DailyBox

Dore ibisubizo byihuse Mikel Arteta azafata mu kuziba icyuho cya Kai Havertz uzagaruka umwaka utaha

Ikipe ya Arsenal iherutse kuvunikisha rutahizamu wayo Kai Havertz waje usanga abandi Batanu b’iyi kipe, benshi bakomeje kwibaza abagomba kuza kuziba icyuho cye ndetse n’abandi badahari mu gice cy’imbere. Muri iyi nkuru reka tugaruke kuyandi mahitamo ahari nk’uko ababasesenguzi bakomeye i Burayi bari kubigarukaho! 1.Raheem Sterling : Uyu ni Umwongereza batijwe n’ikipe ya Chelsea gusa…

Read More

Minisitiri w’Ububanye n’Amahanga wa Congo yasubijwe ku busabe bwo kuba u Rwanda rutakwakira isiganwa rikomeye ry’amamodoka

Minisitiri w’Ububanye n’Amahanga wa Congo Thérèse Kayikwamba yasubijwe ko F1 iri gukurikina ibiri kubera muri Congo nyuma yo gusaba ko u Rwanda rutahabwa kwakira isiganwa ry’amamodoka rya Grand Prix. Ibi bije nyuma y’amakimbirane akomeje kuyogoza Uburasirazuba bw’a Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, arimo guhuza umutwe wa M23 n’ingabo za Congo utibagiwe n’indi mitwe, Ibihugu n’Abacacuro…

Read More

Dore ibyo Amb . Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we w’ Amerika ku kibazo cy’umutekano muri DRC

Ku mugoroba wo ku munsi wejo ku wa gatatu , tariki ya 12 Gashyantare , Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane , Amb. Nduhungirehe Olivier yagiranye ikiganiro cyo kuri telefone na Troy Fitrell usanzwe ari umunyamabanga wa leta zunze ubumwe z’Amerika wungirije w’agateganyo ushinzwe ibibazo byo muri Afurika . Ibi ni ibiganiro byibanze ku ngingo zitandukanye zirimo…

Read More

Ikipe y’Igihugu ya Zimbabwe yongeye kwitabaza u Rwanda kugirango ibone aho yakirira

Ikipe y’Igihugu ya Zimbabwe biteganyijwe ko igomba kuzakinira umukino wayo wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 hano mu Rwanda kuri sitade Mpuzamahanga Amahoro tariki 21 Werurwe 2025. Ni mu mukino iyi kipe izakiramo ikipe y’Igihugu ya Bénin ku munsi wa Gatanu w’iri kotaniro ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, mu itsinda rya C…

Read More

DRC yamaganye ibikorwa bya M23 bigamije guhonyora imyanzuro yafatiwe mu nama ya EAC na SADC

Guverinoma ya Repubulika ya Iharanira Demokarasi ya Kongo yahamagariye imiryango mpuzamahanga guhaguruka ikamagana ibikorwa yise iby’ubushotoranyi bikorwa n’umutwe wa M23 byo guhonyora igihe cy’agahenge cyemeranijwe mu nama ihuriweho ya EAC na SADC yabereye i Dar es Salam tariki ya 8 Gashyantare 2025 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na leta ya Kongo ku munsi wejo tariki…

Read More

Ntawe uzantera ubwoba ankangisha ibihano : Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yahakanye ibirego u Rwanda rushinjwa bijyanye no gufasha umutwe wa M23 utungwa agatoki mu kudubanganya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo , ashimangira ko nyirabayazana w’iki kibazo ari perezida wa DRC ,Felix Tshisekedi hanyuma anatangaza ko atareka gukora igikwiye kubera gutinya ibihano by’ibihugu byo ku mugabane w’iburayi…

Read More

DRC: Uwari kapiteni wa les Leopards yasabye PSG gusesa amasezerano ya VISIT Rwanda ifitanye n’u Rwanda

Youssouf Mulumbu wigeze kuba kapiteni w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahamagariye ikipe ya Paris Saint Germain gusesa amasezerano ifitanye na Leta y’u Rwanda ya ‘ VISIT RWANDA ‘ nyuma yuko arushinja kugira uruhare mu kudubanganya umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu . Uyu wakanyujijeho muri ruhago yo hambere atangaje ibi mu…

Read More

Ikipe ya Rayon Sports yitwaye neza nyuma yo kumara imikino itatu yikurikiranya idatsinda

Ikipe ya Rayon Sports yitwaye neza mu mikino y’ikombe cy’Amahoro cya 2025 mu mukino ubanza batsinzemo ikipe ya Rutsiro FC ibitego bibiri kuri kimwe (2-1), mu mukino wabereye kuri sitade Umuganda mu karere ka Rubavu. Ni umukino wagaragayemo impinduka zitandukanye ku ruhande rw’umutoza Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ dore ko yakoresheje umuzamu Patient NDIKURIYO…

Read More