TODAY IN SPORTS HISTORY: umutoza w’ubufaransa Didier Deschamps yaciye agahigo naho Alberto Michelotti abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1928 22 Tour de France: umunya- Luxembourg Nicolas Frantz wakiniraga ekipe ya Alcyon  yambaye umwenda w’umuhondo kuva ku gace ka mbere kugeza iri rushanwa risoje . 1970 Danemark yatsinze Ubutaliyani ibitego 2-0 muri shampiyona y’isi yumupira wamaguru wabagore. 1991 Sandhi Ortiz-DelValle numugore wa mbere…

Read More

Tariki ya 15 Nyakanga mu mateka:Inkongi y’umuriro yibasiye urubuga rwa basilica yitiriwe Mutagatifu Paul, i Roma naho perezida wa Haiti Jean-Bertrand Aristide abona izuba

Uyu munsi kuwa mbere,Taliki ya cumi n’eshatu /Nyakanga ni umunsi w’i 195 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 171 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1099: Umurwa wa Yeruzalemu wigaruriwe n’abarwanyi barwanaga n’abantu bitwazaga imisaraba mu ntambara zitandukanye, aho bigaruriye kiliziya ndetse n’imva. 1149: Hongeye…

Read More

Manchester united yemeje ko imaze gusinyisha rutahizamu Joshua Zirkzee

Manchester United yemeje ko yasinyishije rutahizamu wa Bologna Joshua Zirkzee kuri miliyoni 36.5 Z’amayero. Uyu mukinnyi w’imyaka 23 w’umuholandi yasinyanye amasezerano y’imyaka itanu na Manchester united agomba kugeza muri Kamena 2029 ndetse hakaba harimo n’indi ngingo yo kuba yakongererwa andi mezi 12 y’amasezerano mu gihe aya maremare yaba ageze ku musozo. uyu abaye umukinnyi wa…

Read More

Umunye -congo watozaga Rayon sports mu myaka itatu ishize ashobora kuba agiye kuyigarukamo nk’umutoza mukuru nanone!

Guy Bukasa ashobora kongera kwisanga ari umutoza wa Rayon sports yigeze gutozaho mu mwaka wa 2021,aho biteganijwe ko ntagihindutse azahita azasinya umwaka umwe w’amasezerano. Amakuru agera kuri daily box avuga ko Bukusa Guy ukomoka mu gihugu cya repubulika iharanira demokarasi ya Kongo ari mu mazina aza ku isonga mu yafite amahirwe yo kuba yasimbura umufaransa…

Read More

KENYA : abapolisi bamwe bakuwe mu birindiro mu gihe bari gukorwaho iperereza rifitanye isano n’imirambo yabonetse mu myanda mu minsi ishize

igipolisi cya kenya cyatangaje ko abapolisi bakoreraga mu gace katoraguwemo imirambo mu minsi ishize bimuwe bakajyanwa gukorera mu kandi gace kugira ngo batabangamira iperereza rikomeje kubakorwaho nyuma y’uko bakomeje gushyirwa mu majwi n’abatari bake mu ku kuba bari inyuma y’ubu bwicanyi. Umugenzuzi mukuru w’igipolisi w’agateganyo wa Kenya yavuze ko abapolisi bari kuri sitasiyo ya polisi…

Read More

u Rwanda na Kenya byasabwe gutanga ubusobanuro bwimbitse ku ishimutwa rya Yusuf Ahmed Gasana

impuguke zigenga z’umuryango mupuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu zavuze ko Kenya n’u Rwanda bigomba gutanga ubusobanuro bujyanye no n’ishimutwa rya Yusuf Ahmed Gasana  . Ku ya 30 Gicurasi 2023, nibwo bivugwa ko Gasana yashimuswe ubwo yari iwe i Nairobi,agashimutwa n’abantu batamenyekanye kugeza ubu akaba ntawuzi irengero rye ,kuva icyo gihe Umuryango wa Gasana ntiwahwemye kumenyesha ibura…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ederson  Moraes  agiye kwerekeza muri Saudi Arabia, Manchester United igiye kugura umukinnyi utozwa na Jose Mourinho w’umuhanga  cyane!

Manchester United  ikomeje umugambi wayo wo kugurisha  umunya-Sweden wayo myugariro  Victor Lindelof, 29,  muri iy’impeshyi  ndetse  izumva  ubusabe bwa bifuza gutwara  Christian Eriksen  Umunya- Denmark  w’Imyaka 32 ukina hagati mu kibuga. (Manchester Evening News) Chelsea yamaze kwinjira muri gahunda yo guhanganira  Umufaransa ukina hagati mu kibuga w’Imyak 19 Desire Doue  dore  ko hari n’amakipe yandi menshi…

Read More

uyu munsi tariki ya 14 Nyakanga mu mateka;Louis VIII yabaye umwami w’igihugu cy’u Bufaransa naho Goodwill Zwelithini Kabhekuzulu, umwami w’Ubazulu abona izuba

Ku itariki ya 14 Nyakanga 1994 ab’i Kigali na Butare babyinaga intsinzi, ab’i Byumba bari mu mudendezo. Igihe cyari kigeze ngo abo mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri nabo bikirize intero y’amahoro. Ruhengeri y’imisozi miremire yakomokagamo abategetsi benshi b’u Rwanda muri Repubulika ya Kabiri. Niho hari hubatse gereza yafungirwagamo abitwaga ibyitso batavugaga rumwe n’ubutegetsi. Kuba…

Read More