TODAY IN SPORTS HISTORY: Taliki 9/Nyakanga,Wayne Rooney Marc yatangaje ko azava muri Manchester United nyuma yimyaka 13 naho Ashley Young abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo. 1877 Shampiyona ya mbere ya tennis ya Wimbledon yakinwe ku nshuro yayo ya mbere ,iri rushanwa bwa mbere ryabanje gukinwa n’abagabo gusa . 1991 Afurika y’Epfo yongeye kwinjira mu mikino Olempike 2000 Polisi yarashe abafana ibyuka biryana mu maso ndetse n’amasasu mu mukino w’umupira wamaguru wo gushaka itike…

Read More

Amagaju akomeje kwerekana ko atiyubakira kuri radio nk’uko umutoza wabo yigeze kubitangaza ahubwo ko biyubaka bucece!

Ikipe ya Amagaju ibarizwa mu kiciro cya mbere muri shampiyona y’u Rwanda yamaze kwibikaho abakinnyi bashya bandi byatumye yuzuza abakinnyi basaga batandatu imaze gusinyisha muri ir’isoko ry’Igura n’igurishwa ry’Abakinnyi. Iyi Ikipe ibarizwa mu majyepfo y’u Rwanda mu karere ka Nyamagabe nubwo kubw’impamvu y’Ikibuga umwaka w’Imikino utambutse yakiriraga imikino yayo kuri sitade mpuzamahanga ya Huye ,ikomeje…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 9/Nyakanga,Argentine yatangaje ubwigenge yibohoye ingoyi ya Espagne naho umwami Hassan II wa Morocco abona izuba

Uyu munsi kuwa kabiri,Taliki ya cyenda /Nyakanga ni umunsi w’i 190 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 176 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Kuri iyi taliki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye ikurwaho ry’ ibirego bya Jean Louis BRUGUIERE byasabaga ifatwa n’ itabwa muri yombi rya bamwe mu…

Read More

MANCHESTER UNITED: Jarrad Branthwaite,Joshua Zirkzee na Matthijs de Ligt bageze he binjira muri iyi ikipe ? ni bande bagomba gusohoka?

Manchester united iratangaza ko igomba gusinyisha abakinnyi bane bashya barimo Jarrad Branthwaite,Joshua Zirkzee na Matthijs de Ligt gusa ariko kandi ko abarimo Masoon Greenwood na Donny van de Beek bagomba gusohoka muri iyi ikipe. Ikipe ya Manchester United yongeye gutanga akayabo kuri myugariro wa Everton Jarrad Branthwaite.Everton yanze amafaranga manchester Unted yabanje gutanga dore yabanje…

Read More

Dore icyo u Rwanda ruvuga ku bijyanye n’iseswa ry’amasezerano arebana n’abimukira yari hagati yarwo na leta y’ u Bwongereza

Ku nshuro ya mbere leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku bimaze iminsi bitangajwe na Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Keir Starmer byerekeye amasezerano u Rwanda rwagiranye n’icyo gihugu arebana nikibazo cy’abimukira bivugwa ko yamaze guseswa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere ariki 08 Nyakanga 2024 ,mu itangazo ryasohowe n’ibiro by’umuvugizi wa Guverinoma y’u…

Read More

 Dore ikizakoreshwa arenga Miliyari 60Frw yasinywe n’u Rwanda n’u Butaliyani

Leta y’u Rwanda n’iy’u Butaliyani zasinyanye amasezerano y’inkunga afite agaciro a Miliyoni 50 z’amayero agomba gukoreshwa mu iterambere ry’ibikorwa byo kubungabunga ikirere no guhangana n’imihindagurikire ya cyo. kuri uyu wa Mbere tariki 08 Nyakanga 2024 nibwo aya masezerano yashizweho umukono ku mpande zombi ,aho kuruhande rw’u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi…

Read More

AMATORA 2024 : uko umunsi wa 16 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho [Inkuru yose ]

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Gakenke na Rulindo.Mu masaha ya saa…

Read More

Paper Talk[Europe]:Inama rukokoma muri Manchester United , Barcelona kuri Joao Cancelo bikomeje kugorana!

Juventus irashaka kugurisha Umutaliyani  akaba na rutahizamu Federico Chiesa, 26, kugirango yongere amafaranga yokwigurira  umusore w’ikipe ya  Manchester United  Jadon Sancho, nyuma yogutizwa mu ikipe ya Borussia Dortmund ariko bikaba bisankaho bashobora kutamutwara mu buryo bwa burundu. (Calciomercato – in Italian) Manchester United ndetse n’ikipe ya   Arsenal  zose z’iratekereza gutwara umusore w’Ikipe ya Ajax yomu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 8/Nyakanga,Brazil yandagajwe bikomeye n’ikipe y’igihugu y’ubudage naho Virgil van Dijk na Son Heung-min babona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi twibukiranya kuri iyi taliki mu mateka mu isi ya siporo: 1990 igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru cyabereye kuri Stadio Olimpico iherereye i Rome muri Italy penaliti yo kumunota wa 85 w’umukino ya Andreas Brehme yahesheje ubudage bw’iburengerazuba igikombe imbere ya Argentine 2004 Mark Viduka rutahizamu kabuhariwe wakiniraga Leeds united akanayitsindira ibitego 14 muri…

Read More