Police Handball Club yafatiwe ibihano nyuma yo kurangwa n’imyitwarire itari myiza

ikipe ya Police Handball club yahawe ibihano n’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Handball mu Rwanda   nyuma y’uko iherutse kwikura mu mukino utarangiye kubera kutishimira uburyo bw’imisifurire. Iri Shyirahamwe kandi rivuga ko ubugenzuzi bwakozwe hagendewe ku mategeko agenga shampiyona mu Rwanda n’agenga umukino wa Handball ku Isi ku gice kijyanye n’ibihano . Ibi ninabyo byashingiweho mu guhagarika CIP…

Read More

H.E Paul Kagame: iyo hagize utuzanaho urugomo n’ubushotoranyi, duhagurukira kwirwanaho

Kuri uyu wa 04/07/2024,u Rwanda,abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bizihije umunsi mukuru w’imyaka 30 ishize u Rwanda rwibohoye ingoma y’amacakubiri,ivangura,akarengane n’ibindi byakandamizaga abanyarwanda. Uyu munsi Kandi nibwo abanyarwanda bibuka Ingabo za FPR Inkotanyi zahoze Ari iza RPA zabohoye u Rwanda zikanahagarika Genocide yakorewe abatusi mu 1994.Ku itariki ya 04/07/1994,nibwo ingabo za FPR Inkotanyi,zabohoye u Rwanda,urugamba zari…

Read More

Muhazi United yamaze gufatira ibihano Mugiraneza Jean Baptiste ’Migi’ wavuzweho gusaba umukinnyi kwitsindisha

Ikipe ya Muhazi United ikina ikiciro cya mbere cy’Umupira w’Amaguru mu Rwanda yamaze guhagarika Mugiraneza Jean Baptiste ’Migi’ kubera ibyaha akekwaho bijyanye na Match Fixing aho mu majwi bivugwa ko ari aye yumvikanye asaba umukinnyi kwitsindisha. Mu majwi yasakaye mu bitangazamakuru by’u Rwanda ku munsi w’ejo wa tariki 17 Werurwe 2025, yumvikana asaba umukinnyi wa…

Read More

Paper Talk[Europe]: Vinicius Jr  muri Saudi Pro-League, Manchester United  ntirashirwa irashaka rutahizamu mushya!

Southampton yamaze kumvikana na  Hoffenheim  kubagurisha myugariro wayo  Armel Bella-Kotchap  w’imyaka 22 kuri £12.8m (15m euro) nyuma y’uko Hoffenheim itakaje rutahizamu wayo Maximilian Beier werekeje mu ikipe ya Borussia Dortmund  . (Sky Sports) Napoli yatanze ubusabe bufite agaciro ka  25m euros (£21.4m)  hakiyongeraho  5m euros (£4.3m)  mu ikipe ya Chelsea kuri rutahizamu  Romelu Lukaku, 31 Umubiligi igomba…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : U Rwanda rwahawe kwakira shampiyona y’isi y’amagare ya 2025

2021 Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 23 Nzeri 2021, nibwo impuzamashyirahamwe y’umukino wo gusiganwa ku magare ku Isi (UCI), yemeje ko u Rwanda ruzakira shampiyona y’isi y’umukino w’amagare mu mwaka wa 2025, iri rushanwa rikazaba ribaye irya mbere ribereye ku mugabane wa Afurika. U Rwanda ruhawe kwakira iri rushanwa nyuma yaho hari…

Read More

Rutahizamu wa Chelsea agiye guhagarikwa imyaka ine adakina

Mykhailo Mudryk, umukinnyi wo ku ruhande w’ikipe ya Chelsea n’ikipe y’igihugu ya Ukraine, w’imyaka 24, yashyizwe mu majwi n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (FA) nyuma yo kugaragarwaho n’ibimenyetso by’imiti itemewe mu mubiri. Mudryk yari yarafatiwe ibipimo mu kwezi k’Ugushyingo 2024, aho ibisubizo bya “urine test” byagaragaje ibyo bita adverse finding, ni ukuvuga ibinyuranyije n’amategeko y’ikoreshwa…

Read More

Umuzamu w’Amavubi Ntwari Fiacre uri mu bihe bibi agiye kubona indi kipe yerekezamo

Umuzamu mpuzamahanga w’Umunyarwanda akaba n’umuzamu wa mbere w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” Ntwari Fiacre ashobora gutandukana n’ikipe ya Kaizer Chiefs nyuma yo kugirwa umuzamu wa Gatatu w’iyi kipe yaraje ari umuzamu wa mbere. Uyu muzamu wakiniye amakipe atandukanye Kandi anakomeye hano mu Rwanda arimo Intare(2016-2017), APR FC na Marines FC(2017-2021) , AS Kigali (2021-2023), na…

Read More

 Rubavu : umugore w’imyaka 37 y’amavuko, yafatanywe amacupa 418 yo mu bwoko butandukanye bw’amavuta yo kwisiga yangiza uruhu

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu bikorwa byo kurwanya magendu n’ibicuruzwa bitemewe mu Karere ka Rubavu, umugore w’imyaka 37 y’amavuko, wari ufite amacupa 418 yo mu bwoko butandukanye bw’amavuta yo kwisiga yangiza,  uruhu azwi ku izina rya Mukologo. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure…

Read More