daily

Biravugwa ko Umunsi wa Mukura ‘Mukura Day’ ushobora kuza guhindurirwa amatariki wagombaga kuberaho

Biravugwa ko FERWAFA ishobora kumenyesha Ikipe ya Mukura VS ko umukino wa gicuti uzayihuza Rayon Sports kuri ‘Mukura Day’, udashobora kubera rimwe na Super Cup izahuza APR FC na Police FC. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje Ikipe ya Mukura VS ko umukino wa gicuti uzayihuza Rayon Sports kuri ‘Mukura Day’, udashobora kubera rimwe…

Read More

Yolande Makolo yabeshyuje ibihuha byavugwaga kuri perezida Kagame

Yolande Makolo yateye utwatsi iby’imvugo yitiriwe Perezida Kagame i ko ko igihe cyose u Burayi na America bagenzura ifaranga ry’Umugabane wa Afurika, bazanakomeza kugenzura ubukungu bwawo, bityo ko ukwiye guhagarika ikoreshwa ry’Amadolari n’Ama-Euro. Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yamaganye imvugo yitiriwe Perezida Paul Kagame ivuga ko yavuze ko igihe cyose u Burayi na…

Read More

Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka yasuye abasirikare B’u Rwanda bari muri Centrafrique

Maj Gen Vincent Nyakarundi ,Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, yasuye abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, abagezaho ubutumwa burimo ubwo kubagaragariza uko umutekano wifashe mu karere. Maj Gen Vincent Nyakarundi yashimiye izi Ngabo z’u Rwanda ku bw’umuhate n’umurava bagira mu kubungabunga umutekano w’abaturage bo muri iki gihugu, anabagaragariza uko…

Read More

Gen Muhoozi Kainerugaba amaze gutangaza ko azitabira umuhango w’irahira rya Perezida Kagame 

Gen. Muhoozi Kainerugaba, Umuhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni,amaze gutangaza ko azaba ari mu Rwanda mu muhango wo kurahira kwa Perezida Kagame uteganijwe mu minsi iri mbere. Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba amaze gutangaza ko agomba kuba ari umwe mu banyacyubahiro bagomba kuzitabira umuhango wo irahira rya Perezida Kagame uherutse…

Read More

Rutahizamu w’Amavubi Byiringiro Lague yafashije ikipe ye kwitwara neza

Rutahizamu wa Amavubi Byiringiro Lague yaraye yitwaye neza ndetse anafasha ikipe ye ya Sandvikens IF kwitwara neza nyuma yo gutsinda igitego muri bine batsinze ikipe ya Gefle IF ikinamo umunyarwanda Raphael York muri shampiyona y’icyiciro cya Kabiri yo muri Suwede. Umunyarwanda Byiringiro Lague yinjiye mu kibuga asimbuye umunya – Nigeria John Junior Igbarumah ku munota…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : ikipe ya SSC Napoli yashinzwe uyu munsi naho Bastian Schweinsteiger abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo 1926 uyu ni Umunsi w’ishingwa rya ekipe ya SSC Napoli. Iyi kipe yo mu Butaliyani yegukanye ibikombe 4 bya shampiyona y’imbere mu gihugu ,banatsindiye Igikombe cya UEFA cyo muri 1988/89. 1936 Ikibuga mpuzamahanga cy’umupira w’amaguru cya Olympiastadion cyafunguwe i Berlin. Kuva yafungurwa, imikino 46…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Hashinzwe Umujyi wa Baghdad naho Arnold Schwarzenegger abona izuba

uyu munsi tariki 30 Nyakanga ni umunsi wa 212 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 154 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 762: Hashinzwe Umujyi wa Baghdad, ukaba n’umurwa mukuru wa Iraq ,ushinzwe na Al-Mansur, Almanzor or Abu Ja’far Abdallah ibn Muhammad al-Mansur. 1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika…

Read More

Intwaro eshatu za Murera zamaze gusesekera i Kigali !

Abakinnyi bagera kuri batatu barimo Nathanael Iga Ndwangou ,Youssou Diagne na Rutahizamu Fall Ngagne bamaze kugera kugera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kugira ngo basinyire ikipe ya Rayon sports. Nathanael Iga Ndwangou, umusore wimyaka 21 ukina nka Rutahizamu , yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kugira ngo asinyire muri Gikundiro ,uyu musore ukiri…

Read More

Ntwari Fiacre yakirijwe kunyagirwa umuba w’ibitego muri ekipe ye nshya ya Kaizer Chiefs

Ntwari Fiacre usanzwe ari Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi yakinnye umukino we wa mbere muri Kazier Chiefs nubwo bitagenze neza kuko banyagiwe na ekipe ya Young Africans  ibitego bine ku ubusa. Ntwari Fiacre yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa Kaizer Chiefs avuye muri ekipe ya Ts Galaxy nayo yo muri Afurika y’epfo ndetse ahita anashyirwa ku rutonde rw’abagomba gukina…

Read More