Umwami Mswati III agiye kurongora Umukobwa wa Jacob Zuma

Nomcebo Zuma, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zuma, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore mushya w’Umwami Mswati III wa Eswatini ku munsi wa nyuma w’ibirori gakondo bimara iminsi ine muri iki gihugu.  Umwami Mswati yizeje Jacob Zuma inka 100 na miliyoni zigera kuri ebyiri z’ama-Rand (arenga miliyoni 150Frw), yafatwa nk’inkwano, ku mukobwa we.Ku wa…

Read More

Kwibuka31: Dore uko Jenoside yateguwe ikanashyirwa mu bikorwa mu Mujyi wa Butare

Uburyo bwakoreshejwe mu gutegura Jenoside yakorewe Abatutsi mu Mujyi wa Butare wari Umujyi wa 2 mu Gihugu witwa “Capitale y’Abanyabwenge” buratangaje ndetse buranababaje .  Habanje hashyirwaho  “Comité du Salut Public”yari ishinzwe kwirukana Abatutsi mu mashuri no mu nzego z’imirimo, i Butare, uruhare rw’ishyirahamwe SECA ryahuzaga abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye n’abayarangije, ryayoborwaga na Padiri Naveau…

Read More

Inkuru Yose: Uko umunsi wa 10 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu wagenze ku italiki 01 Nyakanga ,2024 ndetse na gahunda y’Umunsi wa 11

Ku munsi wa 10   wo kwiyamamaza kuba kandida perezida kuri uy’u wambere taliki ya 01 Nyakanga 2024 hiyamamaje gusa umukandida peresida  w’ishyaka riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije  “ Democratic Green Party”  Dr Frank Habineza. Uy’u mukandida wa Green Party ibikorwa bye byo kwiyamamaza  yabikoreye  mu ntara  yuburengerazuba mu Karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe …

Read More

Ni iki U bubiligi bwa Kevin De Brune buhatse muri EURO 2024 budafite Courtois ariko bwagaruye witsel ?

Umukinnyi wo hagati wa Manchester City, Kevin De Bruyne, azayobora ikipe y’Ububiligi yasubiwemo harimo na Alex Witsel wigeze gusezera muri Shampiyona y’Uburayi ukwezi gutaha. Kuri uyu wa kabiri, De Bruyne na Witsel baje ku rutonde rw\’abakinnyi 25 bashyizwe ahagaragara n\’umutoza Domenico Tedesco. Umunyezamu wa Real Madrid, Thibaut Courtois, witegura umukino wa nyuma wa Champions League….

Read More

Madamu Jeanette yahaye urubyiruko umukoro wo kurwanya abasebya u Rwanda

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe Abatutsi, asaba urubyiruko kugira uruhare mu guhangana n’abasebya u Rwanda ndetse n’abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside. Mu kiganiro cyibanze cyane cyane ku mateka y’u Rwanda cyatanzwe na Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, yabwiye uru rubyiruko ko u…

Read More

Paper Talk [ Europe ] : Liverpool yo byanze – i Burayi haramutse handikwa iki ?

1. Ikipe ya Arsenal biravugwa ko iri kwifuza gusinyisha rutahizamu w’umunya – Esipanye w’imyaka 22 ukinira ikipe ya Atheletico Bilbao witwa Nico Williams. [ FICHAJES ] 2.Ikipe ya Real Madrid ngo ntiyigeze icika mu gukomeza gukomangira ikipe ya Liverpool kugirango ibashe gusinyisha myugariro wayo ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza ukina ku ruhande rw’iburyo witwa Trent Alexander…

Read More

Rutshuru: Abatuye Kitshanga bagumye mu ngo zabo nyuma y’imirwano ikaze ishyamiranishije Wazalendo na M23

Ku wa gatatu, tariki ya 11 Nzeri, abaturage bo mu mujyi wa Kitshanga, agace ka Rutshuru (Amajyaruguru ya Kivu), bakomeje kuguma mu ngo zabo, nyuma y’imirwano yabaye hagati ya Wazalendo na M23. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abivuga, irindi tsinda ry’abasore rya Wazalendo bagabye igitero hagati ya Kitshanga mu masaha ya mu gitondo kugira…

Read More

APR FC yasubukuye imyitozo yitegura Pyramids FC

Nyuma yo gutsinda no gusezerera Azam FC mu ijonjora ry’ibanze, APR FC ikomeje imyitozo yitegura iyo zizahura mu cyiciro gikurikiyeho. Kuwa gatandatu tariki ya 24/8/2024 ni bwo APR FC yatsinze Azam FC ibitego 2-0, iyisezerera ityo ku bitego 2-1 hateranyijwe imikino yombi y’ijonjora ry’ibanze mu mikino yo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere…

Read More

Umuramyi Patient Bizimana yakiranywe ubwuzu  aho agiye gutaramira  

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana yamaze kugera mu Mujyi wa Ottawa aho yitegura ibitaramo Pasika (Easter Celebration) bigomba kubera mu Mujyi wa Ottawa tariki 19 Mata na Montreal tariki 20 Mata 2025. Ibi bitaramo bizabera muri Canada, Patient Bizimana azafatanya n’abahanzi bamamaye mu ndirimbo ziramya zikanahimbaza Imana, harimo Serge Iyamuremye ndetse…

Read More

Liverpool yateye utwatsi miliyoni 20 Real Madrid iri gutanga kuri Alexander Arnold

Ikipe ya Liverpool biravugwa ko yamaze kwanga amafaranga angana miliyoni 20 z’amayero ikipe ya Real Madrid iri kuyiha kugirango itware myugariro wayo ukina ku mpande witwa Trent Alexander Arnold muri iri soko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri uku kwezi kwa mbere . Ikipe ya Real Madrid mbere na mbere yabanje kugirana ibiginiro n’umukinnyi ku gite…

Read More