Huye: umugabo wishe umugore we babanaga yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, ruri ku cyicaro cyarwo i Huye, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Umugabo w’imyaka 44 wishe umugore babanaga amutemesheje umuhoro rumuhanisha igihano cy’ igifungo cya burundu. Uwari ukurikiranyweho icyaha, mu ijoro ryo ku itariki ya 25 Mutarama 2025, ari iwe mu rugo mu mudugudu wa Gisagara, akagari ka Shyembe, umurenge wa Maraba,…

Read More

Intambara ya Israel na Palestine : Abarimo abana 13 bapfiriye mu gitero cya Israel muri Gaza

Kuri iki cyumweru , Igitero cya Isiraheli yagabye ku nzu ziri mu nkambi y’impunzi ya Jabalia icumbikiye abanyapalestine bari bimuwe n’intambara cyahitanye nibura abantu 32, barimo abana 13 ndetse ibi bibaye mu gihe imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu iburira isi ko ibintu bikomeye cyane mu majyaruguru ya Gaza . Minisiteri y’ubuzima muri Gaza yavuze ko abantu…

Read More

Ntwari Fiacre yakirijwe kunyagirwa umuba w’ibitego muri ekipe ye nshya ya Kaizer Chiefs

Ntwari Fiacre usanzwe ari Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi yakinnye umukino we wa mbere muri Kazier Chiefs nubwo bitagenze neza kuko banyagiwe na ekipe ya Young Africans  ibitego bine ku ubusa. Ntwari Fiacre yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa Kaizer Chiefs avuye muri ekipe ya Ts Galaxy nayo yo muri Afurika y’epfo ndetse ahita anashyirwa ku rutonde rw’abagomba gukina…

Read More

Rutshuru : Ibintu byamaze guhindura isura nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya Wazalendo na M23!

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 3 Ukuboza, abantu ibihumbi n’ibihumbi bakomeje kuva mu byabo kandi amashuri menshi yafunze mu mujyi wa Bukombo, uherereye muri Bwito, ho muri Teretwari ya Rutshuru ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC nyuma y’imirwano imaze iminsi ihanganishije inyeshyamba za M23 n’abarwanyi ba Wazalendo . Amakuru agera kuri Daily…

Read More

Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza ikomeje kuza mu majwi ya abatari bake mu zihabwa amahirwe yo kwegukana EURO 2024

Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza iri muzihabwa amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Euro 2024 rizabera mu gihugu cy\’ubudage kuri uyu wa kane taliki 14/Kamena /2024 bashingiye kubudasa n\’ubuhanga bwa abakinnyi bayo n\’uko yagiye yitwara mu marushanwa yashize. Nyuma yaho iterwa rya penaliti ribujije ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza gutwara igikombe cy\’uburayi cyo muri 2021 nyuma gutsindwa n\’abataliyani kuri penaliti,…

Read More

Mykhailo Mudryk ushobora guhagarikwa imyaka ine adakina yagize icyo avuga ku byo aregwa

Umunya-Ukraine akaba na mababa w’ikipe ya Chelsea nyuma yo guhagarikwa by’agateganyo mu gukina umupira w’amagaru nk’uwabigize umwuga haba muri Chelsea ndetse n’ikipe y’igihugu ye ya Ukraine kubera gukoresha ibyongerambaraga bitemewe , kuri ubu yagize icyo abivugaho. Kuri uyu munsi wa tariki 17 Ukuboza 2024, nibwo ayamakuru yagiye ahagaragara gusa uyu musore yari amaze iminsi akorwaho…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Igihugu cy’ubuhinde cyabonye ubwigenge naho Umufasha wa Bill Gates abona izuba

Tariki ya 15 Kanama ni umunsi wa 228 wumwaka muri kalendari ya Geregori; ubu hakaba hasigaye iminsi 138 kugirango umwaka urangiye. Uyu munsi Kiliziya Gatolika yizihiza Umunsi Mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikiramariya, Nyina wa Yezu, uyu munsi uzwi nka Asomusiyo.Hizihizwa kandi Mutagatifu Arnoul de Soissons uyu ni umutagatifu ukomeye ku banyamuziki (le patron des…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Arnold Schwarzenegger wakinaga umukino wo guterura ibiremereye yabaye umunyamerika

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi tariki muri siporo 1892 club yo koga ya Amsterdam yiswe “The Y”. 1906 Kaarlo Nieminen yatsinze marato ya 1 yo muri Finlande. 1938 Umushoferi wo gusiganwa mu Bwongereza George Eyston yashyizeho amateka yo gukoresha umuvuduko w’imodoka mwinshi ku isi [357.5 MPH]. 1979 Ryder Cup Golf, The Greenbrier: Amerika yatsinze,…

Read More

Mozambique : abantu 16 bakomereye mu myigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi buriho

Kuri uyu wa kane tariki ya 6 werurwe 2025 , Imiryango itegamiye kuri leta yo muri Mozambique yatangaje ko abantu basaga cumi na batandatu bakomerekeye mu bikorwa bya polisi y’iki gihugu byo guhosha imyigaragambyo y’abashyigikiye umuyobozi witwa Venancio Mondlane utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho . Amakuru dukesha ikinyamakuru The East African yemeza ko mu gitondo cyo…

Read More

Dore urutonde rw’imijyi 10 ifite ubuzima buhenze ku isi

Buri mwaka imbuga zitandukanye zikora ibijyanye n’ibarura ndetse n’igenamigambi, ntizisiba kugereranya imwe mu mijyi yihagazeho mu bijyanye n’ubutumbagire bw’ibiciro ku bihagurishirizwa. Nubwo ibi biri tukwereka, byatangajwe n’ubushakashatsi bwo mu myaka 2 ishize, imibare iracyari hejuru cyane ugereranije na kera ubwo ibi bitabashaga kuba byakwerekanwa. Umujyi wa Singapore muri Aziya n’uwa Zurich wo mu Busuwisi, niyo…

Read More