AC Milan yo mu gihugu cy’Ubutaliyani. (Sky Sports)
Uhagarariye inyungu z’umusore wa Aston Villa ukina hagati mu kibuga Douglas Luiz, 26, ngarikuvugana byahafi n’ushinzwe siporo(sporting director) muri Fc Barcelona kugirango barebe ko yazaza muri iy’ikipe mu mpeshyi y’uyumwaka wa 2024. (Sport – in Spanish)
Umuzamu w’ikipe ya Liverpool n’ikipe y’igihugu ya Brazil Alisson Becker , 31, yanze amahirwe yahawe yokwerekeza muri Saudi-Pro League mu ikipe ya Al-Nassr muri Saudi Arbia. (Football Insider)
Erik Ten Hag, 54, arigutekereza by’ibuze abakinnyi batatu yazasinyisha mbere y’uko umwaka utaha w’imikino wa 2023/2024 utangira ndetse akanongere amasezerano muri Manchester United. (Sun)
Ten Hag biteganyijwe ko azasinya amasezerano y’imyaka ibiri azasanga ay’umwaka umwe yarasanganywe muri Manchester United bisobanuye ko yazagera muri 2027 akiri umutoza wayo. (Telegraph – subscription)
Uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Chelsea Graham Potter ndetes nuri gutoza ikipe ya West Brom ubu Carlos Corberan n’ibamwe mubahabwa amahirwe yogutoza ikipe ya Leicester City nyuma y’uko iy’ikipe itandukanye n’uwari umutoza wayo werekeje muri Chelsea. (Athletic – subscription)
Chelsea irigutegura gutwa rutahizamu w’ikipe ya Bournemouth ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Dominic Solanke, 26, muri iy’impeshyi ya 2024. (HITC)
Liverpool irigutegura gutanga ubusabe bwayo kumusore w’imyaka 19 ukomoka mu gihugu cya Portugal ukinira Benfica Joao Neves hagati mu kibuga muminsi mike irimbere gusa Manchester united na City n’azo ziramwifuza. (Correio da Manha – in Portuguese)
West Ham United irifuza myugariro w’ikipe ya Wolves Max Kilman, 27, gusa uy’umusore ashobora kugeza mu giciro cya £45m kugirango yerekeze muri iy’ikipe . (Mail)
N’inako The Hammers y’ifuza umusore w’imyaka 21 ukomoka mu gihugu cya Argentinean Matias Soule usanzwe akinira ikipe ya Juventus. (Fabrizio Romano)
Aston Villa yafunguye ibiganiro n’ikipe yo mu gihugu cy’Ubufaransa Marseille kugirango barebe n’iba babaha umusore w’imyaka 25 ukina hagati mu kibuga Matteo Guendouzi. (Football Insider)
N’inako Fulham ikomeje kugambirira gutwara umusore w’ikipe ya Luton ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Teden Mengi, 22, nyuma yo gutakaza myugariro wayo werekeje mu ikipe ya Chelsea ndetse ngirashaka by’ibuze abakinnyi bandi babiri bakina mumutima wa ba myugariro muri iy’impeshyi. (Standard)
Myugariro wa Tottenham HotspurDjed Spence, 23, ageze kure ibiganiro n’ikipe ya Genoa yo mu gihugu cy’Ubutaliyani kuburyo ya gurwa mu buryo bw’Aburundu n’iyi kipe. (Football Insider)
You are doing great.