Watch Loading...
HomePaper TalkRwanda & Africa

Mucyo Didier Junior muri Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Mandela National Stadium izakira mikino ibiri ya Uganda cranes, Basketball Africa League(BAL)

\"\"

Rayon Sports, Myugariro wo ku ruhande rw’iburyo wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, Mucyo Junior Didier agiye kujya mu igeragezwa mu ikipe ya Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, agomba gukora igeragezwa ry’iminsi 30.(#Isimbi)

Rayon Sports, Nyuma yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko nubwo ari mu biganiro n’iyi kipe hari andi makipe yo hanze barimo kuvugana, Muhire Kevin amasezerano ye muri Rayon Sports yarangiranye n’umwaka w’imikino wa 2023-24.(#Isimbi)

Kapiteni w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda (Amavubi), Bizimana Djihad usanzwe ukina mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Ukraine mu ikipe yitwa Kryvbas KR, avuga ko yashimishijwe no kuba ikipe ye yarabonye itike yo gukina imikino ya Europa League Mumwaka w’Imikino utaha nyuma yo kubona umwanya wa 3 muri shampiyona.(#Kigali To Day)

Torsten Frank Spittler umutoza w’Ikipe y’Igihugu (Amavubi), yavuze kuri rutahizamu Ani Elijah kugukinira ikipe y’Igihugu \”Baracyabyigaho kuko muri iyi myaka amategeko ya FIFA yarahindutse, tugomba kubyitondera kugira ngo bizabe binyuze mu mucyo, turacyategereje igisubizo tuzahabwa na FIFA ibindi tuzabireba nyuma\”(#Kigali To Day)

Cricket Ikipe ya Challengers yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya T20 y’uyu mwaka itsinze IPRC Kigali ku kinyuranyo cya ’wickets’ esheshatu.(#Igihe)

Basketboll Africa League Amakipe azakina ½ yamaze kumenyekana Rivers Hoopers izakina na al Ahly Ly Sporting Club taliki ya 29,Gicurasi(12:00 AM) mugihe Petróleos de Luanda izakina na Cape Town Tagers (8:00PM) Kuri uwo munsi muri BK Arena.(#BAL)

 Confederation of African Football- CAF  yemeje Mandela National Stadium- Namboole  ko yujuje ibyangombwa byo kuzakira imikino yo gushaka tike y’Igikombe kisi cya 2026, Uganda cranes izakina na Bostona na Algeria.(#Independent)

Stephanie Aziz Ki (Yanga) and Feisal Salum (Azam) birasa nki bigoye ko bazagwiza umubare w’Ibitego 26 kugirango bakureho agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu mwaka umwe w’Imikino kakozwe na MOHAMED Hussein ‘Mmachinga wabikoze akinira ekipe ya young Africans yo muri Tanzania,1997 ina twara igikombe cy’Ashampiyona.(#Dailynews)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *