DailyBox

EURO 2024:ikipe y’igihugu y’Ababiligi bakubiswe kimwe kitishyurwa maze bataha bimyiza imoso

Mukanya gashize ikipe y’igihugu y’ububiligi imaze gutsindwa kimwe kitishyurwa n’ikipe y’igihugu ya Romaniya mu mukino wayo wa mbere wa Euro 2024 iri kubera mu gihugu cy’ubudage. uyu wari umukino wa mbere w’ikipe y’iguhugu y’ububiligi ndetse ukaba n’umukino wa kabiri mu itsinda rya gatanu [E] riherereyemo amakipe nka Romaniya bari bahuye ,slovakia ,Ukraine ndetse n’ububiligi .Uyu…

Read More

Bakabaye barakoresheje ayo mafaranga n’imbaraga zabo mu bindi. U Rwanda rurahari ndetse ruzakomeza gutera imbere buri mwaka:Perezida Kagame

Kuri uyu wa kabiri mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru cy’igihugu,perezida wa repubulika y’u Rwanda Kagame Paul yatangaje ko u Rwanda rutazigera rugendera ku gitutu cy’amahanga ndetse n’abandi batifuriza igihugu ibyiza. Nyakubahwa Kagame Paul kuri iki gicamunsi yagiranye ikiganiro na RBA byumwihariko cyagarukaga ku ncamake y’ibyagezweho ,imbogamizi ndetse na amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe muri nyakanga taliki 15,umuyobozi…

Read More

TODAY IN HISTORY:taliki ya 17/Kamena,Ingabo zahoze ari RPA zabohoye Umujyi wa Gisenyi,Statue of Liberty yashyizwe i New York,Perezida Richard Nixon wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje intambara

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku wa mbere ,Tariki 17/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 169 mu igize umwaka, hasigaye 197 ukagera ku musozo.  Tariki ya 17 kamena ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya iyaguka ry’ubutayu n’amapfa (World Day to Combat Desertification and Drought). Uyu munsi washyizweho ku itariki ya 30 Mutarama,…

Read More

Israel itwitse ingo nyinshi zo muri Rafah nyuma y’abasirikare bayo 8 bishwe na Hamas

Mu masaha yatambutse kuri uyu wa 15/06/2024, Hamas yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Israel bihitana abasirikare umunani (8),bituma Israel itangaza ko ibyo nabyo Ari ibyo Hamasi igomba kwishyura. Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu ntiyazuyaje mu gutanga umukoro kuri iki gitero, kuko Israel yahise mu ijoro ryakeye itwika ingo nyinshi y’abaturage ba Gaza muri Rafa byakomeje…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 14/Kamena,Abatutsi barenga 2000 barokorewe muri Saint Paul n’ingabo z’Inkotanyi, Tupac Amaru Shakur na John Churchill

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 16/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 168 mu igize umwaka, hasigaye 198 ukagera ku musozo. 1567 Mariya, Umwamikazi wa Scotland, yafungiwe mu kigo cya Lochleven, muri ecosse. 1624 Virginia ihinduka ubukoloni bwikamba ryicyongereza nyuma yo guhomba kwa Sosiyete ya London. 1746 Intambara yabereye…

Read More

Abajyanama b’ubuzima bagera ku 8000 bahuye n’umukuru w’igihugu bishimira ibyagezweho

Ni kuri uyu wa gatandatu, aho aba bajyanama bahuriye na Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame muri BK Arena,bashimirwa umurimo wabo wa buri munsi. Ni ibirori byabanjirijwe no gutarama ndetse no kuganira mu nzego zitandukanye z’ubuzima,Aho hibukijwe uruhare rw’umujyanama w’ubuzima ku buzima n’imibereho by’abanyarwanda. Nyakubahwa perezida wa Repubulika, yibukije ko akazi inzego z’ubuzima zikora karenze…

Read More

Urukiko rw’umuryango wa abibumbye rwabeshyuje amakuru yo gufungurwa kwa Kabuga Félicien

Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwahakanye ibijyanye n’amakuru yahwihwiswaga ko Kabuga Félicien ufungiwe muri kasho yarwo yamaze gufungurwa. ejo ku wa gatanu taliki 14 Kamena nibwo abakoresha imbuga nkoranyambaga babonye ifota yaririmo ikwirakwizwa igaragaza umunyemari Kabuga ari kumwe n’umuryango we bishimye. aya mafota yakomeje gucicikana nyuma y’uko ku wa kabiri taliki…

Read More

TODAY IN HISTORY:Taliki ya 14/Kamena ;perezida Xi Jinping yabonye izuba, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Mugabane w’u Burayi[UEFA] ryarashinzwe…….

uyu munsi kuwa gatandatu ,Tariki 15/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 167 mu igize umwaka, hasigaye 199 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; 844: Louis II yambitswe n’umushumba wa kiliziya Gatolika papa Sergius II ikamba ryo kuba umwami w’ubutaliyane I Roma. 1184: Umwami Magnus V wa Norvège yiciwe mu gitero cyabereye…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki 14 /Kamena ,ikipe ya Chelsea yasinyishije Umwongereza Frank Lampard,Sir Bobby Charlton na Real Madrid

uyu munsi kuwa kane ,Tariki 14/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 166 mu igize umwaka, hasigaye 200 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo; 1897 Real Madrid yatwaye shampiyona ya Laliga ku nshuro yayo ya 22 nyuma yo gutsinda Real Zargoza bitatu ku busa iyi ikipe ikaba ari…

Read More

Minisitiri w’Intebe wa Canada Stephen Harper yasabye imbabazi ku mugaragaro,Manuel Uribe,Umuvumbuzi Edwin Armstrong yakoze FM…,uyu munsi mu mateka ,taliki ya 11/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri,Tariki 11/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 163 mu igize umwaka, hasigaye 203 ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi mu byaranze uyu munsi; 1776: Hashyizweho itsinda rigizwe na Thomas Jefferson, John Adams, Benjamin Franklin, Roger Sherman, na Robert R. Livingston ryari rigamije gukora inyigo ijyanye no gusaba ubwigenge bwa Leta Zunze…

Read More