Paper[Europe]: Kevin de Bruyne amaso ayahanze Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika,Liverpool na Arsenal nizo zari zifite amahirwe yo kwegukana Lamine Yamal

Umunya-Portugal ukina hagati mu kibuga   Samu Costa, 23, ushinzwe kumushakira akaryo  yamuhaye ubusabe bwo kuba ya kwerekeza mu ikipe ya  Atletico Madrid nubwo igifite  amasezerano mu ikipe ya  Mallorca  azamugeza tariki 30 Kamena  2028. (Okdiario, via Estadio Deportivo – in Spanish) AC Milan yatangiye  kuganira n’abahagarariye inyungu  za   Tijjani Reijnders  Umuhorandi w’imyaka  26 ukina hagati mu…

Read More

RDF yahumurije abakeka ko kugira ingabo nyinshi hanze byatuma Abanyarwanda batarindwa bihagije

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) buratangaza ko kuba Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu bihugu bitandukanye ku isi, bidashobora kugabanya ubushobozi bwazo mu kurinda umutekano w’Abanyarwanda. Ahubwo, ibi bikorwa by’amahoro byongera ubumenyi, imyitozo, n’imikorere myiza ku basirikare b’u Rwanda, bakaba bashobora no gufasha abandi kugera ku rwego rw’umutekano rufatika. Mu kiganiro cyatanzwe n’Umuvugizi…

Read More

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko i Seoul muri Koreya yepfo

Iyi nama iteganijwe kuba hagati ya tariki 4-5, Kamena , 2024  aho izahuza abakuru bibihugu bya Afurika naza guverinoma nabahagarariye imiryango mpuzamahanga. iyi nama izayoborwa n\’umukuru w\’igihugu cya Korea y\’epfo Nyakubahwa Yoon Suk Yeol na Mohamed El Ghazouanui wa Mauritania Ari nawe ubu uyoboye umuryango wa Afurika yunze ubumwe,bikaba bitegenijwe ko bazaganira kuhazaza heza hahuriweho…

Read More

Umweyo muri Bugesera football club : batanu imaze kwemeza ko itandukanye nabo.

Bugesera FC ibicishije ku mbugankoranyambaga zayo yemeje ko yatandukanye n’abakinnyi batanu ari bo Stephen Bonney, Vincent Adams, Cyubahiro Idarusi, Dushimimana Olivier wasinyiye APR FC na Ani Elijah werekeje muri Police FC. iyi ikipe yo mu burasirazuba ,Kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kamena 2024, nibwo Bugesera FC yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo imenyesha…

Read More

Inzira ya Luanda : abagore bo muri DRC basabye Tshisekedi na Kagame kongera guhura

Ihuriro ry’abagore baharanira amahoro n’umutekano muri DRC ryahamagariye abakuru b’ibihugu bya Kongo n’u Rwanda, haba ku ruhande rwa Félix Tshisekedi na Paul Kagame,  kugaragaza umuhate mu kugarura amahoro ndetse ibi bigomba no kujyana kandi no gusubira ku meza y’ibiganiro  bya Luanda, ho muri Angola mu gihe cya vuba. Ubuyobozi bw’iri huriro  bwanavuze ko buhangayikishijwe n’iseswa…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Umutoza wa APR FC yongeye kwibazwaho! Al Ahly yanze ubusabe bwa Nice bwo kubagurisha umukinnyi

Igihugu cya Misiri  kirigutegura  gahunda yo gusaba kuzakira mikino ya Olempike  ya 2036  ikakirirwa I Cairo nyuma  y’uko ubu imikino ya Olempike  ya 2024 iri kubera I Paris mu gihugu cy’Ubufaransa.(#MickyJr) Ikipe ya Nice mu gihugu cy’Ubufaransa  y’umutoza  Franck Haise  yatanze akayabo ka  $2.7M   mu ikipe ya Al Ahly kugirango ibagurishe umusore wabo Mohamed Abdelmonem…

Read More

Paper Talk[Europe]: Alejandro Garnacho  agiye gutungurana ave muri United, amakipe ari kuvugishwa  kubere murumuna wa Jude  Bellingham!

Chelsea irashaka gutwara umusore w’ikipe ya Newcastle United   Alexander Isak  w’imyaka 24 akaba akomoka mu gihugu cya Sweden gusa ifite urugamba rukomeye rwo kwishyura igiciro kirenga  agera kuri £115m rutahizamu bavanye mu gihugu cya Esipanye . (Mail) Arsenal birasa nk’ibigoye  cyane  ko  yazabona rutahizamu  ukomoka mu gihugu cya Guinea  Serhou Guirassy  wagize  umwaka mwiza cyane w’imikino  mu…

Read More

Dore ubudasa bwa GLES  mu guhuza abifuza kwiga hanze y’u Rwanda na Kaminuza bashaka kwigamo

Ikigo Global Linked Education services [GLES] kiravuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye. Kuri ubu  GLES ihuza Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze ikabashakira za Kaminuza nziza mu Burayi, Amerika na Canada ndetse…

Read More