perezida Putin yavuze ko uburusiya na Koreya ya Ruguru bigiye gufatanya buvandimwe;uzajya utera umwe uhangane na babiri

Perezida w’uburusiya Vladmir Putin kuri uyu wa gatatu yatangaje ko umubano uri hagati cya Koreya ya Ruguru na uburusiya wamaze kuba ntajegejega ;ko uzajya ashotora igihugu kimwe azajya ahangana n’ibi bihugu bishuti byombi kandi akirengera ingaruka n’ikiguzi cyibo aza akoze. Ibi Perezida Putin yabitangaje kuri uyu wakane ubwo yagiriraga uruzinduko mu gihugu cya Koreya yepfo…

Read More

Icyumweru kimwe cyari gihagije gusa kugirango Minisitiri Muamba yegure muri Guverinoma ya DR.Congo

Stéphanie Mbombo Muamba ,nyuma y’icyumweru kimwe yaramaze mu nshingano zo kuba minisitiri w’Ibidukikije n’Iterambere rirambye ry’Ubukungu bubungabunga kirere muri Guverinoma ya DRC muri uru rukerera rwo kuri uyu wa 19 Kamena 2024 yatangaje ko yeguye kuri izi nshingano yari amazemo icyumweru, kubera impamvu ze bwite. Uyu munyacyubahiro ,Tariki ya 12 Kamena 2024 ni bwo Minisitiri…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abashakira abakinnyi APR FC bari Ghana, n’Imugihe ikipe yo muri Ghana yasezereye abakinnyi 11 icyarimwe!

Shaban Chilunda rutahizamu w’imyaka 25 ukinira ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania biteganyijwe ko agomba gusohoka muri iy’ikipe nyuma y’imyaka ibiri yari ayimazemo nyuma yo kuva mu ikipe ya Azam doreko hari n’abandi ba kinnyi benshi Simba yatandukanye n’abo.(#Micky Jr) Umufaransa akaba n’inzobere mu mupira wa magururu w’Africa Fernando Da Cruz b’iteganyijwe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Taliki ya 19/Kanama,Cleveland Cavaliers yegukanye igikombe cya mbere cya NBA itsinze Golden State Warriors naho Anthony Parker na Mateus Galiano da Costa babona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo; uyu munsi ku wa gatatu ,Tariki 19/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 171 mu igize umwaka, hasigaye 195 ukagera ku musozo. 1846 ,Nibwo habaye umukino wambere wemewe ku rwego rw’isi wa Baseball . 1897,Tennis ,US National Championship  mu bagore ,uliette Atkinson yandagaje  Elisabeth Moore…

Read More

TODAY IN HISTORY :taliki ya 19/Kamena, Igihugu cya Afganistan cyabonye ubwigenge ,Bill Clinton na Jose Gervasio babona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku wa gatatu ,Tariki 19/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 171 mu igize umwaka, hasigaye 195 ukagera ku musozo. 1768: Hashinzwe Cathedral izwi cyane mu gihugu cy’u Burusiya yitiriwe Mutagatifu Isaac ikaba yubatse mu Mujyi wa Saint Petersburg. 1919: Igihugu cya Afganistan cyabonye ubwigenge mu buryo budasubirwaho, cyibohora…

Read More

Paper Talk[Europe]:Manchester City yafashe umwanzuro kungingo yokuzana abakinnyi, bamwe mu bakinnyi ba Barcelona bari kwanga kuyivamo!

Brighton yamaze gutangira gukurikirana umusore w’imyaka 22 ukomoka mu gihuhu cy’Ubuhorandi  Crysencio Summerville ukinira ikipe ya   Leeds United uy’umusore watsinze ibitego 20 muri shampiyona y’ikiciro cya kabiri mu gihugu cy’Ubwongereza  ndetse atanga n’imipira icyenda yavuyemo ibitego. (Talksport) Mababa ukomoka mu gihugu cya Spain Ferran Torres arifuzwa cyane n’ikipe ya  West Ham United muri iy’impeshyi gusa uy’umusore w’imyaka…

Read More

EURO 2024: Portigal ya Cristiano Ronaldo igiye kumanuka mu kibuga mu kanya na ekipe y’igihugu ya repubulika ya czechia[Full report]

Ikipe y’iguhugu ya Portigal iri muzihabwa amahirwe yo gutwara Euro 2024 iraza kumanuka mu kibuga ku i saha y’i saa tatu,aho iraza kuba ihanganye na ekipe y’igihugu ya repubulika ya czechia kuri sitade Red Bull Arena isanzwe ikinirwaho n’ikipe ya RB Leipzig ya hariya mu budage. Ni umukino wa mbere w’ikipe y’igihugu ya Portigal la…

Read More

Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yakiriye indahiro za abofisiye bato bashya b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora

Abofisiye 166 barimo abakobwa 27 mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS), barangije amasomo mu Ishuri rya RCS rya Rwamagana, banahabwa ipeti rya AIP (Assistant Inspector of Prison). Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yakiriye indahiro z’abofisiye bato bashya b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, bahuguriwe bwa mbere mu ishuri ry’amahugurwa ry’uru rwego. Yabasabye kutajya mu bikorwa…

Read More

Perezida Netanyahu yasheshe goverinoma ye yari ifite mu nshingano intambara yo muri Gaza

Ku wa mbere, Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasheshe Inama y’Abaminisitiri y’intambara, iki kikaba ari igikorwa gishimangira uruhare rwe mu ntambara yo muri Isiraheli na Hamas kandi bikaba bishobora guhagarika imirwano mu karere ka Gaza vuba aha. Perezida Netanyahu yatangaje ibi nyuma y’iminsi mike uwo bahanganye mu bya politiki, Benny Gantz, avuye muri Guverinoma…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Omborenga Ubwe icyo avuga kukujya muri Rayon Sports aganiriye n’Itangazamakuru,Younga Africans mu bibazo b’iyisaba arenga $100,000!

Umuzamu ukomoka mu gihugu cya Sudan Mohamed Mustafa  wari intizanyo y’ikipe ya Al Merriekh muri Azam yo mu gihugu cya Tanzania iy’ikipe yamaza kumwibikaho mu buryo bw’aburundu uy’u musore w’imyaka 28 yamavuko.(#Micky Jr) Simba SC bidasubirwaho yamaza gutandukana na rutahizamu ukomoka mu gihugu cy’Uburundi  Saidi Ntibazonkiza  w’imyaka 40 uri no gutekerezwa cyane n’amakipe yo mu…

Read More