Uganda; Minisitri Phionah Nyamutoro yarusimbutse,Batanu batawe muri yombi.

Polisi mu karere ka Rubanda ko mu Burengerazuba bwa Uganda, yatangaje ko yataye muri yombi abacunga umutekano Batanu bakekwaho gusuka urufaya rw’amasasu kuri Minisitri ushinzwe ingufu,ubucukuzi asuye ikirombe byavugwaga ko gikorerwamo ubucukuzi butemewe. Mu masaha yatambutse nibwo humvikanye urusaku rw’amasasu muri aka gace ka Butare- Kajooko,byari bizwi ko minisitiri Phionah Nyamutoro aza kugirirayo uruzinduko. Akigera…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abatoza batanu bashaka gutoza Rayon Sports, Simba SC iri gukora akazi mu bakinnyi bayo irasigara ari nshya!

Kennedy Juma Umunya Tanzania w’imyaka 29 wakiniraga ikipe ya Simba SC  bamaze gutandukana , n’inyuma yabakinnyi benshi Simba imaze gutandukana n’abo kubera umwaka w’imikino utaragenze neza n’imyaka itatu nta gikombe  cya shampiyona.(#Micky Jr) US Monastir yo mu gihugu cya Tunisia yabonye tike yokuzakina imikino nya Africa ya Champions League aho izaba iri kumwe na ES…

Read More

Paper Talk[Europe]: Barutahizamu babiri Chelsea y’ifuza gukuramo umwe, bamwe mu bakinnyi ndetse na mafaranga n’ibyo Arsenal igiye gukoresha mu kugura abakinnyi!

Lazio yamaza gufungura ibiganiro  n’ikipe ya  Manchester United  kumusore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza w’imyaka 22  Mason Greenwood nyuma y’uko Greenwood asoje amasezerano y’intizanyo mu ikipe ya Getafe mu gihugu cya Spain . (Mail) Gusa Juventus na Napoli n’azo zirifuza gutwara uy’umusore w’imyaka 22  Mason Greenwood. (Independent) Arsenal irakomeje cyane inagerageza gutwara umusore w’ikipe ya  Newcastle United ukomoka mu gihugu cya Brazil ukina…

Read More

COVID-19 yerekanye ubusumbane hagati y’ibihugu : Perezida Kagame

Perezida Kagame yageze mu bufaransa Aho yitabiriye inama yiga ku bijyanye no kongera ikorwa ry’inkingo muri Africa. Ni inama ihuriza hamwe Africa yunze Ubumwe,Ubufaransa n’ibindi bihugu by’uburayi ku bufatanye na GAVI nk’umuryango wita ku kwihaza ku nkingo ndetse no kuzisaranganya. Iyi nama yitezwemo gushyiraho umurongo w’ikorwa ry’inkingo no kugabanya ubusumbane mu kuzikwirakwiza himakazwa kuzamura ubushobozi…

Read More

Ibyo komisiyo y’igihugu ya amatora isaba abanyarwanda kwitwararika mu gihe cya amatora

Mu masaha yegereje igicamunsi , Ku cyicaro cya komisiyo y’igihugu y’amatora ,komisiyo y’igihugu yamatora yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru ku myiteguro y’amatora ateganijwe muri nyakanga . Iki cyari ikiganiro cyayobowe na perezidante wa Komisiyo y’igihugu y’amatora Hon Oda Gasinzigwa ,aho cyibandaga kubijyanye n’amabwiriza y’ibyemewe n’ibitemewe yaba mu gihe cyo kwiyamamaza cyegereje ndetse no kugeze mu gihe cy’amatora…

Read More

Nubwo aherutse kwisasira ingona za Lesotho, ntacyo byamariye Amavubi ku rutonde rwa FIFA

Mu kanya gashize ikipe y’igihugu y’u Rwanda [AMAVUBI STARS] yisanze ku mwanya w’ ijana na mirongo itatu na rimwe ku rutonde ngarukakwezi rusohorwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA . Uru ni urutonde rumaze gusohorwa mu kanya gashize,aho ikipe y’igihugu y’u Rwanda imaze kwisanga ku mwanya w’ijana na mirongo itatu n’umwe akaba ari nawo rwari…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Taliki ya 20/Kamena , Antonín Panenka yanditse izina byumwihariko ku bijyanye nuburyo bw’imiterere ye ya Penaliti budasanzwe naho Frank Lampard na Raúl Ramírez

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo; uyu munsi ku wa Kane ,Tariki 20/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 172 mu igize umwaka, hasigaye 194 ukagera ku musozo. 1936 Umunyamerika wiruka Jesse Owens yashyizeho amateka ya metero 100 ku isi amasegonda 10.2. 1960: mu iteremakofe , Floyd Patterson  yigaruriye umudali muri uyu…

Read More

TODAY IN HISTORY :Taliki ya 20/Kamena,Umwamikazi Victoria yimye ingoma y’Ubwami y’Abongereza naho Nouri Al-Maliki na Lionel Richie babona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku wa Kane ,Tariki 20/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 172 mu igize umwaka, hasigaye 194 ukagera ku musozo. Tariki ya 20 Kamena 2020 turibuka imiryango yazimye mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi. Ni umunsi GAERG itegura buri mwaka, ukabera ahantu hatoranyijwe hirya no hino mu…

Read More

Rayon sports yabagore binyuze mu bwumvikane yatandukanye n’abakinnyi umunani

Ikipe ya Rayon Sports y’Abagore yatandukanye n’abakinnyi 8 ,umutoza umwe ndetse n’umuganga. Iyi kipe yatwaye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere n’igikombe cy’Amahoro ku mwaka wa yo wa mbere, irashaka kwiyubaka birenze uko yari imeze umwaka ushize. Rayon Sports izahagararira u Rwanda mu mikino ya CECAFA izaba muri Kanama 2024 muri Ethiopia aho bazaba bashaka…

Read More

Umweyo muri APR FC: Bane baretswe umuryango,igumana babiri

APR FC yashimangiye ko yatandukanye na Omborenga Fitina, Ishimwe Christian, Bizimana Yannick na Rwabuhihi Placide, mu gihe yongereye amasezerano y’imyaka ibiri myugariro Niyigena Clement na Nshimiyimana Yunussu. Ba myugariro Rwabuhihi Aime Placide, Omborenga Fitina, Ishimwe Christian ndetse na rutahizamu Bizimana Yannick ni bo APR FC yasezeyeho nubwo byari bizwi ko batazakomezanya n’iyi kipe. Iyi kipe…

Read More