Biravugwa ko Umunsi wa Mukura ‘Mukura Day’ ushobora kuza guhindurirwa amatariki wagombaga kuberaho
Biravugwa ko FERWAFA ishobora kumenyesha Ikipe ya Mukura VS ko umukino wa gicuti uzayihuza Rayon Sports kuri ‘Mukura Day’, udashobora kubera rimwe na Super Cup izahuza APR FC na Police FC. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje Ikipe ya Mukura VS ko umukino wa gicuti uzayihuza Rayon Sports kuri ‘Mukura Day’, udashobora kubera rimwe…